Abaturage batuye mu Kagari ka Kagina, mu Murenge wa Runda, Akaraere ka Kamonyi, mu gitondo cyo ku ya 7 Gashyantare 2026, basanze Mujawayezu Pelagie yiciwe mu nzu ye yatewe ibyuma, bakeka ko yaba yishwe n’umuhungu we wanahise aburirwa irengero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina
8 February, by Angeline MUKANGENZI -
Coronavirus: Hakize abantu 4 mu Rwanda hanyuma abandi 2 basanganwa ubwandu
4 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Gicurasi 2020, mu Rwanda habonetse abantu 2 bashya bagaragaweho ubwandu bwa Coronavirus. Abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda bageze kuri 261. Uyu munsi kandi hanakize abantu 4 bityo abamaze gukira baba 128. Abakirwaye ni 133.
-
Umugore w’imyaka 42 yavuzeko agiye guhatana muri ‘Miss France’
13 March 2025, by ISIMBI EstellaUmugore w’Umufaransa w’imyaka 42, Vanessa Douillet, yatangaje ko ashaka kujya mu murashunwa y’ubwiza yo mu Bufaransa ‘Miss France’, aho afite intego yo kwegukana ikamba muri aya marushanwa agamije kwerekana ko imyaka myinshi itabuza umugore kugera ku ntego ze.
-
Umuti kuri bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange i Kigali zitinda zitegereje kuzura
2 August 2025, by ISIMBI EstellaUbwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ibitekerezo by’impuguke mu gutwara abantu n’ibintu akaba anabifitemo Impamyabumenyi y’Ikirenga, Dr. Ndaruhutse Jean Claude. Asanga kugira ngo gutwara abantu mu buryo bwa rusange bigende neza muri Kigali, hakenewe ko biva mu maboko y’abikorera bigakorwa n’Ikigo cya leta.
-
Habonetse abandi bantu 7 banduye Coronavirus hakira umuntu umwe
6 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu munsi tariki ya 06 Gicurasi 2020, mu Rwanda habonetse abantu 7 bashya duye Coronavirus . N’ukuvuga ko abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda babaye 268. Ku rundi ruhande uyu munsi hakize umuntu 1 bityo abamaze gukira baba 130. Abakirwaye ni 138.
-
Uburusiya bwafunguye Se w’umwana washushanyije ishusho irwanya intambara
16 October 2024, by Joseph IradukundaUmugabo wari warafunzwe nyuma y’uko umukobwa we ashushanyije ishusho irwanya intambara – mu nkuru yavuzwe henshi ku isi – yarekuwe.
-
Polisi yarashe Abakurikiranwaga ku cyaha cyo kwica Mukandekezi
22 January 2025, by Joseph IradukundaAbasore babiri bari mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko bo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Save, barashwe n’Umupolisi ubwo yabatahuraga aho bari bihishe nyuma yo gufata ku ngufu no kwica urubozo Mukandekezi Clementine; babonye bagiye gutabwa muri yombi, barwanya Umupolisi wari ubaguye gitumo.
-
Peter wo muri P-Square atinya ubukene kurusha urupfu
4 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Peter Okoye wamamaye nka Mr P, yavuze ko atinya ubukene kurusha urupfu kubera ubuzima yaciyemo akiri muto.
-
Abagabo babiri bibye ubwiherero bwa zahabu bugura miliyari 6,9 Frw bakatiwe
14 June 2025, by ISIMBI EstellaAbagabo babiri bakatiwe igifungo nyuma yo kwiba ubwiherero bwa zahabu bw’agaciro ka miliyoni 4,8£ (asaga miliyari 6,9 Frw) mu nyubako yitwa Blenheim Palace iherereye i Oxfordshire.
-
Umusore w’i Kayonza, bikekwa ko yiyahuye kubera Rayon Sports yanyagiwe na APR FC
12 January, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 26 wari usanzwe atuye mu Karere ka Kayonza yasanzwe amanitse mu gisenge cy’inzu yabagamo yapfuye.
Umuryango.rw
Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina
Coronavirus: Hakize abantu 4 mu Rwanda hanyuma abandi 2 basanganwa ubwandu
Umugore w’imyaka 42 yavuzeko agiye guhatana muri ‘Miss France’
Umuti kuri bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange i Kigali zitinda zitegereje kuzura
Uburusiya bwafunguye Se w’umwana washushanyije ishusho irwanya intambara
Polisi yarashe Abakurikiranwaga ku cyaha cyo kwica Mukandekezi
Peter wo muri P-Square atinya ubukene kurusha urupfu
Abagabo babiri bibye ubwiherero bwa zahabu bugura miliyari 6,9 Frw bakatiwe
Umusore w’i Kayonza, bikekwa ko yiyahuye kubera Rayon Sports yanyagiwe na APR FC