RSSB Tigers BBC igiye kwitabira imikino ya BAL 2026 ku nshuro ya mbere, yatangaje abakinnyi 12 izakoresha mu itsinda rya Kalahari Conference rizabera i Pretoria muri Afurika y’Epfo, kuva tariki ya 27 Werurwe kugeza ku ya 4 Mata 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RSSB Tigers yatangaje abakinnyi izifashisha muri BAL 2026
24 March, by ISIMBI Estella -
Amakuru arambuye ku bukwe bwahindutse agahinda habura amasaha ngo butahe
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore n’inkumi bo mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, bagombaga gukora ubukwe, bajyanywe mu Bitaro nyuma yo gutegwa n’abagizi ba nabi bakabakubitira mu nzira mu ijoro ribanziriza umunsi w’ubukwe bwabo. Abari kumwe na bo bavuze uko byagenze.
-
Kangwagye yavuze ijambo P. Kagame amaze kuvuga inshuro nyinshi kurusha abandi bayobozi
24 August 2017, by Nsanzimana ErnestKangwagye Justus wahoze ayobora akarere ka Rulindo ubu akaba ari umuyobozi ushinzwe ubuyobozi no kwegereza abaturage ubuyobozi mu rwego rw’ igihugu rw’ imiyoborere RGB yavuze ijambo rigaruka kenshi mu mbwirwaruhame za Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame avuga ko Kagame yaba ariwe muyobozi umaze kuvuga iryo jambo inshuro nyinshi ku Isi.
Kangwagye yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyamakuru bakorera ibinyamakuru byandikira kuri murandasi bari mu mahugurwa ku ruhare rw’ ’ubuyobozi bugira kibaza (…) -
Umugore wa Bobi Wine yasubije Gen Muhoozi ushaka udusabo tw’intanga tw’umugabo we
21 January, by Angeline MUKANGENZIUmugore w’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Barbara Itungo, ntiyumva uburyo Umugaba Mukuru w’ingabo z’igihugu akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, ashaka gukata udusabo tw’intanga tw’umugabo we.
-
Jamie Vardy yasezeye Leicester City yari amazemo imyaka 13
25 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu Jamie Vardy muri Leicester City, yatangaje ko atazakomezanya na yo nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2024/25. Uyu mukinnyi w’imyaka 38, yari amaze imyaka 13 muri iyi kipe.
-
Ramaphosa yaburiye Tshisekedi ko kwica Kabila bishobora gutuma ahirikwa ku butegetsi
19 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yinjiye mu biganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu.
-
Djibouti yashimye ibikorwa bya Mushikiwabo muri OIF
17 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Djibouti, Abdoulkader Houssein Omar yatangaje ko kuva igihe Louise Mushikiwabo yayoboreye Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, OIF, ari bwo wagize imikorere ihamye mu nzego zose kandi wageze ku bikorwa by’indashyikirwa.
-
Nyuma ya Kigali, Olusegun Obasanjo yakomereje uruzinduko i Kinshasa
26 June 2025, by ISIMBI EstellaOlusegun Obasanjo wayoboye Nigeria kuva mu 1976 kugeza mu 1979 no kuva mu 1999 kugeza mu 2007, yakomereje uruzinduko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuye mu Rwanda.
-
Miss Muheto ukurikiranyweho gutwara yasinze agiye kuburanishwa
30 October 2024, by Joseph IradukundaMiss w’u Rwanda 2022, Nshuti Divine Muheto, ukurikiranyweho icyaha cyo kunywa inzoga zirengeje igipimo agatwara imodoka atabifitiye uruhushya, dosiye ye yamaze gushyikirizwa urukiko akaba azaburana ku munsi w’ejo ku wa Kane tariki ya 31 Ukwakira 2024 ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
-
Rutsiro: Umusore afungiye gusambanya umwana ufite ubumuga
13 July 2025, by Joseph IradukundaKwizera Olivier w’imyaka 20 wo mu Mudugudu wa Ruhimbi, Akagari ka Gatare, Umurenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro, afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Ruhango akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa ufite ubumuga bwo mu mutwe, kutumva no kutavuga.
Umuryango.rw
RSSB Tigers yatangaje abakinnyi izifashisha muri BAL 2026
Amakuru arambuye ku bukwe bwahindutse agahinda habura amasaha ngo butahe
Umugore wa Bobi Wine yasubije Gen Muhoozi ushaka udusabo tw’intanga tw’umugabo we
Jamie Vardy yasezeye Leicester City yari amazemo imyaka 13
Ramaphosa yaburiye Tshisekedi ko kwica Kabila bishobora gutuma ahirikwa ku butegetsi
Djibouti yashimye ibikorwa bya Mushikiwabo muri OIF
Nyuma ya Kigali, Olusegun Obasanjo yakomereje uruzinduko i Kinshasa
Miss Muheto ukurikiranyweho gutwara yasinze agiye kuburanishwa
Rutsiro: Umusore afungiye gusambanya umwana ufite ubumuga