Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bwashyize hanze dosiye igizwe na paji ibihumbi 240 zerekeye urupfu rwa Martin Luther King Jr., wamamaye mu rugamba rwo kurwanya ivangura muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
USA: Dosiye y’urupfu rwa Martin Luther King yashyizwe hanze nyuma y’imyaka 57 yishwe
22 July 2025, by ISIMBI Estella -
Mutamba yasabye ko Minisitiri w’Intebe ahamagazwa mu rubanza rwe
31 July 2025, by ISIMBI EstellaConstant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye urukiko rusesa imanza guhamagaza Minisitiri w’Intebe, Judith Suminwa Tuluka, n’abandi bayobozi benshi mu rubanza rwe.
-
Pasiteri Mpyisi yamenye amabanga ye arimo uko yakundaga udukumi,kuba yarambaye Ipantalo bwa mbere ayidodesheje i Bujumbura nibindi
19 June 2019, by Martin MunezeroPasiteri Ezra Mpyisi umwe mu basaza bakuze ariko kandi banafite amateka mu Rwanda, yabaye icyamamare cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera inyigisho agenda atanga ndetse n’izindi bivugwa ko ahimbirwa mu rwego rwo gutebya. Uyu mugabo mu minsi ishize yaganiriye na Televiziyo Rwanda atangaza byinshi abantu batari bamuziho.
-
Lubero: Abasirikare 45 bakurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abana
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwa gisirikare rwa Butembo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ruri kuburanisha abantu 92 barimo abasirikare 45 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashinjwa ibyaha birimo gufata abana ku ngufu.
-
Burera: Basiragiye imyaka 3 bishyuza ingurane z’ibyangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi
24 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage bo mu Mirenge ya Rugengabari na Nemba mu Karere ka Burera, by’umwihariko abo mu tugari twa Nyanamo, Rukandabyuma, Kiribata na Mucaca, bamaze imyaka itatu basiragira bishyuza ingurane z’ibyabo byangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi wubatswe muri ako gace mu mwaka wa 2022.
-
Gen (Rtd) Kabarebe yahagarariye Perezida Kagame mu muhango wo kwizihiza ubwigenge bwa Mozambique
26 June 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kwizihiza ku nshuro ya 50 umunsi mukuru w’ubwigenge bwa Mozambique.
-
Iran yafunze abarenga ibihumbi 21 bakekwaho gukorera ibyaha mu ntambara yayo na Israel
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi ya Iran yatangaje ko yataye muri yombi abarenga ibihumbi 21, ibakekaho gukora ibyaha bitandukanye mu gihe cy’intambara iki gihugu cyari gihanganyemo na Israel muri Kamena 2025.
-
Gasabo: Umukobwa wibanaga yasanzwe yapfuye kandi aboshye
24 September 2024, by Joseph IradukundaMu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 25,yanzwe mu nzu yapfuye, aboshye amaguru n’amaboko, bikekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi.
-
Urubanza ruregwamo Umunyamakuru Nsengimana na bagenzi be rwongeye gusubikwa
9 June 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rukuru rwa Kigali rwongeye gusubika urubanza ruregwamo Umunyamakuru wa Umubavu TV, Nsengimana Theoneste na bagenzi be bari abayoboke b’ishyaka ritemewe mu Rwanda rya Dalfa Umurinzi baregwa ibyaha birimo icyo gushaka guhirika ubutegetsi.
-
Kabila yibiye ibanga Tshisekedi wamusimbuye agaragaza amahitamo atatu asigaranye
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJoseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragarije Felix Tshisekedi wamusimbuye, ko asigaranye amahitamo atatu, arimo kwegura ibintu bitaramubana bibi kurushaho.
Umuryango.rw
USA: Dosiye y’urupfu rwa Martin Luther King yashyizwe hanze nyuma y’imyaka 57 yishwe
Mutamba yasabye ko Minisitiri w’Intebe ahamagazwa mu rubanza rwe
Lubero: Abasirikare 45 bakurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abana
Burera: Basiragiye imyaka 3 bishyuza ingurane z’ibyangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi
Gen (Rtd) Kabarebe yahagarariye Perezida Kagame mu muhango wo kwizihiza ubwigenge bwa Mozambique
Iran yafunze abarenga ibihumbi 21 bakekwaho gukorera ibyaha mu ntambara yayo na Israel
Gasabo: Umukobwa wibanaga yasanzwe yapfuye kandi aboshye
Urubanza ruregwamo Umunyamakuru Nsengimana na bagenzi be rwongeye gusubikwa
Kabila yibiye ibanga Tshisekedi wamusimbuye agaragaza amahitamo atatu asigaranye