Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Ushinzwe Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro, Irere Claudette, yihanangirije abayobozi b’ibigo by’amashuri batangiye kwaka ababyeyi amafaranga bari basanzwe bishyura, bakababwira ko bagomba kuyishyura mu ntoki.
Ibi yabitangarije mu biganiro n’abayobozi b’Ibigo by’amashuri aho baganira ku miyoborere iboneye y’ibigo by’amashuri hacyemurwa ibibazo bibangamiye Umuryango Nyarwanda, yarimo we n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kugali Pudence Rubingisa, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
18 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Kenya: Hakomeje kuboneka imirambo bikekwa ko ari iy’abiyicicishe inzara bigana Yesu
29 August 2025, by ISIMBI EstellaAbanya-Kenya bongeye gukangarana nyuma y’uko havumbuwe imibiri mishya mu Ishyamba rya Shakahola riherereye mu gice cya Kilifi mu Burasirazuba bwa Kenya hafi y’Inyanja y’Abahinde, bikekwa ko na bo biyicishije inzara mu kwigana Yesu.
-
NBA All Star: Bwa mbere mu myaka 21, LeBron James ntari mu ikipe ibanzamo y’intoranywa
20 January, by ISIMBI EstellaUmunyabigwi muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA), LeBron James, ntabwo ari mu bakinnyi bazabanza mu kibuga mu mukino w’intoranywa [NBA All-Star Game], ibintu byaherukaga kuba mu 2004.
-
Perezida Kagame na Museveni basinye amasezerano y’ubufatanye n’umutekano
21 August 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, João Lourenço wa Angola na Felix Tshisekedi wa RDC basinye amasezerano bahuriyeho uko ari bane y’ubufatanye n’umutekano.
-
Bimwe mu byo kurya biba byiza iyo bikoreshejwe ari bibisi
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu mafunguro dufata umunsi ku wundi, abamo ibyo turya ari bibisi ndetse n’ibyo turya bitetse. Nyamara hari ibyo dushobora kudateka byakagombye gutekwa nkuko hari n’ibyo duteka byakagombye kudatekwa cyangwa se ugasanga ntidusobanukiwe uko ifunguro iri n’iri rigomba gutegurwa.
-
Icyaha cya Meya Ntazinda ni uguta urugo cyangwa ni “Visa” zabyukije ibindi
7 May 2025, by Joseph IradukundaNtazinda Erasme yagejejwe ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, ku isaha ya saa saba hafi n’iminota 40 azanwe n’imodoka ya RIB
-
Nyarugenge: Abagabo 10 batawe muri yombi bakekwaho ubujura
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yataye muri yombi abantu 10 bakekwaho ubujura, aho bajyaga bategera abaturage mu nzira bakabambura ibyo bafite ndetse bakanabakomeretsa.
-
Umuhanzi Bruce Melodie yasabye ko umuziki wakongerwa mu bukerarugendo bw’u Rwanda
6 February, by Angeline MUKANGENZIUmuhanzi uri mu bafite izina rikomeye mu Rwanda Bruce Melodie yagaragaje ko umuziki n’abahanzi ubwabo bameze nk’ingagi kuko nabo binjiza amadovize binyuze mu bihangano byabo abishingiraho asaba ko umuziki wakongerwa mu bukerarugendo buteza imbere u Rwanda.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
29 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me KAGAME K. Festo aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo wimukanwa
-
USA: Igipolisi kiri guhiga abajura bibye amagi 100,000
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abayobozi barasaba abaturage ubufasha bwo kubona abajura bibye amagi 100.000, afite agaciro ka $ 40.000, yibwe mu modoka imwe muri Leta ya Pennsylvania.
Umuryango.rw
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
Kenya: Hakomeje kuboneka imirambo bikekwa ko ari iy’abiyicicishe inzara bigana Yesu
NBA All Star: Bwa mbere mu myaka 21, LeBron James ntari mu ikipe ibanzamo y’intoranywa
Bimwe mu byo kurya biba byiza iyo bikoreshejwe ari bibisi
Icyaha cya Meya Ntazinda ni uguta urugo cyangwa ni “Visa” zabyukije ibindi
Nyarugenge: Abagabo 10 batawe muri yombi bakekwaho ubujura
Umuhanzi Bruce Melodie yasabye ko umuziki wakongerwa mu bukerarugendo bw’u Rwanda
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
USA: Igipolisi kiri guhiga abajura bibye amagi 100,000