Ishyaka Rya Tshisekedi Riravugwamo Amacakubiri Akomeye
UDPS ni ryo shyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu myaka irenga itanu ishize. Icyakora ngo ubu ririmo amacakubiri akomeye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
UDPS ya Tshisekedi yugarijwe n’amacakubiri
14 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Donald Trump ashobora gusura u Burusiya
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Karoline Leavitt, yatangaje ko Donald Trump ashobora kugirira uruzinduko mu Burusiya mu gihe kiri imbere.
-
Ubuhuza mu butabera bumaze guca Imanza 2199 mu mwaka w’ubucamanza usojwe
1 November 2024, by Joseph IradukundaMu mwaka w’ubucamanza usojwe, imanza 2,199, eshanu muri zo zari zifite agaciro ka miliyoni zirenga 45 frw zarangiriye mu buhuza hagati y’uwakoze icyaha n’uwagikorewe nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi w’Inkiko mu Rwanda, Harrison Mutabazi.
-
Qatar yamanitse amaboko mu buhuza bwa Hamas na Israel
10 November 2024, by Joseph IradukundaQatar yatangaje ko yivanye mu biganiro by’ubuhuza hagati ya Israel n’umutwe wa Hamas, kubera ko nta bushake impande zombi zigaragaza bwo gukemura amakimbirane.
-
Startimes yagiranye na AFC amasezerano yo kwerekana imikino yo muri Aziya ku mugabane w’Afurika
27 April 2021, by Dusingizimana RemyIkigo gicuruza amashusho na televiziyo zigezweho cya StarTimes cyasinyanye amasezerano y’imikoranire n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Aziya (AFC) yo kwerekana imikino y’ibihugu n’iy’amakipe yo muri Aziya muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara muri uyu mwaka wa 2021.
-
U Burusiya bwashyikirije Ukraine imirambo y’abasirikare 502 bayo
30 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUkraine kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko yashyikirijwe n’u Burusiya imirambo 502 biciwe mu ntambara ibihugu byombi bihanganyemo.
-
U Burundi bwibasiwe n’icyorezo cya choléra
6 April, by Angeline MUKANGENZIImibare y’abandura icyorezo cya choléra mu Burundi ikomeje kuzamuka bitewe ahanini no kutagira amazi meza ndese n’umwanda waturutse ku myuzure yibasiye iki gihugu mu minsi ishize.
-
Sida iracyari ikibazo cyane cyane ku rubyiruko - Minisitiri Dr. Nsanzimana yatanze umuburo
14 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaragaraje ko nubwo u Rwanda rwateye intambwe ikomeye mu kurwanya Virusi itera Sida, iyi ndwara ikiri ikibazo ku buzima bwa muntu, kandi ikomeje kwibasira cyane urubyiruko.
-
UPDF yohereje izindi ngabo muri Congo
3 March 2025, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Uganda (UPDF), ku Cyumweru cyatangaje ko cyohereje izindi ngabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; mu bikorwa byo kurandura imitwe yitwaje intwaro ikorera mu bice bitandukanye bya kiriya gihugu.
-
Perezida Biden YABWIYE Trumpa ko yari kumitsinda iyo yitabira amatora
9 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yari gutsinda Donald Trump mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu Ugushyingo 2024.
Umuryango.rw
UDPS ya Tshisekedi yugarijwe n’amacakubiri
Donald Trump ashobora gusura u Burusiya
Ubuhuza mu butabera bumaze guca Imanza 2199 mu mwaka w’ubucamanza usojwe
Qatar yamanitse amaboko mu buhuza bwa Hamas na Israel
U Burusiya bwashyikirije Ukraine imirambo y’abasirikare 502 bayo
U Burundi bwibasiwe n’icyorezo cya choléra
Sida iracyari ikibazo cyane cyane ku rubyiruko - Minisitiri Dr. Nsanzimana yatanze umuburo
UPDF yohereje izindi ngabo muri Congo
Perezida Biden YABWIYE Trumpa ko yari kumitsinda iyo yitabira amatora