Bamwe mu bagororwa bafugingiye muri gereza nkuru ya Rubavu bavuze ko kimwe mubituma ubumwe n’ ubwiyunge butagerwaho 100% ari uko hari abo bafatanyije muri jenoside yakorewe abatutsi bafite imyanya ikomeye mu buyobozi bw’ u Rwanda.
Aba bagororwa babitangarije Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ ubutabera Isabelle Kalihangabo ubwo yari yabasuye kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2017.
Umwe mu bagororwa yagize ati “Abanyarwanda bakunze kubeshywa byinshi barimo natwe, twe dufungiye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abagororwa bavuze ko hari abo bari kumwe muri jenoside ubu bicara hafi ya Kagame
19 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Yasifuye umukino atwite inda y’amezi atanu
9 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmusifuzikazi Adeline Djonreba ukomoka muri Cameroon yatangaje abantu kubera gusifura umukino atwite inda y’amezi atanu.
-
Urukiko rwa Loni rwategetse Israel kurekura uduce twa West Bank na Yerusalemu y’Iburasirazuba
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) rwavuze ko kuba Israel iri mu gace ka West Bank na Yesuralemu y’Iburasirazuba binyuranyije n’amategeko, ndetse isabwa guhita iva kuri ubwo butaka igihugu cya Palestine kitahwemye kuvuga ko ari ubwacyo.
-
YARI AGIYE GUKATIRWA IMYAKA 24 NONE URUKIKO RWAMUGIZE UMWERE
19 February 2025, by ISIMBI EstellaRakim Mayers uzwi cyane nka Asap Rocky akaba n’umugabo wa Rihanna yagizwe umwere ku cyaha cyo kuba yaragize uruhare mu iraswa ryumwe mu basore babanaga mu itsinda rya Asap Mob.
Iki cyaha yaregwaga byavugwagako yagikoze ku I Taliki 6 Ugushyingo 2021 aho yashinjwaga kurasa mu kiganza mugenzi we Asap Relli nyuma y’ubushyamirane bagiranye , aba bombi babanaga mu itsinda rya Asap Mob ryari rihuriyemo abaraperi benshi batandukanye. Ku munsi wejo mu rukiko Joe Tacopina wunganiraga mu mategeko (…) -
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zatanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri basaga 500
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Rwanda (Rwanbatt-7) ziri mu butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MINUSCA, muri Repubulika ya Centrafrique zatanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri barenga 500 bo mu Ishuri rya Dounia riherereye mu Burasirazuba bwa Centrafrique.
-
Nigeria:Umugaba Mukuru w’Ingabo yitabye Imana
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’ingabo za Nigeria, Lt Gen Taoreed Lagbaja, yitabye Imana afite imyaka 56, nyuma y’igihe arwaye nk’uko Perezida Bola Tinubu yabitangaje.
Lt Gen Taoreed Lagbaja, yapfuye mu ijoro ryo ku wa kabiri i Lagos. Ariko amakuru arambuye y’uburwayi bwe ntabwo yagiye ahagaragara. -
Eric Senderi yateguje abakunzi be indirimbo nshya yise Bazayomba
28 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uzwi kandi unakunzwe n’abatari bake mu muziki nyarwanda Eric Senderi uzwi nka Senderi International Hit, yateguje abakunzi be indirimbo ye nshya yitwa Bazayomba.
-
Abarangiza kugororwa bagiye kujya bataha bashakiwe akazi
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuZimwe mu ngamba zafashwe zizajya zituma hatabaho gusubira mu bigo ngororamuco ku bantu bavuyeyo, ni uko bazajya bava Iwawa cyangwa ahandi bagororewe bakigishwa imyuga, bahita bahabwa imiririmo.
-
TikTok yahagaritse gukorera ku butaka bwa Amerika
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri iki Cyumweru,itariki 19 Mutarama 2025, TikTok yahagaritse gukora ku bayikoresha muri Amerika kandi ntikiri kuboneka kuri za app stores zizwi mbere gato y’uko itegeko rya leta ryari kuyibuza gukorera muri iki gihugu ritangira gukurikizwa.
-
Havumbuwe ko iturika ry’inyenyeri rishobora guteza ingorane abatuye Isi
17 November 2025, by ISIMBI EstellaAbahanga mu by’isanzure batangaje ko bwa mbere mu mateka babashije gukurikirana iturika ridasanzwe ry’inyenyeri, ribereye hanze y’uruhurirane rw’imibumbe igaragiye Izuba, ndetse babona ko hari ingaruka rishobora kugira ku Isi.
Umuryango.rw
Yasifuye umukino atwite inda y’amezi atanu
Urukiko rwa Loni rwategetse Israel kurekura uduce twa West Bank na Yerusalemu y’Iburasirazuba
YARI AGIYE GUKATIRWA IMYAKA 24 NONE URUKIKO RWAMUGIZE UMWERE
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zatanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri basaga 500
Nigeria:Umugaba Mukuru w’Ingabo yitabye Imana
Eric Senderi yateguje abakunzi be indirimbo nshya yise Bazayomba
Abarangiza kugororwa bagiye kujya bataha bashakiwe akazi
TikTok yahagaritse gukorera ku butaka bwa Amerika
Havumbuwe ko iturika ry’inyenyeri rishobora guteza ingorane abatuye Isi