Ni icyemezo cyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa, Jean-Noël Barrot, kuri uyu wa Mbere.
Uyu mwanzuro wa Algerie ugamije kwihorera ku Bufaransa buherutse guta muri yombi Abanya-Algerie batatu, bubashinja gushimuta Amir Boukhours (uzwi nka Amir DZ), Umunya-Aligerie utavuga rumwe n’ubutegetsi.
Minisitiri Jean-Noël Barrot yavuze ati “ndasaba ubuyobozi bwa Algerie guhagarika uyu mwanzuro wo kwirukana (abadipolomate). Mu gihe uyu mwanzuro wo kohereza aba bayobozi bacu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abadipolomate 12 b’u Bufaransa bahawe amasaha 48 yo kuva muri Algerie
14 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO YIMUKANWA
21 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me BIZIMANA PRICILLE BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO YIMUKANWA
-
Umuyobozi w’Inzu Ndangamurage ya Louvre yeguye nyuma y’ubujura bwayibasiye
25 February, by Angeline MUKANGENZIAmakuru dukesha France 24 avuga ko ku wa Kabiri tariki 24 Gashyantare 2026, Perezida Emmanuel Macron yashyikirijwe ubwegure bwa Laurence des Cars, ndetse ahita abwemeza.
Macron yavuze ko kwegura kwa Laurence des Cars kwari gukwiriye kandi kuje mu gihe iyi nzu ndangamurage ya mbere nini ku Isi ikeneye gutuza no kongera gutekereza ku nshingano zayo.
Des Cars yeguye yari amaze iminsi ku gitutu cyatangiye mu Ukwakira 2025 ubwo iyi nzu ndangamurage yibasirwaga n’ubujura bwasize yibwemo (…) -
Nyagatare: Umubyeyi w’abana 3 ugarutse mu ishuri ku myaka 31 yiyemeje kwiga, akaminuza
31 March, by ISIMBI EstellaNyuma yo gucikiriza amashuri agashaka umugabo, akabyara abana 3, Uwineza Julienne yiyemeje kugaruka mu ishuri. Afite intego yo gukomeza ndetse akaramgiza na Kaminuza.
-
Gasabo: Umukobwa wibanaga yasanzwe yapfuye kandi aboshye
24 September 2024, by Joseph IradukundaMu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 25,yanzwe mu nzu yapfuye, aboshye amaguru n’amaboko, bikekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi.
-
Amerika igiye kuvana ingabo zose muri Syria
19 February, by Angeline MUKANGENZIAmerika yatangaje ko mu mezi make ari imbere izaba yavanye ingabo zayo 1000 muri Syria, ndetse ingabo za Syria zamaze gushyikirizwa ibigo bibiri bya gisirikare zabagamo.
-
Minisitiri w’intebe wa Qatar yasabye Isi kureka kurera Israel bajeyi
15 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani, yasabye Umiryango Mpuzamahanga ikomeye ku Isi kureka gukomeza kurera Israel bajeyi bakayifatira ibihano nyuma y’ibitero yagabye ku bayobozi ba Hamas i Doha muri Qatar.
-
M23 yamaze gufata Rutshuru Centre na Rumangabo igiye kwerekeza I Goma
29 October 2022, by Dusingizimana RemyInyeshyamba z’Umutwe wa M23 zigambye ko zafashe uduce twa RDC turimo Rumangabo, na Rutshuru Centre ndetse zihanze amaso kwerekeza mu mujyi wa Goma.
Urubuga izi nyeshyamba zitangaho amakuru kuri Twitter, Goma24,rwemeje aya makuru ruvuga ko ubu bari kugenzura Rutshuru Centre, Kiwanja na Kinyandoni.
Ubwo butumwa bukomeza bugira buti “Uyu munsi harakurikiraho Nyiragongo / Kibumba, mbere yo gufata Goma.”
Kuri uyu wa Gatandatu kandi ngo M23 yakoresheje inama ebyiri abaturage ba Rutshuru. (…) -
Abagore barenga 800 bashyingiwe batarageza imyaka 21 muri 2025
21 April, by ISIMBI EstellaRaporo y’irangamimerere mu Rwanda ya 2025 igaragaza ko muri uwo mwaka ingo zisaga ibihumbi 50 zashyingiwe mu mategeko, ndetse umubare munini w’abagore bashaka bari munsi y’imyaka 25 aho abarenga 800 bashatse bataruzuza imyaka 21.
-
M23 yashimiye Tshisekedi wayihaye ‘impano ya Noheli’
18 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 washimiye Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo kuwuha impano ya Noheli.
Umuryango.rw
Abadipolomate 12 b’u Bufaransa bahawe amasaha 48 yo kuva muri Algerie
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO YIMUKANWA
Umuyobozi w’Inzu Ndangamurage ya Louvre yeguye nyuma y’ubujura bwayibasiye
Nyagatare: Umubyeyi w’abana 3 ugarutse mu ishuri ku myaka 31 yiyemeje kwiga, akaminuza
Gasabo: Umukobwa wibanaga yasanzwe yapfuye kandi aboshye
Amerika igiye kuvana ingabo zose muri Syria
Minisitiri w’intebe wa Qatar yasabye Isi kureka kurera Israel bajeyi
M23 yamaze gufata Rutshuru Centre na Rumangabo igiye kwerekeza I Goma
M23 yashimiye Tshisekedi wayihaye ‘impano ya Noheli’