Mu ntangiriro z’iki cyumweru, nibwo mu karere ka Karongi havuzwe inkuru ku gusezera akazi kwa Gitifu w’umurenge wa Murundi, Ntakirutimana Gaspard ari kumwe n’aba Gitifu b’utugari 3 nyuma yo gufungirwa mu biro by’akarere, hakurikiyeho iyeguzwa ry’abandi bakozi batatu bose byavuzwe ko basezeye ku mpamvu zabo bwite.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Karongi: Ba gitifu basezereye rimwe burya bari babanje gufungirwa mu karere
1 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Rusizi: Umugabo w’imyaka 57 akurikiranyweho gushinga imisaraba ibiri mu rugo rw’umuturanyi
24 July 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi yataye muri yombi umugabo w’imyaka 57 akekwaho gushinga imisaraba mu rugo rw’umuturanyi we bari bafitanye amakimbirane.
-
Kim Kardashian na Kanye West ntibarigucana uwaka
19 March 2025, by ISIMBI EstellaRurageretse hagati ya Kim Kardashian umaze kwamamara nk’umwe mu bagore bubatse izina mu mideli no ku mbuga nkoranyambaga na Kanye West wahoze ari umugabo we, nyuma y’aho uyu mugabo ashyize hanze indirimbo yumvikanamo Diddy ufunzwe azira gusambanya abagore n’abakobwa, ndetse n’umukobwa w’aba bombi North West.
-
Air Tanzania yanze gutwara abagenzi barenga 30 yari yajyanye mu Bushinwa
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagenzi 32 bari bateze indege ya sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere ya Air Tanzania ibajyanye mu Bushinwa basizwe ku kibuga cy’indege cya Baiyun International Airport mu Mujyi wa Guangzhou nyuma y’uko amatike abasubizayo bafite ari amiganano bahawe n’ikigo cyiyitiriye gukorana na yo.
-
Inteko Ishingamategeko ya DR Congo igiye gutangira kuganira ku masezerano y’amahoro ya Washington
16 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 16 Werurwe 2026, Inteko Ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo iratangira kuganira ku masezerano y’amahoro ya Washington yasinywe umwaka ushize hagati leta ya Kinshasa n’iya Kigali.
-
Umwami wa Iran Ayatollah Khamenei yashimangiye ko igitero yagabye kuri Israel aricyo gito gishoboka
4 October 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yatangaje ko ibisasu biherutse kuraswa muri Israel bikozwe n’Ingabo za Iran ari ’igihano gito gishoboka’ cyari gikwiriye guhabwa Israel, ugereranyije n’ibyaha bikomeye icyo gihugu cyakoreye Iran mu myaka ishize.
-
Kinshasa: Abadepite 12 bashaka kweguza Vital Kamerhe bafunzwe
6 September 2025, by ISIMBI EstellaInzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zataye muri yombi abadepite 12 bari mu bategura igikorwa cyo kweguza Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Vital Kamerhe.
-
Nyabihu: Abantu barindwi batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu bujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga
24 March, by ISIMBI EstellaKu wa mbere Tariki ya 23 Werurwe 2026, Polisi y’Igihugu ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba yeretse itangazamakuru abantu barindwi barimo batatu bakekwaho kwiba ibikoresho birimo amateleviziyo n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga ndetse yerekana abandi bane bakekwaho kugura ibyo bikoresho byibwe mu karere ka Nyabihu.
-
Real Madrid yakomeje ibigwi itwara UEFA Champions League ku nshuro ya 14 [AMAFOTO]
29 May 2022, by Dusingizimana RemyIkipe ya Real Madrid yatwaye igikombe cya UEFA Champions League ku nshuro ya 14 nyuma yo gutsindaLliverpool igitego 1-0 cyatsinzwe na Vinicius Junior ku munota wa 59 w’umukino.
Mu mukino wa nyuma wabereye kuri stade de France mu mujyi wa Paris,ikipe ya Real Madrid yatsinze Liverpool igitego 1-0 mu mukino iyi kipe yo mu Bwongereza yihariye cyane ariko ikagorwa bikomeye n’umunyezamu Thibaut Courtois.
Umukino watangiye utinzeho iminota 35 kuko byari biteganijwe ko utangira saa tatu z’ijoro (…) -
Angola iri gukora ibishoboka ngo isubize M23 ku meza y’ibiganiro
19 March 2025, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Angola yatangaje ko iri gukora ibishoboka kugira ngo ihurize mu biganiro umutwe witwaje intwaro wa M23 n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Karongi: Ba gitifu basezereye rimwe burya bari babanje gufungirwa mu karere
Rusizi: Umugabo w’imyaka 57 akurikiranyweho gushinga imisaraba ibiri mu rugo rw’umuturanyi
Kim Kardashian na Kanye West ntibarigucana uwaka
Air Tanzania yanze gutwara abagenzi barenga 30 yari yajyanye mu Bushinwa
Umwami wa Iran Ayatollah Khamenei yashimangiye ko igitero yagabye kuri Israel aricyo gito gishoboka
Kinshasa: Abadepite 12 bashaka kweguza Vital Kamerhe bafunzwe
Nyabihu: Abantu barindwi batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu bujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga
Real Madrid yakomeje ibigwi itwara UEFA Champions League ku nshuro ya 14 [AMAFOTO]
Angola iri gukora ibishoboka ngo isubize M23 ku meza y’ibiganiro