Ndizeye Ndayisaba Dieudonné uzwi nka Gaston wari kapiteni wa Patriots BBC yerekeje muri MAS Fes yo mu cyiciro cya mbere muri Morocco nyuma yo kugirana na yo amasezerano y’igihe gito.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Basketball: Ndizeye Dieudonné yabonye ikipe nshya muri Morocco
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umuyobozi Mukuru wa Polisi yageneye ubutumwa Abofisiye Bakuru bo mu Bihugu 9 biga mu Rwanda
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye yakiriye Abofisiye Bakuru baturuka mu Bihugu icyenda bagiye kurangiza amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi (NPC) ryo mu Karere ka Musanze, abasaba kuzakomeza kurangwa n’ubutwari bagaragaje mu gihe bamaze biga muri iri shuri.
-
Menya akamaro ko gukora siporo mu gitondo ku buzima bwawe
14 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu benshi muri iki gihe bigaragara ko bakora cyane mu masaha ya nyuma ya saa sita na nimugoroba. Nubwo bamwe bagerageza kubyuka mu gitondo kugira ngo bakore siporo, usanga birangira bahisemo kubanza gukora izindi gahunda zabo za siporo zikaza nyuma. Impamvu iri inyuma y’ibi, ni uko abantu benshi batekereza ko bafite umwanya uhagije ku munsi. Ubushakashatsi bwerekana ko hari inyungu nyinshi zingenzi ushobora kubonera mu myitozo ngororamubiri ya mugitondo udashobora kubona mu yandi masaha (…)
-
Nyuma y’agahenge na Gaza ,Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Israel Yeguye
22 January 2025, by Joseph IradukundaLt. Gen. Herzi Halevi wari usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Israel yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwazo kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki 7, Ukwakira, 2023 bikozwe na Hamas.
-
Minisitiri Bizimana yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel ’urota’ guhirika ubuyobozi bw’u Rwanda
21 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascéne, yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel wayoboye uruganda CIMERWA, wifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR mu mugambi wo gukuraho ubuyobozi bw’u Rwanda.
-
Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu
11 July 2025, by Joseph IradukundaArikiyepisikopi Gatolika wa Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Fridolin Ambongo, yagaragaje ko atizeye niba Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika azahagarika intambara yo mu burasirazuba bw’igihugu cyabo.
-
TikTok yigaramye ibyo kugurwa na Elon Musk
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTikTok yahakanye amakuru avuga ko u Bushinwa bushobora kwemera kugurisha ibikorwa byayo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku munyemari Elon Musk, ivuga ko ari ‘ikinyoma’.
-
Perezida Biden ategerejwe mu ruzinduko azagirira muri Angola
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUruzinduko rwa Perezida Joe Biden muri Angola urwa mbere umuperezida w’Amerika agiriye muri iki gihugu cyo mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’Afurika ruribanda ku mushinga w’iyubakwa ry’umuhanda wa gariyamoshi uzafasha mu gutwara amabuye y’agaciro avanwa rwagati muri uyu mugabane ajyanwa ku cyambu cya Angola kirimo kwaguka.
-
Amavubi yabonye itike ya CHAN
29 December 2024, by Joseph IradukundaImpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yashyize ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ mu makipe 10 yamaze kubona itike yo gukina Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere muri za shampiyona zabo (CHAN 2025).
-
Rusizi: Mu mezi atanu habonetse ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside
1 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko mu mezi atanu ashize muri aka Karere hamaze kuboneka ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango.rw
Basketball: Ndizeye Dieudonné yabonye ikipe nshya muri Morocco
Umuyobozi Mukuru wa Polisi yageneye ubutumwa Abofisiye Bakuru bo mu Bihugu 9 biga mu Rwanda
Menya akamaro ko gukora siporo mu gitondo ku buzima bwawe
Nyuma y’agahenge na Gaza ,Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Israel Yeguye
Minisitiri Bizimana yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel ’urota’ guhirika ubuyobozi bw’u Rwanda
Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu
TikTok yigaramye ibyo kugurwa na Elon Musk
Perezida Biden ategerejwe mu ruzinduko azagirira muri Angola
Amavubi yabonye itike ya CHAN
Rusizi: Mu mezi atanu habonetse ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside