Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Tiwa Savage, yasubije umugabo wavuze ko atari mwiza ahubwo agirwa mwiza n’amafoto, amwihenuraho amubwira ko ikimuvugisha ari uko yifuza guhura na we.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tiwa Savage yihenuye k’uwavuze ko agirwa mwiza n’amafoto
25 June 2025, by ISIMBI Estella -
Musanze: Baterwa ipfunwe n’Ibiro by’Umurenge bitajyanye n’igihe
12 November 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage bo mu Murenge wa Shingiro, Akarere ka Musanze, barinubira ko bagihabwa serivisi babona ko zitajyanye n’igihe kubera aho zitangirwa habatera ipfunwe, kandi Akarere kabo gakomeje gutera intambwe ishimishije mu iterambere.
-
Joseph Kabila agiye kuva mu buhungiro, yaba agiye kwihuza na M23
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJoseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko agiye kugaruka muri iki gihugu nyuma y’umwaka yarahunze.
-
Kinshasa: Umusirikare wasomanye yambaye impuzankano yakatiwe
30 October 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye umusirikare Adjudante Sarah Ebabi igifungo cy’amezi 12 gisubitse, azira gusomana n’umukunzi we yambaye impuzankano.
-
Amateka ya Dr. Edouard Ngirente Ministiri w’intebe w’u Rwanda
23 February 2025, by ISIMBI EstellaKubyara ntacyo wabinganya ndetse iyi ni Ingabire ituruka k’uwiteka uyishaka ararama agatumbira ijuru akayisaba yicishije bugufi , sibwo bwa mbere twese twaba twumvise izina Itangishaka ibi bishatse kuvuga ko icyo Imana itaguhaye ntakukibihatira kugitanga ku ngufu ibi birimo ; amaronko atandukanye , urubyaro , ubwenge , ubuzima buzira umuze ndetse n’ibindi byinshi. Muriyi nkuru Mutwemerere turambure indi paji turebere hamwe amateka ya Dr. Edouard Ngirente ministiri w’intebe w’u Rwanda akaba (…)
-
Knowless yacitse ururondogoro yifuriza umugabo we isabukuru
1 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Butera Knowless akaka n’umugore wa Producer Ishimwe Clement uzwi nk’uwashinze inzu ifasha abahanzi ya Kina Music yagize isabukuru, Knowless acika ururondogoro mu kumwifuriza umunsi mwiza w’isabukuru y’amavuko.
-
Habonetse abantu 4 bafite virusi nshya y’ubushita bw’inkende mu gihugu cy’Ubwongereza
8 November 2024, by Joseph IradukundaMu Bwongereza, urwego rushinzwe ubuzima (U.K. Health Security Agency) rwatangaje ko rwabonye abantu Abatatu bafite virusi nshya ya ‘mpox’ cyangwa se ubushita bw’inkende, abo bose uko ari batatu ngo baba mu rugo rumwe n’umurwayi wagaragaweho n’iyo ndwara bwa mbere, ubu bose bakaba barimo kuvurirwa mu bitaro bya Londres.
-
Cardi B mu rukundo rushya
17 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Cardi B uri mu bagore bamaze kubaka izina mu muziki, aravugwa mu rukundo na Stefon Diggs wamenyekanye mu mukino wa NFL uri mu ikurikirwa cyane muri Amerika.
-
Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana
12 December 2025, by ISIMBI EstellaIshami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko abana batatu bari munsi y’imyaka 15 bakurikiranyweho gutwika Stade ya Factory Field nyuma y’uko ikipe bafana ihakinira ya FC Haka imanutse mu Cyiciro cya Kabiri.
-
Minisitiri Nsengimana yakebuye ababyeyi batohereza abana ku ishuri ku gihe
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yavuze ko ababyeyi batohereza abana ku ishuri uko byagenwe ari bo bazajya birengera igihombo giterwa no kuba imodoka zirirwa zibategereje kandi zahagaritse akazi ko gutwara abandi bagenzi, ariko bakabura.
Umuryango.rw
Tiwa Savage yihenuye k’uwavuze ko agirwa mwiza n’amafoto
Musanze: Baterwa ipfunwe n’Ibiro by’Umurenge bitajyanye n’igihe
Joseph Kabila agiye kuva mu buhungiro, yaba agiye kwihuza na M23
Kinshasa: Umusirikare wasomanye yambaye impuzankano yakatiwe
Amateka ya Dr. Edouard Ngirente Ministiri w’intebe w’u Rwanda
Knowless yacitse ururondogoro yifuriza umugabo we isabukuru
Habonetse abantu 4 bafite virusi nshya y’ubushita bw’inkende mu gihugu cy’Ubwongereza
Cardi B mu rukundo rushya
Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana
Minisitiri Nsengimana yakebuye ababyeyi batohereza abana ku ishuri ku gihe