Itsinda ry’abasirikare bahoze mu ngabo za Isiraheli bamugariye ku rugamba bari bamaze Icyumweru mu ruzinduko mu Rwanda, bagaragaje u Rwanda ko ari igihugu cyiza kandi gikomeje gutera imbere bashimara urugwiro n’ubwuzu Abanyarwanda babagaragaje.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abari mu ngabo za Isiraheli banyuzwe n’ubwuzu n’urugwiro by’Abanyarwanda
2 December 2025, by ISIMBI Estella -
Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Mauritius yatawe muri yombi
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKomisiyo ishinzwe ibyaha by’imari ya Leta (FCC) muri Maurtius, ku Cyumweru yatangaje ko uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’iki gihugu, Pravind Jugnauth, yatawe muri yombi kandi akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza amafaranga.
-
Gaza: Abantu batanu baguye mu bitero by’indege za Isiraheli
27 February, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare, Ingabo zo muri Gaza zatangaje ko ibitero by’indege za Isiraheli byahitanye abantu bagera kuri batanu, bikaba ari mu gihe kuva mu Ukwakira 2025, hari hashyizweho agahenge mu mirwano hagati ya Isiraheli na Hamas.
-
Abanyeshuri bigaga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazasibira bose, abiga ikiburamwaka (gardienne) nibo bazimurwa gusa
21 February 2021, by Martin MunezeroInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 19 Gashyantare 2021, yatangaje ko amashuri yose (harimo n’ay’i Kigali yari amaze umwaka wose afunzwe), azatangira amasomo ku wa kabiri tariki 23 Gashyantare 2021, hakaba hari abazasibira n’abazimuka.
-
Abavandimwe b’impanga bakiniye u Rwanda bwa mbere bagize isabukuru bari mu mwiherero
30 March, by ISHIMWE Jean de DieuMickels Joy Slayd na Mickels Joy Lance basanzwe ari abavandimwe b’impanga, bari mu bakinnyi bahamagawe mu ikipe y’Igihugu iri mu mikino ya FIFA Series, bagize isabukuru y’amavuko bari mu mwiherero, habura amasaha ngo Amavubi akine umukino wa nyuma.
-
Humble Jizzo yemeje ko Urban boys yamaze gucikamo ibice anavuga imvano yabyo
4 November 2017, by Nsanzimana ErnestHumble Jizzo umwe mu basore batatu bari bagize itsinda rya Urban Boys yatangaje ko Safi Madiba yasezeye kuri iri tsinda rimaze imyaka icyenda rikora umuziki.
Safi Madiba uherutse gusezerana n’ umukobwa Niyonizera Judith ubukwe bwe ntibuvugweho rumwe bishoboka ko agiye gukora umuziki ku giti cye.
Humble Jizzo wari mu bukwe bwa Safi butabonetsemo mugenzi wabo Nizzo yatangaje ko Safi yamuhamagaye amubwira ko asezeye Urban Boys ku mpamvu ze bwite.
Nubwo Safi avuga ibi ariko, Humble Jizzo (…) -
Ruhango: Abantu bane batawe muri yombi bakekwaho gusenya imva no kugura ibyuma byari bizubakishije
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInzego zishinzwe umutekano mu karere ka Nyanza ,zataye muri yombi abantu bakekwaho gusenya imva mu irimbi no kugura ibyuma byari byubakishije izo mva zashyinguwemo riherereye mu Murenge wa Ruhango .
-
Amerika yateguje ko abakozi ba leta bashobora kwirukanwa
2 October 2025, by ISIMBI EstellaIbiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, byatangaje ko abakozi ba Leta mu nzego zitandukanye bagiye gutangira kugabanywa kubera ihagarikwa ry’imirimo imwe n’imwe.
-
Abantu 84 bamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda…Habonetse 2 kuri uyu wa Kane
2 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki ya 02 Mata 2020 habonetse abantu 2 barwaye Coronavirus biyongereye ku bandi 82 bagaragaye mu minsi ishize guhera kuwa 14 Werurwe bituma buzuza umubare w’abantu 84 banduye.
-
Bebe Cool yagaragaje icyamuteye gufungisha Luwi Light uzwi kuri TikiTok
24 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uri mu bafatirwaho urugero muri Uganda Bebe Cool yemeje ko yagize uruhare mu gutanga ikirego cyatumye umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga witwa ‘Luwilight’ atabwa muri yombi kubera avuga ko yazize kwibasira umugire we.
Umuryango.rw
Abari mu ngabo za Isiraheli banyuzwe n’ubwuzu n’urugwiro by’Abanyarwanda
Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Mauritius yatawe muri yombi
Gaza: Abantu batanu baguye mu bitero by’indege za Isiraheli
Abavandimwe b’impanga bakiniye u Rwanda bwa mbere bagize isabukuru bari mu mwiherero
Ruhango: Abantu bane batawe muri yombi bakekwaho gusenya imva no kugura ibyuma byari bizubakishije
Amerika yateguje ko abakozi ba leta bashobora kwirukanwa
Abantu 84 bamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda…Habonetse 2 kuri uyu wa Kane
Bebe Cool yagaragaje icyamuteye gufungisha Luwi Light uzwi kuri TikiTok