Komisiyo idasanzwe ya Sena yari ifite inshingano zo gusuzuma ubusabe bwo kwambura Joseph Kabila wayoboye icyo gihugu ubudahangarwa, yafashe umwanzuro wo kubumukuraho, kugira ngo atangire gukurikiranwa mu nkiko ku byaha ashinjwa n’ubutegetsi bw’icyo gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Sena ya DRC yambuye Joseph Kabila ubudahangarwa
23 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
U Rwanda rwiteguye kwakira impunzi, inzego zinyuranye ziri i Rubavu
27 January 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yiteguye kwakira impunzi zahungira mu Rwanda ziturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kubera imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Leta ririmo na FDLR.
-
IGP Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria, aho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare, yitabiriye inama n’umwiherero bihuza ba Ofisiye bakuru ba Polisi muri icyo gihugu.
-
Amashimwe ni yose kwa Jado Sinza na Esther bibarutse imfura bise Sinza Buntu Inara Skylar – AMAFOTO
23 June 2025, by ISIMBI EstellaImpundu ni zose mu muryango w’abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Jado Sinza n’umugore we Esther Umulisa, bamaze guhindurirwa izina bakitwa ababyeyi nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa.
-
Ishyaka BDP Ryari Rimaze Imyaka 58 ku Butegetsi muri Botswana Ryatsinzwe Amatora
2 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa gatanu, Perezida wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, yemeye ko yatsinzwe nyuma y’amatora yatunguranye, yatumye ishyaka rye riharanira demokarasi (BDP) ritsindwa nyuma y’imyaka 58 riri ku buyobozi.
-
U Burusiya bwahaye Ukraine imirambo irenga 1000 y’abasirikare baguye ku rugamba
14 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Burusiya bwahaye Ukraine imirambo 1 200 y’abasirikare bayo baguye ku rugamba mu gikorwa cyo guhererekanya imirambo n’imfungwa z’intambara kuva intambara yatangira mu myaka itatu ishize.
-
Nyagatare na Rwamagana: Abantu babiri bapfiriye mu mpanuka
5 November 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda yongeye gusaba abakoresha umuhanda kwitonda bakirinda uburangare n’amakosa yo mu muhanda nyuma y’aho mu turere twa Nyagatare na Rwamagana habereye impanuka zapfiriyemo abaturage babiri barimo umumotari n’umunyamaguru.
-
Umugore wa Kanye West yongeye – AMAFOTO
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBianca Censori, umugore wa Kanye West, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru, nyuma yo kugaragara mu ruhame yambaye imyambaro y’imbere gusa yose igaragaza neza imiterere y’umubiri we.
-
Umuraperi P Fla yahishuye abaraperi batanu yakuze afatiraho urugero ku isi.
14 April 2025, by Gladiator OGCapital P The Great, Mana y’I Rwanda , P FLA, The Dictator n’andi mazina menshi niko yiyita ndetse we ahamyako kuba akiri mu ruganda rw’umuziki nyarwanda ubwo ntakibazo gihari kuko ari Imana ya Rap y’Ikinyarwanda. Uyu muraperi yinjiye mu muziki nyarwanda mu mwaka w’i2006 ndetse kuva icyo gihe kugera ubu nta muntu ushidikanya ku bushobozi bwe mu njyana ya Rap.
Mu kiganiro aherutse kugirana n’umuyoboro wa youtube witwa Zapclub uyu muhanzi yabajijwe abaraperi afata nk’abibihe byose kuri we , (…) -
Gicumbi :Imodoka ya RITCO yakoze impanuka igwa mu mugezi Imana ikinga ukuboko
19 July 2020, by Dusingizimana RemyImodoka itwara abagenzi ya kompanyi ya RITCO yakoreye impanuka mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Ruvune mu Gasantere ka Cyandaro mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020,gusa nta muntu wahasize ubuzima.
Umuryango.rw
Sena ya DRC yambuye Joseph Kabila ubudahangarwa
U Rwanda rwiteguye kwakira impunzi, inzego zinyuranye ziri i Rubavu
IGP Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria
Amashimwe ni yose kwa Jado Sinza na Esther bibarutse imfura bise Sinza Buntu Inara Skylar – AMAFOTO
Ishyaka BDP Ryari Rimaze Imyaka 58 ku Butegetsi muri Botswana Ryatsinzwe Amatora
U Burusiya bwahaye Ukraine imirambo irenga 1000 y’abasirikare baguye ku rugamba
Nyagatare na Rwamagana: Abantu babiri bapfiriye mu mpanuka
Umugore wa Kanye West yongeye – AMAFOTO
Umuraperi P Fla yahishuye abaraperi batanu yakuze afatiraho urugero ku isi.
Gicumbi :Imodoka ya RITCO yakoze impanuka igwa mu mugezi Imana ikinga ukuboko