Amezi abiri arashize mu Karere ka Rusizi hadatangwa serivisi zijyanye no gupima ubutaka kubera ko umunara wifashishwaga mu gukusanya amakuru muri iyi serivisi wakubiswe n’inkuba.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rusizi: Abaturage bamaze amezi abiri badahabwa serivisi z’ubutaka
22 August 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Macron yijeje gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’u Bufaransa
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Emmanuel Macron, yatangaje ko u Bufaransa bugiye gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’iki gihugu, ndetse anakangurira ibindi bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kongera amafaranga bishora muri uru rwego rw’umutekano.
-
U Rwanda rwatangiye guca imodoka zifite ibirahure byijimye
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police (SSP) Jean Marie Vianney Ndushabandi, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangiye gukora umukwabu wo gufata imodoka zifite ibirahure byijimye mu gihugu hose.
SSP Ndushabandi yavuze ko imodoka zifite ibirahure byijimye zitemewe, avuga ko ababifite ku modoka zabo baba bica amategeko n’amabwiriza agenga ikoreshwa ry’umuhanda.
Yavuze ati:”Dushingiye ku (…) -
Rutsiro: Uwari watashye ubukwe yasanzwe yapfuye hakekwa ubusinzi
16 February, by ISIMBI EstellaHeshunda Gaetan w’imyaka 46 wari utuye mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Rugeyo, Umurenge wa Murunda, Akarere ka Rutsiro, wari watashye ubukwe mu Mudugudu wa Karambo muri ako Kagari yasanzwe munsi y’umukingo yapfuye hakekwa ubusinzi.
-
SHAMI Niyitegeka Ayaan yasabye guhindura amazina akitwa GANZA AVI AYAAN
28 October 2024Uwitwa SHAMI Niyitegeka Ayaan yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa GANZA AVI AYAAN mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina ry’Ababyeyi…… -
Abarimo CSP Hillary Sengabo, Rugaju Raegan, Ricard na Mucyo Antha barekuwe by’agateganyo
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo rwategetse ko abasivili n’abakozi ba RCS bakurikiranyweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe barekurwa by’agateganyo.
-
Umwe mu bateye inkunga Miss Rwanda 2020 yavuze kuri Miss Naomie no ku Gisonga cye cya mbere Umwiza Phiona
5 March 2020, by UbwanditsiUmwe mu baterankunga b’irushanwa rya nyampinga wu Rwanda 2020, ni isosiyete y’ubucuruzi izobereye mu gutanga Serivisi mu bijyanye n’imitungo itimukanwa, ifite urubuga kuri interineti www.mdgrou.com rukora nk’isoko rusange rihuza abagura , abagurisha n’abakodesha amazu n’ibibanza, aho buri muntu wese yaba uwabigize umwuga n’utarabigize umwuga, yagurishiriza, akanakodesha amazu n’ibibanza.
-
Abanyarwanda 26 Bari bamaze imyaka myinshi barahungiye muri Mozambike bahungutse
29 December 2022, by Dusingizimana RemyMu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane taliki ya 29 Ukuboza 2022, Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko U Rwanda rwakiriye itsinda ry’Abanyarwanda 26 bagize imiryango 14, bahungutse bavuye muri Mozambique.
Aba banyarwanda bageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki 29 Ukuboza 2022, bari barahungiye muri Mozambique harimo n’abagiye mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Abo Banyarwanda bavuze ko bishimiye kugaruka mu Rwanda, bavuga (…) -
Diddy yasabye indishyi ya miliyari 145 Frw ikinyamakuru ashinja kumusebya
14 August 2025, by ISIMBI EstellaSean “Diddy” Combs yongeye gukaza urubanza aregamo ikinyamakuru ndetse n’abakigaragayemo bamuvugaho inkuru zo gusambanya abana, aho ubu asaba indishyi zingana na miliyoni 100$ [ni ukuvuga miliyari 145 Frw], akagaragaza ko icyo gihe hatangajwe amakuru yamutesheje agaciro yari anagamije kwangiza imikirize y’urubanza rwe.
-
Umunyezamu Habineza Fils yabonye ikipe i Burayi
22 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyezamu wa Bugesera FC, Habineza Fils François agiye kwerekeza muri Midtjylland FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Denmark.
Umuryango.rw
Rusizi: Abaturage bamaze amezi abiri badahabwa serivisi z’ubutaka
Perezida Macron yijeje gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’u Bufaransa
Rutsiro: Uwari watashye ubukwe yasanzwe yapfuye hakekwa ubusinzi
Abarimo CSP Hillary Sengabo, Rugaju Raegan, Ricard na Mucyo Antha barekuwe by’agateganyo
Abanyarwanda 26 Bari bamaze imyaka myinshi barahungiye muri Mozambike bahungutse
Diddy yasabye indishyi ya miliyari 145 Frw ikinyamakuru ashinja kumusebya
Umunyezamu Habineza Fils yabonye ikipe i Burayi