Mu minsinine gusa, Urwego rw’Umuvunyi rwakiriye ibibazo by’abaturage 137, byiganjemo ibishingiye ku izungura ritera amakimbirane ajyanye n’gabana ry’imitungo, nk’ubutaka n’ibindi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amakimbirane y’ab’i Ruhango yiganjemo ashingiye ku izungura
1 December 2025, by ISIMBI Estella -
Burundi : Umuturage yahanishijwe kwishyura amande arenga 1,700,000Fbu azira kuragira ihene
24 March, by ISIMBI EstellaUmuturage utuye mu Ntara ya Butanyerera mu Gihugu cy’u Burundi yaciwe amande y’arenga 1,700,000 Fbu nyuma yo gufatwa aragiye ihene ku gasozi bitemewe.
-
Perezida Ruto yifatiye ku gahanga Icyongereza cyo muri Nigeria
24 April, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, yatangaje ko Icyongereza kivugwa nabi muri Nigeria ku buryo adashobora kucyumva neza adafite undi muntu umusemurira.
-
Ambasade y’u Rwanda muri Luxembourg igiye kwizihiza Umunsi wo Kwibohora bwambere
4 July 2025, by Joseph IradukundaAbanyarwanda batuye muri Luxembourg no mu nkengero zaho n’inshuti zabo bagiye guhurira mu birori byo kwizihiza Umunsi Mukuru wo Kwibohora wizihijwe ku nshuro ya 31.
-
Bamwe mu bakuru b’ibihugu bitandukanye bamaze kugera mu Rwanda bitabiriye #Kwibohora 25 [AMAFOTO]
3 July 2019, by Dusingizimana RemyAbaperezida batatu barimo nyakubahwa Faustin Archange Touadera, wa Republic of Central Africa, Emmerson Dambudzo Mnangagwa wa Zimbabwe na Hage Geingob, wa Namibia n’umufasha we Monica Geingos bamaze kugera mu Rwanda aho baje kwifatanya n’Abanyarwanda kwizihiza umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 25.
-
Muhanga: Abaforomo babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho kwiba imiti
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPolisi y’u Rwanda, ishami rikorera mu Majyepfo yatangaje ko yafashe abaforomo babiri bo mu Kigo Nderabuzima cya Gitega, ibakurikiranyeho kwiba icyuma gipima indwara n’imiti.
-
Urutonde rw’abashinja Diddy Combs uri muri gereza ’mbi’ rwamenyekanye
25 September 2024, by Joseph IradukundaIcyamamare muri Hip-hop Sean "Diddy" Combs ubu ari mu munyururu ategereje urubanza ku byaha birimo gukoresha abantu imibonano mpuzabitsina ku gahato no kubikuramo inyungu.
-
Gusenya FDLR, ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda, amabuye y’agaciro…Nduhungirehe yasobanuye ibyabereye i Washington
1 July 2025, by ISIMBI EstellaUbwo yakiraga ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na RDC, Perezida Donald Trump yagarutse ku mpamvu amasezerano y’amahoro yasinywe ari intambwe ikomeye, avuga ko ibihugu byombi bikwiriye gushyira iherezo ku mwuka mubi umaze igihe.
-
Manchester United yatsinze Manchester City ikomeza kwicuma muri Premier League
16 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuManchester United yavuye inyuma yishyura igitego yari yatsinzwe na Manchester City ndetse yongeraho ikindi, yicumaho umwanya umwe ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza.
-
Uganda: Perezida w’Inteko yishimye bidasanzwe kubera instinzwi ya Kamala Harris mu mamatora
7 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Annet Among, yagaragaje ko ari mu byishimo bikomeye nyuma y’aho Kamala Harris wahataniraga umwanya wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika atsinzwe amatora.
Umuryango.rw
Amakimbirane y’ab’i Ruhango yiganjemo ashingiye ku izungura
Burundi : Umuturage yahanishijwe kwishyura amande arenga 1,700,000Fbu azira kuragira ihene
Perezida Ruto yifatiye ku gahanga Icyongereza cyo muri Nigeria
Ambasade y’u Rwanda muri Luxembourg igiye kwizihiza Umunsi wo Kwibohora bwambere
Muhanga: Abaforomo babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho kwiba imiti
Urutonde rw’abashinja Diddy Combs uri muri gereza ’mbi’ rwamenyekanye
Gusenya FDLR, ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda, amabuye y’agaciro…Nduhungirehe yasobanuye ibyabereye i Washington
Manchester United yatsinze Manchester City ikomeza kwicuma muri Premier League
Uganda: Perezida w’Inteko yishimye bidasanzwe kubera instinzwi ya Kamala Harris mu mamatora