Mu bitero byo kwihimura Israel iherutse kugaba muri Iran, yasenye ibikorwaremezo bitandukanye birimo n’ikigo cy’ubushakashatsi mu bijyanye na nucléaire, n’ubwo hari hagaragajwe impungenge z’uburyo Iran yakwitwara mu gihe ikigo nk’iki cyaraswa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hagaragajwe ko Israel yasenye ikigo cy’ubushakashatsi mu bya nucléaire cya Iran
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
MININFRA yagaragaje ko hakenewe amategeko agenga imikoreshereze inoze ya AI
5 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA), Olivier Kabera, yavuze ko nubwo iterambere ry’ubwenge buhangano (AI) riri kwihuta mu Rwanda, hakwiye kujyaho amategeko n’amabwiriza agenga imikoreshereze yabwo kuko ari bwo izarushaho gutanga umusaruro.
-
Perezida Suluhu yikomye amahanga ashaka kumutegeka uko ayobora Tanzania
18 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Samia Suluhu Hassan yabwiye abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo muri Tanzania ko bagomba kubahiriza amasezerano ya Vienne yo mu 1961 agena ibyo abadipolomate bagomba kwitwararikaho mu bihugu barimo.
-
Trump yateguje Iran ko azayirasa, niyanga ubwumvikane kuri nikeleyeri
31 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko azarasa kuri Iran mu gihe yakwanga ubwumvikane mu guhagarika gukora intwaro za nucléaire.
-
Uzahora uri umwihariko kuri njye! Muyango abwira Kimenyi Yves ku isabukuru ye
13 October 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamakuru akaba na rwiyemezamirimo Muyango Claudine yifurije umugabo we, Kimenyi Yves, isabukuru nziza y’amavuko amubwira ko azahora ari umwihariko kuri we.
-
Loni yasabye Libya kurengera impunzi n’abimukira barimo gucuruzwa nk’abacakara
17 February, by Angeline MUKANGENZIUmuryango w’Abibumbye, Loni wasabye ubuyobozi bwa Libya gufata ingamba zifatika zihuse zigamije kurengera uburenganzira bw’abimukira n’impunzi muri icyo gihugu.
-
Burundi: Abanyamakuru 3 bari baherekeje Komiseri wa EU batawe muri yombi
19 February, by Angeline MUKANGENZIAmakuru aturuka mu Burundi aravuga ko kuri uyu wa Gatatu ushize, i Bujumbura, abanyamakuru batatu, Umurundi n’abanyamahanga, bari baherekeje Hadja Lahbib, Komiseri w’u Burayi ushinzwe Uburinganire, kwitegura no Guhangana n’ibibazo, batawe muri yombi.
-
Trump yihenuye ku bihugu byanze kumufasha Iran biri kugorwa n’itumbagira ry’ibiciro bya lisansi
31 March, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yihenuye ku ibihugu byanze kumufasha guhangamura Iran, bikomeje guhura n’ibibazo by’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli, avuga ko bigomba kubaga bikifasha.
-
Ruhago y’Abagore: Uwatozaga Forever WFC yatandukanye na yo
28 December 2025, by ISIMBI EstellaHabimana Nuru wari umaze imyaka isaga ari umutoza wa Forever WFC, yamaze gutandukana na yo nyuma yo gutsindwa na Bugesera WFC mu mukino w’umunsi wa 11 wa Shampiyona y’Abagore.
-
Mu Karere ka Musanze umugore arakekwaho kwica umugabo we nawe agahita yiyahura
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmutoni Fracoise w’imyaka 37 yasize amarira n’imiborogo mu banana be n’abaturanyi b’umuryango we bazindukiye ku nkuru y’inshamugongo, aho bikekwa ko yivuganye umugabo we witwa Hagenimana Innocent maze na we akiyahura.
Umuryango.rw
Hagaragajwe ko Israel yasenye ikigo cy’ubushakashatsi mu bya nucléaire cya Iran
MININFRA yagaragaje ko hakenewe amategeko agenga imikoreshereze inoze ya AI
Perezida Suluhu yikomye amahanga ashaka kumutegeka uko ayobora Tanzania
Trump yateguje Iran ko azayirasa, niyanga ubwumvikane kuri nikeleyeri
Uzahora uri umwihariko kuri njye! Muyango abwira Kimenyi Yves ku isabukuru ye
Loni yasabye Libya kurengera impunzi n’abimukira barimo gucuruzwa nk’abacakara
Trump yihenuye ku bihugu byanze kumufasha Iran biri kugorwa n’itumbagira ry’ibiciro bya lisansi
Ruhago y’Abagore: Uwatozaga Forever WFC yatandukanye na yo
Mu Karere ka Musanze umugore arakekwaho kwica umugabo we nawe agahita yiyahura