Muri Afurika y’Epfo, mu gace ka Stilfontein, abacukuzi b’amabuye y’agaciro bakora mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bari bamaze igihe baraheze mu kirombe cya zahabu, bahuriyemo n’ikibazo cy’inzara, bamwe bakigwamo barapfa ubu imirambo igera kuri 36 akaba ari yo imaze gukurwa muri icyo kirombe, naho abandi 82 barazahaye cyane ariko bo batabawe bakiri bazima.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ikirombe cyacukurwaga bitazwi muri Afurika y’Epfo kimaze kugwamo 36
15 January 2025, by Joseph Iradukunda -
AFC/M23 yagennye abazayihagararira mu biganiro by’i Luanda
17 March 2025, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025 intumwa zigizwe n’abagera kuri Batanu bazahagararira Ihuriro AFC/M23 berekeje i Luanda muri Angola ku kibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Samia ahabwa amahirwe: Iby’ingenzi wamenya ku matora yo muri Tanzania
28 October 2025, by ISIMBI EstellaMu gihe muri Tanzania bitegura amatora rusange y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, amahirwe arahabwa Perezida Samia Suluhu Hassan kuko abanyapolitiki bakomeye bari guhatana bakomanyirijwe.
-
AS Kigali yongeye gutsinda APR FC yegukana igikombe cy’Amahoro 2022
28 June 2022, by Dusingizimana RemyIkipe ya AS Kigali yegukanye igikombe cy’amahoro ku nshuro ya kane(2001,2013,2019 &2022) mu mateka yayo nyuma yo gutsinda APR FC igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Iki gikombe cyaherukaga kuba muri 2019, nabwo gitwawe na AS Kigali yatsinze Kiyovu Sports ibitego 2-1.
Mbere y’uyu mukino,APR FC yari imaze imyaka 3 itabasha gutsinda AS Kigali kuko no mu mukino baherukaga guhura muri shampiyona AS Kigali yabatsinze ibitego 2-0.
Iyi kipe y’ingabo (…) -
Dore ukuri nyako ku bivugwa ko umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda ko wafunzwe[AMAFOTO]
2 March 2019, by Martin MunezeroNyuma y’uko kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Gashyantare 2019 umupaka wa Gatuna wafunzwe, hari amakuru yahise acicikana ko n’uwa Cyanika wafunzwe.
-
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego nkuru z’igihugu zitandukanye
14 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego nkuru z’igihugu aho Alex Kamuhire yagizwe Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta asimbuye Obadiah Biraro.
Obadiah Biraro wasimbuwe kuri uyu mwanya yagizwe Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta muri Kamena 2011. Mu 2016 Inama y’Abaminisitiri yamwongereye manda y’imyaka itanu nyuma yo kurangiza imyaka itanu igenwa n’itegeko.
Izi mpinduka zikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 13 Ukwakira 2021 iyobowe na (…) -
Trump agiye kohereza Umujyanama we mu Rwanda na RDC
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, agiye kohereza Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama we, mu bihugu birimo u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kenya na Uganda.
-
Umunyeshuli utatsinze bamwimura bate ?-Perezida Kagame
26 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagiriye urugendo mu Karere ka Nyamagabe kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 26 Gashyantare 2019,aho yaganirije imbaga y’abantu basaga ibihumbi 20 yaje kumwakira ku ngingo zitandukanye zirimo uburezi,iterambere ndetse n’umutekano.
-
Amerika irateganya kwambura no kwima visa Abanyasudani y’Epfo bose
6 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatandatu, itariki 5 Mata, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe y’Ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko arimo gufata ingamba zo gukuraho visa zose zifitwe n’abafite pasiporo zo muri Sudani y’Epfo ndetse no kubuza ko izindi zitangwa kugira ngo bibabuze kwinjira muri Amerika.
-
Perezida Kagame yasuye umuhanda wa Formula 1 muri Azerbaijan
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Paul Kagame, uri mu ruzinduko muri Azerbaijan, yasuye umuhanda uberamo amasiganwa y’imodoka nto za Formula 1.
Umuryango.rw
Ikirombe cyacukurwaga bitazwi muri Afurika y’Epfo kimaze kugwamo 36
AFC/M23 yagennye abazayihagararira mu biganiro by’i Luanda
Perezida Samia ahabwa amahirwe: Iby’ingenzi wamenya ku matora yo muri Tanzania
AS Kigali yongeye gutsinda APR FC yegukana igikombe cy’Amahoro 2022
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego nkuru z’igihugu zitandukanye
Trump agiye kohereza Umujyanama we mu Rwanda na RDC
Amerika irateganya kwambura no kwima visa Abanyasudani y’Epfo bose
Perezida Kagame yasuye umuhanda wa Formula 1 muri Azerbaijan