Ikinyamakuru BBC cyasabye urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gutesha agaciro ikirego cya Perezida Donald Trump wayireze asasaba miliyari 10$ nk’indishyi yo kumuharabika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
BBC yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego cya Trump
17 March, by Angeline MUKANGENZI -
Ituri: Kiliziya yafunze imiryango nyuma y’igitero cya CODECO
28 July 2025, by ISIMBI EstellaUmushumba wa Diyosezi Gatolika ya Bunia, Musenyeri Dieudonné Uringi, yafashe icyemezo cyo gufunga Kiliziya ya Paruwasi ya Saint Jean de Capistran iherereye muri teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri nyuma y’igitero cy’umutwe witwaje intwaro wa CODECO.
-
Minisitiri Bizimana yavuze amabi ya Sibomana Metusera muri Jenoside n’umuhungu we wiyitirira kuyirokoka
28 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagarutse ku buremere bw’ibyaha bya jenoside byakozwe na Sibomana Metusera, Se wa Patrick Rugaba umaze igihe akoresha imbuga nkoranyambaga mu guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi no gusebya ubuyobozi bw’u Rwanda no “kurota” kubuhirika.
-
Amerika yishe Gen Maj Khademi wari ushinzwe ubutasi mu gisirikare cya Iran
6 April, by Angeline MUKANGENZILeta ya Iran yemeje ko Umuyobozi w’Urwego rushinzwe ubutasi mu ngabo za Revolutionary Guards (IRGC), Gen Maj. Majid Khademi, yiciwe mu gitero cyo ku wa 6 Mata 2026.
-
Tanzania: Icyorezo cya Marburg cyishe abantu 8 mu 9 bacyanduye
15 January 2025, by Joseph IradukundaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), kuri uyu wa 15 Mutarama 2025 ryatangaje ko icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu gihugu cya Tanzania, ku ikubitiro kigahita gihitana abantu umunani mu icyenda bacyanduye.
-
Uganda: Umusirikare yarashwe agerageza kwinjira muri ‘stade’ atishyuye
10 February, by Angeline MUKANGENZIUmusirikare mu Ngabo za Uganda, Mbaale Akugizibwe, yarashwe arapfa nyuma yo kunanirwa kwishyura amashilingi 2000 yo kwinjira muri stade ngo akurikirane umukino w’umupira w’amaguru wabereye mu Mujyi wa Kyaterekera.
-
Barafinda yageze mu rukiko ntiyaburana! Uko iburanisha ry’urubanza ryagenze
4 March, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo, haburanishijwe urubanza rw’ubujurire bwatanzwe na Nizeyimana Didier uzwi nka Muchoma, Nkeramihigo Japhet, Tumukunde na Mazimpaka Patrick nyuma yo kutishimira imyanzuro y’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro.
-
R. Kelly ari gukorwaho iperereza rishya muri gereza
17 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umunyamerika wamenyekanye mu njyana ya R&B, R. Kelly, ari gukorwaho iperereza rishya muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, ni nyuma yo gusanganwa nimero ya telefone y’uwahoze ari umuyobozi wa gereza, yanditse mu gitabo cye, mu kigo afungiyemo cyo muri Leta ya North Carolina.
-
Iteramakofe: Conor McGregor yahagaritswe amezi 18
8 October 2025, by ISIMBI EstellaConor McGregor yahagaritswe amezi 18 atitabira amarushanwa kubera kudakora ibizimini bigaragaza ko adakoresha imiti itemewe mu mukino w’iteramakofe.
-
RDB yahagaritse by’agateganyo ubukerarugendo muri pariki 3 z’igihugu kubera Coronavirus
20 March 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gishinzwe Ubukerarugendo [RDB] cyahagaritse by’agateganyo ubukerarugendo n’ubushakashatsi muri Pariki 3 z’Igihugu mu gihe bitaramenyekana neza niba inyamaswa zitakwandura icyorezo cya Covid_19.
Umuryango.rw
BBC yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego cya Trump
Ituri: Kiliziya yafunze imiryango nyuma y’igitero cya CODECO
Minisitiri Bizimana yavuze amabi ya Sibomana Metusera muri Jenoside n’umuhungu we wiyitirira kuyirokoka
Amerika yishe Gen Maj Khademi wari ushinzwe ubutasi mu gisirikare cya Iran
Tanzania: Icyorezo cya Marburg cyishe abantu 8 mu 9 bacyanduye
Uganda: Umusirikare yarashwe agerageza kwinjira muri ‘stade’ atishyuye
Barafinda yageze mu rukiko ntiyaburana! Uko iburanisha ry’urubanza ryagenze
R. Kelly ari gukorwaho iperereza rishya muri gereza
Iteramakofe: Conor McGregor yahagaritswe amezi 18