Imyigaragambyo yagutse yo kwamagana ubuyobozi bwa Trump yabereye mu mijyi yo muri Amerika itandukanye, bikaba bibaye ku nshuro ya gatatu habaye iyi myigaragambyo yiswe “No Kings” mbere yigeze gukurura abantu amamiliyoni.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyamerika bongeye kwigabiza imihanda bamagana Trump
29 March, by Angeline MUKANGENZI -
Uganda: Yabeshye ko ari dogiteri, abaga abantu barapfa
31 July 2025, by ISIMBI EstellaFrancis Taulula w’imyaka 27 yakatiwe gufungwa imyaka ibiri, nyuma y’uko bigaragaye ko yabeshye ko ari umuganga, akabaga abarwayi batatu bikabaviramo urupfu.
-
Amerika ishobora gutera Iran muri iki cyumweru
19 February, by ISIMBI EstellaIngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zivugwaho umugambi wo kugaba igitero muri Iran mu mpera z’iki cyumweru nyuma y’amezi umunani zangije ibikorwaremezo bya nucléaire by’ingenzi.
-
Ubushinjacyaha bwasabiye Prof Omar Munyaneza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha bwasabiye Prof. Omar Munyaneza wayoboraga WASAC Group gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe we yaburanye asaba ko Urukiko rwamurekura by’agateganyo agakurikiranwa ari hanze.
-
Gen Makenga yasabye abarwanyi ba AFC/M23 kugaragaza itandukaniro
5 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi w’abarwanyi ba AFC/M23, Gen Sultani Makenga, yabasabye kugaragaza itandukaniro riri hagati yabo n’abo mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baranzwe n’imigirire mibi isuzuguza igihugu.
-
Umugore wa Justin Bieber yahagurukiye abamusebya
21 March 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamildeli Hailey Baldwin Bieber usanzwe ari umugore w’umuhanzi w’icyamamare Justin Bieber, agiye guhagurikira abamusebya mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga yitabaje inkiko.
-
RDC iri kwikanga agatsiko kayihungabanya gaturutse muri Afurika y’Epfo
21 September 2024, by Joseph IradukundaGuverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irikanga ko hari abaturuka muri Afurika y’Epfo bafite umugambi wo kuyihungabanyiriza umutekano.
-
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 17 yarohamye mu Kivu arapfa
24 January 2025, by Joseph IradukundaTuyishime Obed w’imyaka 17 wo mu Mudugudu wa Rwesero, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke, yagiye koga mu kiyaga cya Kivu atazi koga, ararohama, ahasiga ubuzima.
-
Gatsibo: Umukecuru arakekwaho kujugunya mu bwiherero uruhinja rwabyawe n’ umukobwa we
18 February, by Angeline MUKANGENZIUmukecuru w’ imyaka 57, utuye mu Murenge wa Kabarore, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma y’uko abaturage bagaragaje ko ashobora kuba yarataye mu bwiherero uruhinja rw’amezi 7 rwabyawe n’umukobwa we.
-
Abishyura umusoro ku mutungo itariki ntarengwa yegereje, MD Group ibakorera igenagaciro ryihuse
29 January 2020, by UbwanditsiAbakeneye servisi z’igenagaciro (Expertise/property valuation) bose mu Rwanda zifashishwa mu kwishyura imisoro baributswa ko tariki ntarengwa yo kuba bishyuye umusoro ku mitungo itimukanwa ari 29/2/2020; Multi Design Group Ltd company imaze kubaka izina mu gutanga iyi service y’igenagaciro n’izindi nyinshi zitandukanye mu buryo bwiza kandi bwihuse ikaba yibutsa abacyeneye gukoresha igenagaciro bose kubagana bagahabwa serivise nziza, yihuse kandi inoze.
Umuryango.rw
Abanyamerika bongeye kwigabiza imihanda bamagana Trump
Uganda: Yabeshye ko ari dogiteri, abaga abantu barapfa
Amerika ishobora gutera Iran muri iki cyumweru
Ubushinjacyaha bwasabiye Prof Omar Munyaneza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Gen Makenga yasabye abarwanyi ba AFC/M23 kugaragaza itandukaniro
Umugore wa Justin Bieber yahagurukiye abamusebya
RDC iri kwikanga agatsiko kayihungabanya gaturutse muri Afurika y’Epfo
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 17 yarohamye mu Kivu arapfa
Gatsibo: Umukecuru arakekwaho kujugunya mu bwiherero uruhinja rwabyawe n’ umukobwa we