Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yasuye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Nyakabingo, gicukurwamo wolfram nyinshi muri Afurika, giherereye mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Shyorongi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umujyanama wa Trump yasuye Ikirombe cya Nyakabingo gicukurwamo ‘Wolfram’ nyinshi muri Afurika
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rubavu: Imbuto y’ibirayi iri kubona umugabo igasiba undi
10 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbahinzi b’ibirayi bo mu mirenge ya Mudende na Bugeshi mu Karere ka Rubavu bagaragaje ko imbuto y’ibirayi iri kubona umugabo igasiba undi, bitewe n’ibiciro biri gutumbagira umunsi ku wundi.
-
Dore ibyiza byo gukora imyitozo ngororamubiri ku bagore batwite
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu bagore batwite ndetse n’imiryango yabo, ngo bakunze guhura n’ikibazo cyo kwibaza niba byaba byiza gukora imyitozo ngororamubiri mu gihe batwite, rimwe na rimwe ababegereye bakababwira ibitandukanye. Hari abavuga ko siporo ari nziza, abandi bakavuga ko itemewe ku batwite, ibyo bitekerezo binyuranye bikabashyira mu gihirahiro, ariko se inzobere mu by’ubuzima n’ubuzi bw’abagore batwite batanga inama ki kuri iyo ngingo.
-
Mu ibanga rikomeye cyane Diamond Platnumz yakoze ubukwe na Zuchu
2 June 2025, by Gladiator OGNaseeb Abdul Juma uzwi cyane mu muziki nka Diamond Platnumz yaciye amarenga yuko yaba yakoze imihango y’ubukwe yo mu idini ya isilamu hamwe n’umukunzi we akaba n’umuhanzi ubarizwa mu nzu ifasha abahanzi ya Wasafi ari we Zuchu.
-
Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA
19 July 2025, by Joseph IradukundaShema Ngoga Fabrice usanzwe uyobora AS Kigali yatanze kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu myaka ine iri imbere.
-
Ubutumwa bwa Gen Muhoozi bwongeye kurikoroza mu Nteko ya Uganda
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda hongeye kuba impaka zishyushye nyuma y’aho Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen Muhoozi Kainerugaba, atitabye kugira ngo asobanure ubutumwa butavugwaho rumwe yatangarije ku rubuga nkoranyambaga rwa X.
-
Neg G The General yapfushije umwana
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Neg G The General ari mu gahinda ko kubura umwana witabye Imana afite amezi icyenda gusa, aho yazize uburwayi yari amaranye iminsi.
-
Muhoozi yongeye kurikoroza ubwo yavugaga ko abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi
23 January, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatanze igitekerezo gisa no gutebya agaragaza ko abagore badafite amabuno manini azwi cyane muri iyi minsi nka ‘nyash’ ngo babyara abana ‘b’ibigoryi’.
-
Inama igamije gushyira mu bikorwa amasezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na Uganda igiye guterana
31 August 2019, by Martin MunezeroNyuma y’amasezerano aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Uganda, itsinda ry’abayobozi hagati y’ibihugu byombi rigizwe n’Abaminisitiri, bari kwiga ku nama ihuriweho izaganira ku ishyirwa mu bikorwa ry’aya masezerano yasinyiwe muri Angola n’abaperezida b’ibihugu byombi.
-
Ngoma: Abantu 9 baheruka gukubitwa n’inkuba bashyinguwe mu cyubahiro
6 January, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Kabiri tariki ya 06 Mutarama 2026, abantu icyenda muri 15 baheruka gukubitwa n’inkuba mu Murenge wa Jarama, Akarere ka Ngoma, bashyinguwe mu cyubahiro.
Umuryango.rw
Umujyanama wa Trump yasuye Ikirombe cya Nyakabingo gicukurwamo ‘Wolfram’ nyinshi muri Afurika
Rubavu: Imbuto y’ibirayi iri kubona umugabo igasiba undi
Dore ibyiza byo gukora imyitozo ngororamubiri ku bagore batwite
Mu ibanga rikomeye cyane Diamond Platnumz yakoze ubukwe na Zuchu
Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA
Ubutumwa bwa Gen Muhoozi bwongeye kurikoroza mu Nteko ya Uganda
Neg G The General yapfushije umwana
Muhoozi yongeye kurikoroza ubwo yavugaga ko abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi
Ngoma: Abantu 9 baheruka gukubitwa n’inkuba bashyinguwe mu cyubahiro