DJ Theo yitabye Imana aguye mu bitaro bya Masaka nyuma y’iminsi yari amaze arembye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
DJ Theo yitabye Imana
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Sugira Ernest ahesheje Amavubi itike yo kwerekeza muri CHAN 2020
19 October 2019, by Dusingizimana RemyAmavubi yamaze gukatisha itike yo kwerekeza muri CHAN 2020 izabera mu gihugu cya Cameroon, abifashijwemo na Sugira Ernest wayatsindiye ibitego 2 mu mikino yombi yakinnyemo na Ethiopia muri iri jonjora rya nyuma.
-
Gen (Rtd) Kabarebe yakiriye mu biro bye Umuyobozi w’Ishami ry’u Busuwisi rishinzwe Afurika
3 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe, yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Ishami ry’u Busuwisi rishinzwe Umugabane wa Afurika muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’icyo Gihugu, Amb. Philipp Stalder.
-
Minicom yahawe ukwezi kumwe ko gukemura ikibazo cy’umuceri uhombera abaturage
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbadepite bagaragaje ko urwego rw’ubuhinzi rwugarijwe n’ibibazo bitandukanye birimo ikibazo cy’ibiciro by’umuceri uhingwa mu Rwanda kikiri hejuru, isaba Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda kugikemura bitarenze ukwezi kumwe.
-
Leta y’ u Rwanda ibitse miliyari zirenga 2 zavuye mu mitungo yasizwe na beneyo
12 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubutabera mu Rwanda yatangaje ko magingo aya kuri konti ya komite ishinzwe gucunga imitungo yasizwe na beneyo hariho miliyari zirenga 2 na miliyoni 400. Ba nyiri iyi mitungo aya mafaranga bazayasubizwa nibagaruka mu gihugu.
-
MININFRA yasabwe kwishyura abaturage byihuse ibirarane bidasaba ingengo y’imari nini
15 January 2025, by Joseph IradukundaAbadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore, basabye ko abagomba guhabwa ingurane y’amafaranga make byakorwa hatagombye kuyategereza igihe kirekire.
-
Babiri barashwe nyuma yo kurwanya abashinzwe umutekano wa Nyungwe, umwe arapfa
15 July 2025, by ISIMBI EstellaBigirimana Egide wari usanzwe ari umujyanama w’ubuzima mu Mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu Murenge wa Ruhambuga, yarashwe n’abashinzwe kurinda Pariki y’Igihugu ya Nyungwe, ubwo we na bagenzi be bari bagiye gucukuramo amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko.
-
R. Kelly arenda kwicirwa muri gereza
11 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’Umunyamerika R. Kelly yasabye urukiko ko yarekurwa byihuse nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe buri mu byago bikomeye muri gereza yo muri Leta ya North Carolina aho afungiwe.
-
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye
23 June 2020, by UbwanditsiKu mugoroba w’ejo nibwo Umupolisi muto witwa Jean Bosco Munyeshyaka wari uzwi ku izina ry’irihimbano rya Rwatubyaye yagiye gusura umudamu utuye mu Murenge wa Nyagatare, akagali ka Bushoga umudugudu wa Cyonyo mu Karere ka Nyagatare atashye asubiye mu kigo ngo atangira kumva atameze neza ndetse aza guhita apfa bitunguranye. Harakekwa amarozi.
Uyu mu Polisi bitaga Rwatubyaye yari yagiye kusura umugore wibana ariko wigeze kuba afite umugabo. Amakuru avuga ko umugabo yahoranye nawe yari (…) -
Abahanga bavuga ko ubwonko bw’umuntu buri kwivanga na Pulasitiki ku kigero gikabije
28 August 2024, by Joseph IradukundaBinyuze mu isuzuma ritandukanye rimaze igihe rikorerwa imirambo, abahanga mu by’ubuvuzi bavumbuye ingano nini y’uduce twa pulasitiki twibika mu bwonko bwa muntu muri iyi minsi, aho byiyongereye ku kigero cya 50% mu myaka umunani ishize.
Umuryango.rw
DJ Theo yitabye Imana
Gen (Rtd) Kabarebe yakiriye mu biro bye Umuyobozi w’Ishami ry’u Busuwisi rishinzwe Afurika
Minicom yahawe ukwezi kumwe ko gukemura ikibazo cy’umuceri uhombera abaturage
MININFRA yasabwe kwishyura abaturage byihuse ibirarane bidasaba ingengo y’imari nini
Babiri barashwe nyuma yo kurwanya abashinzwe umutekano wa Nyungwe, umwe arapfa
R. Kelly arenda kwicirwa muri gereza
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye
Abahanga bavuga ko ubwonko bw’umuntu buri kwivanga na Pulasitiki ku kigero gikabije