Haragirimana Jean Claude w’imyaka 29 yafatiwe mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,afite udupfunyika 207 tw’urumogi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kicukiro: Yafatanywe udupfunyika 207 tw’urumogi
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
#CHOGM2022:Madamu Jeannette Kagame yasabye isi guhagarika vuba ihohoterwa rikorerwa abagore no gushyingira abana bato
20 June 2022, by Dusingizimana RemyMadamu Jeanette Kagame yasabye isi yose gufatanya kurandura ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore ririmo kubashyingira ku gahato n’ibindi.
Ibi Madamu Jeannette Kagame yabigarutseho ubwo yatangizaga Inama y’Ihuriro ry’Abagore bahagarariye abandi mu muryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza wa Commonwealth bitabiriye inama ya CHOGM iteraniye I Kigali.
Madamu wa Perezida Kagame yagize ati "Nta kwihangana guhari mu gihe ubu bitatu bya kane bya miliyari y’abana (…) -
Gen (Rtd) Kabarebe yahagarariye Perezida Kagame mu muhango wo kwizihiza ubwigenge bwa Mozambique
26 June 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kwizihiza ku nshuro ya 50 umunsi mukuru w’ubwigenge bwa Mozambique.
-
Umugore wa Gafaranga waranzwe n’amarira yasohowe mu rubanza rwe
7 July 2025, by Joseph IradukundaUmugore wa Bishop Gafaranga yarize arahogora nyuma yo gusohorwa mu rubanza ruregwamo umugabo we, wari witabye Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo kugira ngo aburane ubujurire ku cyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata, rwari rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Minisitiri Uwacu yasabye abanyeshuri guhoza ku mutima indangaciro z’ umuco nyarwanda
15 January 2018Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne yasabye urubyiruko 150 rwavuye mu bice bitandukanye by’umujyi wa kigali kugira indangagaciro z’ Umunyarwanda no kuzazisangiza bagenzi babo babana cyane cyane ku bigo by’amashuri bigamo.
Hari mu muhango wo gusoza mahugurwa y’urubyiruko yiswe “Intore mu Biruhuko” kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Mutarama muri Petit stade i Remera. Abahuguwe ni abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ ayisumbuye bafite kuva ku myaka 8 kugera kuri 25.
Uwacu yagize ati (…) -
Umunya-Nigeria Ademola Lookman yabaye umukinnyi mwiza wa Afurika 2024
17 December 2024, by Joseph IradukundaUmunya-Nigeria Ademola Lookman ukinira ikipe ya Atalanta mu gihugu cy’u Butaliyani yahembwe nk’umukinnyi mwiza ku mugabane wa Afurika 2024, mu birori byabereye muri Maroc mu ijoro ryo ku wa 16 Ukuboza 2024.
-
Amerika na Iran batangiye ibiganiro nyuma y’imyaka 45 badacana uwaka,
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bamaze imyaka 45 baracanye umubano ushingiye kuri dipolomasi, batangiye kugirana ibiganiro biziguye.
-
Kigali: Arakekwaho guha Komanda wa polisi ruswa ya 50,000 Frw
16 June 2025, by Joseph IradukundaPolisi y’Umujyi wa Kigali yataye muri yombi umugabo witwa Shumbusho Céléstin w’imyaka 37 ukurikiranyweho icyaha cyo gutanga indonke kugira ngo umuntu we ukurikiranyweho icyaha cy’ubujura afungurwe.
-
Umwicanyi ruharwa uryamye mu kiyaga cya Kivu, icyago cyangwa amahirwe ku Rwanda
18 November 2017, by Nsanzimana ErnestAbashakashatsi bagaragaraje ko nta kigikozwe mu maguru mashya ikiyaga cya Kivu nubwo abantu bakibonana umutuzo gishobora kwica abantu bagera kuri miliyoni ebyiri mu kanya nk’ ako guhumbya.
Iki kiyaga kirimo gaz methane igera kuri km3 60, na dioxide de carbone hafi km3 300, izi gaz zombi abashakashatsi bazigerenya na bombe rutura ishobora guturika ikamara abantu nk’ uko byabaye muri Cameroun myaka 31 ushize.
Inkuru UMURYANGO ukesha, ikinyamakuru science.howstuffworks.com ivuga ko mu (…) -
Ubufaransa bwinjiye mu yandi makuba ya politike nyuma yuko abadepite beguje minisitiri w’intebe
9 September 2025, by ISIMBI EstellaUbufaransa bwashowe mu makuba mashya yo muri politike nyuma y’itsindwa rya Minisitiri w’intebe François Bayrou mu matora yo kumugaragariza niba afitiwe icyizere yabereye mu nteko ishingamategeko.
Umuryango.rw
Kicukiro: Yafatanywe udupfunyika 207 tw’urumogi
#CHOGM2022:Madamu Jeannette Kagame yasabye isi guhagarika vuba ihohoterwa rikorerwa abagore no gushyingira abana bato
Gen (Rtd) Kabarebe yahagarariye Perezida Kagame mu muhango wo kwizihiza ubwigenge bwa Mozambique
Umugore wa Gafaranga waranzwe n’amarira yasohowe mu rubanza rwe
Umunya-Nigeria Ademola Lookman yabaye umukinnyi mwiza wa Afurika 2024
Amerika na Iran batangiye ibiganiro nyuma y’imyaka 45 badacana uwaka,
Kigali: Arakekwaho guha Komanda wa polisi ruswa ya 50,000 Frw
Ubufaransa bwinjiye mu yandi makuba ya politike nyuma yuko abadepite beguje minisitiri w’intebe