Raporo y’ibanze ku cyateye impanuka y’indege ya Air India yabaye ku wa 12 Kamena 2025 igahitana abantu 260, barimo 241 muri 242 bari mu ndege yashyizwe hanze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imashini zohereza amavuta muri moteri zari zifunze: Raporo y’iperereza ku mpanuka y’indege yahitanye abantu 260
12 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Imyaka irenga 20 y’impfabusa; icyasha kuri Loni mu burasirazuba bwa RDC
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bariruhukije, ubwo babonaga iwabo hoherejwe ingabo zibarirwa mu bihumbi zari zinjiye mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUC). Batekerezaga ko amahoro yari yarabuze agiye kugaruka.
-
Nyamasheke: Batanu bakurikiranyweho urupfu rw’uwabaciriye bari mu kabari
22 January, by ISIMBI EstellaAbantu batanu bo mu Karere ka Nyamasheke barimo na nyir’akabari batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu rupfu rwa Nkurikiyumukiza Daniel w’imyaka 44, wasanzwe imbere y’akabari yapfuye.
-
Perezida Kagame yatangije inama ya Youth Connekt Africa 2024 i Kigali yitabiriwe n’Abarenga 3000
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Ugushyingo 2024, yitabiriye Inama ya 7 y’Ihuriro ry’Urubyiruko muri Afurika, Youth Connekt Africa 2024. Ni inama ibera muri Kigali Convention Centre yatangiye uyu munsi bikaba biteganyijwe ko izasozwa kuwa 10 Ugushyingo, yitabiriwe n’abarenga 3000 baturutse hirya no hino muri Afurika.
-
Umunyarwenya Teacher Mpamire yemeje kuzataramira i Kigali
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyarwenya Herbert Mendo Ssegujja uzwi nka Teacher Mpamire ukomoka muri Uganda mu Kinyarwanda cyiza yatangarije abakunzi be ko azataramira i Kigali muri uku kwezi.
Yifashishije urubuga rwe rwa Instagram Teacher Mpamire yakoresheje Ikinyarwanda gitomoye asaba abamukunda kutazabura mu gitaramo cy’urwenya gisanzwe cyizwi nka Gen-z Comedy show giteganyijwe tariki 25 Nyakanga 2024.
Yagize ati: “Rwanda, ese mwiteguye ishuri? Mwagiye mubaza ngo ni ibiki bitagenze neza. Noneho, mwarimu Mpamire (…) -
RDC yongereye ibikorwaremezo by’ubwirinzi ku mupaka wayo n’u Rwanda
19 January 2023, by Dusingizimana RemyRepubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Mutarama 2023,yatashye ku mugaragaro utuzu 26 tw’abarinda umupaka, inzu enye zizakorerwamo ibikorwa byo kuwugenzura n’inzu z’ubwiherero enye ( 4 ),ku mupaka uyihuza n’u Rwanda,
Ibi byakozwe mu rwego rwo gukaza umutekano ku mupaka wayo n’uRwanda,nkuko amakuru dukesha UMUSEKE abitangaza.
Iki gikorwa cyayobowe na Guverineri wa Kivu ya Ruguru Lt Gen Ndima Kongba, ku mupaka wa Goma n’Akarere ka Rubavu.
Guverineri wa Gisirikare (…) -
Urubanza rwa Diddy rushobora kumuhagama: Abatangabuhamya bariteguye
2 May 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’imyaka myinshi ari icyamamare mu muziki no mu bucuruzi, Sean “Diddy” Combs, wigeze gutunga miliyari y’amadolari y’Amerika, agiye kwitaba urukiko ku byaha bikomeye birimo ihohotera rishingiye ku gitsina n’ibyaha by’ubugizi bwa nabi. Uyu mugabo w’imyaka 55 ubu ari mu maboko y’ubutabera, aho azatangira kuburanishwa n’urukiko rwo mu Karere ka Southern District muri New York ku itariki ya 5 Gicurasi 2025.
-
Nyagatare: Abamotari bamazwe impungenge ku bibazo bya mitasiyo
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu Karere ka Nyagatare bagaragarijwe ko ibibazo byo guhererekanya ibinyabiziga bagiye bafatira mu makoperative yabo, bikandikwa mu mazina yabo bigiye gukemuka bitarenze ukwezi kwa gatandatu.
-
Urukiko rwategetse ko Bishop Harerimana akomeza gukurikiranwa adafunzwe
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko Ubujurire bw’Ubushinjacyaha mu rubanza ruregwamo Umushumba w’Itorerero Zeraphat Holy Church, Bishop Harerimana Jean Bosco, nta shingiro bufite, rutegeka ko akomeza gukurikiranwa ari hanze.
-
Abasirikare batandukanye bakomeje gutakariza ubuzima bwabo mu butumwa bw’amahoro harimo nab’ u Rwanda
7 May 2025, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda ndetse n’ibindi bihugu bitandukanye byohereza ingabo mu butumwa bw’amahoro mu bindi bihugu bifite ibibazo by’umutekano muke muri Afurika ariko hakabamo abataha ndetse n’abandi bahasiga ubuzima bitewe n’imirwano ishobora kuba muri ibyo bihugu baba bagiyemo.
Umuryango.rw
Imashini zohereza amavuta muri moteri zari zifunze: Raporo y’iperereza ku mpanuka y’indege yahitanye abantu 260
Imyaka irenga 20 y’impfabusa; icyasha kuri Loni mu burasirazuba bwa RDC
Nyamasheke: Batanu bakurikiranyweho urupfu rw’uwabaciriye bari mu kabari
Perezida Kagame yatangije inama ya Youth Connekt Africa 2024 i Kigali yitabiriwe n’Abarenga 3000
Umunyarwenya Teacher Mpamire yemeje kuzataramira i Kigali
RDC yongereye ibikorwaremezo by’ubwirinzi ku mupaka wayo n’u Rwanda
Urubanza rwa Diddy rushobora kumuhagama: Abatangabuhamya bariteguye
Nyagatare: Abamotari bamazwe impungenge ku bibazo bya mitasiyo
Urukiko rwategetse ko Bishop Harerimana akomeza gukurikiranwa adafunzwe
Abasirikare batandukanye bakomeje gutakariza ubuzima bwabo mu butumwa bw’amahoro harimo nab’ u Rwanda