Umusirikare umwe mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe amasasu menshi muri bagenzi be, yicamo babiri, abandi icyenda (9) barakomereka bikabije, aho bivugwa ko yabitewe n’ubusinzi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Haravugwa icyateye Umusirikare wa FARDC kubyuka arasa urufaya rw’amasasu muri bagenzi be
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umukobwa wa Rusesabagina yagize icyo avuga nyuma y’imyanzuro y’Urukiko rw’Ubujurire
5 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyuma yo kumva umwanzuro w’urukiko rw’ubujurire mu Rwanda wo kugumizaho igifungo cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yari yarahawe,Umukobwa we wavuze ko utatunguwe n’umwanzuro w’urukiko Rw’ubujurire .
-
Ibiciro ku masoko yo mu Rwanda byazamutseho 6,5% muri Werurwe
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko ibiciro byo ku masoko yo mu mijyi mu Rwanda byazamutseho 6,5% muri Werurwe 2025, ugereranyije n’ukwezi nk’uku mu mwaka ushize.
-
Iniesta wakiniye FC Barcelona ashobora guhabwa akazi mu ikipe y’igihugu ya Morocco
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Espagne, Andres Iniesta wakiniye FC Barcelona ashobora guhabwa akazi ko kuba umuyobozi wa Siporo mu ikipe y’igihugu ya Morocco.
-
Police FC yongereye amasezerano abarimo Didier wifuzwaga na Rayon Sports
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, Police FC yatangaje ko yongereye amasezerano abakinnyi batatu barimo Mugisha Didier wagiranye ibiganiro na Rayon Sports.
-
Perezida Kagame yahishuye ikintu gikomeye cyatuma Rusesabagina arekurwa
15 December 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame w’u Rwanda avuga ku busabe bwa Amerika ko Paul Rusesabagina arekurwa yavuze ko ’ntawe uzadukanga’ ku byemezo u Rwanda rufata ndetse ashimangira ko byasaba kugaba ugitero ugafata igihugu kugira ngo umufunguze.
Perezida Kagame yari mu kiganiro muri Amerika asubiza ku kibazo cy’ubusabe bwa minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika Antony Blinken bwo kurekura Rusesabagina.
Kagame yavuze ko Rusesabagina yareganywe n’abandi bantu 20 barimo abemeye ibyaha bakanamushinja (…) -
Perezida Macron yareze Candace Owen wise umugore we umugabo
24 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yareze Candace Owen mu rukiko rwa Delaware muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, amushinja gukwirakwiza ibinyoma by’uko umugore we, Brigitte Macron, ari umugabo.
-
Uganda: Museveni yasubije Minisitiri Kadaga wijunditse ishyaka rya NRM
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko ishyaka rya NRM rimaze igihe ryaratanze umurongo ku kibazo cy’abavuga ko barimazemo igihe bashaka kwikubira imyanya, kuko byaba ari ukuvangura abarwanashyaka bityo abashya batazagira igihe cyo kugaragaza icyo bashoboye.
-
Sénégal: Biyemeje gukusanya arenga miliyoni 30 Frw azafasha abagore bo mu Rwanda kwipimisha kanseri
16 March, by Angeline MUKANGENZIAbanyarwanda baba muri Sénégal biyemeje gukusanya miliyoni 10 CFA (arenga miliyoni 38 Frw) azafasha abagore 1.000 bo mu Rwanda kwipimisha kanseri y’inkondo y’umura.
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa EU mu Rwanda
18 February, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda, Belén Calvo Uyarra, bigamije gushimangira ubufatanye.
Umuryango.rw
Haravugwa icyateye Umusirikare wa FARDC kubyuka arasa urufaya rw’amasasu muri bagenzi be
Ibiciro ku masoko yo mu Rwanda byazamutseho 6,5% muri Werurwe
Iniesta wakiniye FC Barcelona ashobora guhabwa akazi mu ikipe y’igihugu ya Morocco
Police FC yongereye amasezerano abarimo Didier wifuzwaga na Rayon Sports
Perezida Kagame yahishuye ikintu gikomeye cyatuma Rusesabagina arekurwa
Perezida Macron yareze Candace Owen wise umugore we umugabo
Uganda: Museveni yasubije Minisitiri Kadaga wijunditse ishyaka rya NRM
Sénégal: Biyemeje gukusanya arenga miliyoni 30 Frw azafasha abagore bo mu Rwanda kwipimisha kanseri
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa EU mu Rwanda