Kuri uyu wa 7 Mutarama, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Canoth Manishimwe yahuye n’abayobozi bakuru ba Rwanda Energy Group(REG) baganira ku bikorwa bya buri munsi no ku buryo serivisi z’ingufu zarushaho gutangwa neza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisiteri y’Ibikorwa remezo yashyize ingufu mu gukemura ikibazo cy’ingufu
8 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rusizi: Umugore wabyaye avuye kwamamaza Umukandida wa FPR Inkotanyi yahawe inzu
11 August 2025, by ISIMBI EstellaUwamariya Noella wo mu Karere ka Rusizi, wabyaye avuye kwamamaza, Chairman w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, wari umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora yatsinze mu 2024, yubakiwe inzu.
-
Igwingira mu karere ka Karongi riri mu bituma ikigero cy’ubukene cyiyongera
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’akarere ka Karongi MUZUNGU Gerald afatanyije n’umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage UMUHOZA Pascasie bavuze ko ikibazo cy’igwingira ry’abana muri aka karare kiri mu bituma ikigero cy’ubukene kiyongera ariko bakemeza ko bagifatiye ingamba kandi ko babona zigenda zitanga umusaruro mwiza.
-
Autriche: Umunyeshuri yarashe bagenzi be na we ariyahura
10 June 2025, by ISIMBI EstellaUmugizi wa nabi wari witwaje intwaro yagabye igitero ku ishuri ryisumbuye rya Dreierschützengasse riherereye mu mujyi wa Graz uri mu ntera y’ibilometero 200 uvuye mu murwa mukuru, Vienna, yica abagera ku 10.
-
Ijoro ry’Ubunani ryasize Abasaga 20 barimo abagore bafunzwe mu karere ka Rusizi
2 January 2025, by Joseph IradukundaAbantu 20 barimo abagabo 12 n’abagore 8 mu Mujyi wa Rusizi w’Akarere ka Rusizi, batawe muri yombi mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza rishyira ku wa 1 Mutarama 2025, barira Umwaka Mushya mu gihome bakurikiranyweho ubujura, urugomo n’ibindi byaha.
-
AFC/M23 yashenguwe n’urupfu rwa Musenyeri wo muri Kiliziya Gatulika i Goma
27 October 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ryababajwe n’urupfu rwa Musenyeri Faustin Ngabu wabaye Umushumba wa Diyoseze ya Goma, witabye Imana ari mu kiruhuko cy’izabukuru.
-
Inkende zize amayeri yo kwiba telefoni n’amadarubindi zikayasubiza uzihaye ibiryo
1 August 2025, by ISIMBI EstellaItsinda ry’inkende ziba ku rusengero rwa Uluwatu, ruri ku nkombe z’Amajyepfo y’ikirwa cya Bali, zagaragaje amayeri adasanzwe, aho ziba telefoni n’amadarubindi (lunettes) bya ba mukerarugendo zikabibasubiza ari uko bazihaye ibyo kurya.
-
Diane Rwigara na nyina batangiye kuburanishwa mu mizi
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 24 Nyakanga, Urubanza rwa Diane Rwigara na Adeline Mukangemanyi rwatangiye kuburanishwa mu mizi nyuma y’uko urukiko rwemeje ko abantu 4 bakekwaho ubufatanyacyaha n’abaregwa nabo bashyirwa mu rubanza.
-
Burkina Faso: Amayobera ku masasu yarasiwe hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu
2 March, by Angeline MUKANGENZIMu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru amasasu menshi yumvikaknye hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Burkina Faso ariko kugeza ubu ibirambuye ku byabaye ntibiramenyekana.
-
Perezida wa Ghana yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ghana, John Dramani Mahama yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Gertrude Torkornoo, ku mwanya w’ubuyobozi ku mpamvu zitaramenyekana.
Umuryango.rw
Minisiteri y’Ibikorwa remezo yashyize ingufu mu gukemura ikibazo cy’ingufu
Rusizi: Umugore wabyaye avuye kwamamaza Umukandida wa FPR Inkotanyi yahawe inzu
Igwingira mu karere ka Karongi riri mu bituma ikigero cy’ubukene cyiyongera
Autriche: Umunyeshuri yarashe bagenzi be na we ariyahura
Ijoro ry’Ubunani ryasize Abasaga 20 barimo abagore bafunzwe mu karere ka Rusizi
AFC/M23 yashenguwe n’urupfu rwa Musenyeri wo muri Kiliziya Gatulika i Goma
Inkende zize amayeri yo kwiba telefoni n’amadarubindi zikayasubiza uzihaye ibiryo
Perezida wa Ghana yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga