Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ikigo cy’ikoranabuhanga cya Microsoft kiri mu biganiro n’urubuga nkoranyambaga rwa TikTok, ku buryo hari icyizere cy’uko bashobora kumvikana TikTok ikagurwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
USA: Perezida Trump yaciye amarenga y’uko Microsoft ishobora kugura TikTok
28 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yahishuye icyo Umunsi w’Intwari wibutsa Abanyarwanda
1 February 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu munsi Abanyarwanda bizihiza umunsi w’intwari ku nshuro ya 29,Perezida Kagame yavuze ko Umunsi w’Intwari "utwibutsa ubushobozi bwacu bwo guhagarara ku kuri, kurinda igihugu cyacu, no kubaka umurage w’iterambere ku badukomokaho n’ababakomokaho."
Ibi yabivuze mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter,nyuma yo kunamira no gushyira indabo ku mva zishyinguwemo Intwari z’Igihugu.
Yagize ati "Uyu munsi, turizihiza ubutwari no gukunda igihugu by’Abanyarwanda badusigiye umusingi wo (…) -
Real Madrid na Borussia Dortmund zabonye itike ya ¼ cy’irangiza
2 July 2025, by Joseph IradukundaReal Madrid yatsinze Juventus mu mukino utari urimo guhatana bikomeye, Borussia Dortmund itsinda Monterrey, zombi zihita zibona itike yo kuzahurira muri ¼ cy’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Putin ntiyitabira ibiganiro bya Ukraine n’u Burusiya
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, ntabwo ari mu itsinda ry’intumwa z’u Burusiya riri bwitabire ibiganiro by’amahoro bigomba kubera muri Turukiya kuri uyu wa 15 Gicurasi 2025.
-
Musanze:Urubyiruko rwavuye Iwawa rurasaba guhabwa ubundi bufasha ngo rwizahure
20 January 2025, by Joseph IradukundaRumwe mu rubyiruko rwavuye Iwawa, rukahigishirizwa imyuga ruvuga ko nyuma yo kuva Iwawa batigeze bagira icyo bakora kubera ko ibikoresho bari barijejwe babitegereje ngo amaso agahera mu kirere.
-
Amerika yemeye ko yahaye Ukraine inkunga y’intwaro mbere y’uko itangira intambara n’u Burusiya
5 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken, yemeye ko Amerika yamenye amakuru yemezaga ko u Burusiya bushobora kugaba ibitero muri Ukraine, igahitamo gutangira kohereza intwaro muri icyo gihugu mu rwego rwo kugifasha kwitegura intambara.
-
Masisi: AFC/M23 yafashe akandi gace nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo
26 July 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafashe agace ka Mulema muri teritwari ya Masisi nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo.
-
U Rwanda rwashimye iterambere ry’umubano rufitanye n’u Bushinwa
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yongeye gushimangira uburyo inyuzwe n’iterambere ry’ubutwererane ifitanye n’iy’u Bushinwa, bukomeje gukura mu nzego zitandukanye zitanga inyungu zifatika ku mibereho y’abaturage b’ibihugu byombi.
-
Abakoranye na Barack Obama bagiye gukorwaho iperereza ku bugambanyi
5 August 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pam Bondi, yatangaje ko hagiye gutangira iperereza ryagutse ku bayobozi bakuru bakoranye na Barack Obama, bijyanye n’ubugambanyi no kwiba amajwi mu matora bashinjwa.
-
Gukosora: ntabwo umwiherero w’abayobozi b’inzego z’ibanze waganiriye ku bizamini by’akazi bitangwa na RALGA
3 April 2018, by UbwanditsiMu nkuru yatangajwe n’ikinyamakuru umuryango.rw ku wa mbere tariki ya 02 Mata 2018 igira iti “Ladislas NGENDAHIMANA yasimbuye Egide RUGAMBA ku buyobozi bwa RALGA”, hari aho umwanditsi ahamya ko ngo “Hashize iminsi RALGA ihagaritswe gutanga ibizamini mu nzego z’ibanze …” ngo kubera impamvu zinyuranye uwanditse inkuru yarondoye.
Umwanditsi w’inkuru asoza ahamya ko ngo “Mu mwiherero w’abayobozi mu nzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali, hanzuwe ko uturere tuzajya twitangira akazi ku bakozi (…)
Umuryango.rw
USA: Perezida Trump yaciye amarenga y’uko Microsoft ishobora kugura TikTok
Perezida Kagame yahishuye icyo Umunsi w’Intwari wibutsa Abanyarwanda
Real Madrid na Borussia Dortmund zabonye itike ya ¼ cy’irangiza
Putin ntiyitabira ibiganiro bya Ukraine n’u Burusiya
Musanze:Urubyiruko rwavuye Iwawa rurasaba guhabwa ubundi bufasha ngo rwizahure
Amerika yemeye ko yahaye Ukraine inkunga y’intwaro mbere y’uko itangira intambara n’u Burusiya
Masisi: AFC/M23 yafashe akandi gace nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo
U Rwanda rwashimye iterambere ry’umubano rufitanye n’u Bushinwa
Abakoranye na Barack Obama bagiye gukorwaho iperereza ku bugambanyi