Igisirikare cy’u Rwanda cyamaze gushyira hanze itangazo ryo kunamira Lt Gen Jacques Musemakweli wari Umugenzuzi Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) waraye atabarutse azize uburwayi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RDF yunamiye Lt Gen Jacques Musemakweli uri mu babohoye u Rwanda wahitanwe n’uburwayi
12 February 2021, by Dusingizimana Remy -
Mariya Yohana agiye kwizihiza ubutwari bw’Inkotanyi
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMariya Yohani umaze imyaka irenga 40 mu muziki, yatangaje ko agiye kwizihiza ubutwari bw’Inkotanyi mu guha icyubahiro ababohoye u Rwanda.
-
Amerika yitezwe kugeza ku Burusiya icyifuzo cy’agahenge k’iminsi 30
12 March 2025, by Joseph IradukundaUkraine yavuze ko yiteguye kwemera agahenge k’ako kanya k’iminsi 30 mu ntambara irimo kurwana n’Uburusiya, katanzwe nk’icyifuzo n’Amerika, nyuma y’umunsi w’ibiganiro hagati y’Amerika na Ukraine muri Arabia Saoudite.
-
Ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 7,2% mu 2026
24 January, by Angeline MUKANGENZIIkigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, cyashyize u Rwanda mu bihugu byitezweho kugira ubukungu buzazamuka cyane mu 2026, kuko byitezwe ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda uziyongera ku kigero cya 7,2%.
-
Habonetse umurambo w’umukinnyi Christian Atsu wari waraburiwe irengero
18 February 2023, by Dusingizimana RemyUhagarariye rutahizamu Christian Atsu yatangaje ko bashyize babona umurambo we nyuma y’igihe kinini bamushakisha mu bikuta by’inzu yabagamo byasenywe n’umutingito wibasiye Turkiya na Siriya,
Rutahizamu Christian Atsu yabonetse yapfuye ari munsi y’ibisigazwa by’iyi nzu yabagamo yasenwe n’umutingito mu minsi isaga 10 ihise.
Uyu yabaga mu majyepfo ya Turkia aho yakiniraga ikipe ya Hatayspor yo mu cyiciro cya mbere muri kiriya gihugu.
Kuri uyu wa gatandatu, umu-’agent’ we, Nana Sechere, (…) -
Abaraperi 9 bakomeye Akarere Ka Kicukiro kahaye Igihugu
29 April 2025, by Gladiator OGBijya bibaho ugasanga agace runaka kihariye impano nyinshi mu bintu runaka : Siporo,umuziki,ubukorikori,n’ibindi byinshi. ni ibisanzwe ko muri HipHop buri gace kaba gafite abaraperi bakomeye bahaboneye izuba cyangwa se bahamenyekaniye. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe abaraperi 9 bafite amazina azwi mu ruhando rwa muzika nyarwanda Akarere Ka Kicukiro kahaye Igihugu ndetse n’umuziki nyarwanda muri rusange.
-
Bebe Cool asanga ubuhanzi butatandukanwa no kwambara ubusa n’amashusho y’urukozasoni
22 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe yitegura gushyira ahagaragara amashusho y’indirimbo nshya yita ko adasanzwe, umuhanzi uri mu bakanyujijeho muri Uganda Moses Ssali uzwi cyane nka Bebe Cool, yatangaje ko kwambara ubusa no gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni bikorwa n’urubyiruko rw’abahanzi mu gihe bamamaza, ibikorwa byabo ari kimwe mu bigize ubuhanzi.
-
Element yinjijwe muri Album ya Platini P na Nel Ngabo ifite ishingiro kuri ‘Black Panther’
18 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi akaba n’umuhanga mu gutunganya umuziki (Producer), Element Eleeeh, ari mu bayoboye urugendo rwo gukora zimwe mu ndirimbo zizagaragara kuri Album nshya ya "Vibranium" y’abahanzi Rwangabo Byusa Nelson [Nel Ngabo] na Platini Nemeye [Platini P].
-
Rubavu: Babiri bakekwa kuba abo mu ngabo za FARDC baje kwiba inka barateshwa
5 September 2024, by Joseph IradukundaMu ijoro ryacyeye umuntu witwaje intwaro wari uturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yinjiye mu karere ka Rubavu aje kwiba inka y’umuturage, gusa birangira ayiteshejwe.
-
Kwibuka ni uguhora twikebura mu madini yacu – Antoine Karidinali Kambanda
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali, Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda akaba n’Umuvugizi w’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda, yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari uguhora bikebura mu madini yabo bityo ngo ubuyobe ntibuzongere kubaho.
Umuryango.rw
Mariya Yohana agiye kwizihiza ubutwari bw’Inkotanyi
Amerika yitezwe kugeza ku Burusiya icyifuzo cy’agahenge k’iminsi 30
Ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 7,2% mu 2026
Habonetse umurambo w’umukinnyi Christian Atsu wari waraburiwe irengero
Abaraperi 9 bakomeye Akarere Ka Kicukiro kahaye Igihugu
Bebe Cool asanga ubuhanzi butatandukanwa no kwambara ubusa n’amashusho y’urukozasoni
Element yinjijwe muri Album ya Platini P na Nel Ngabo ifite ishingiro kuri ‘Black Panther’
Rubavu: Babiri bakekwa kuba abo mu ngabo za FARDC baje kwiba inka barateshwa
Kwibuka ni uguhora twikebura mu madini yacu – Antoine Karidinali Kambanda