Impanga zitwa Danfodr Steven Seif hamwe na Daniel Steven Seif bafite imyaka 24, bafatanyije kwica nyina bamukekaho amarozi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Impanga zikurikiranyweho kwivugana nyina uzibyara
13 January 2025, by Joseph Iradukunda -
RDC: Abayobozi b’amadini basabwe gukusanyiriza Wazalendo amaturo
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yasabye abayobozi b’amadini n’amatorero bakorera muri iki gihugu, gukusanyiriza amaturo ingabo z’iki gihugu (FARDC) n’Ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo.
-
B2C Music yateguje kwandika amateka mu gitaramo cy’isabukuru y’imyaka 10 bamaze mu muziki
17 April 2025, by ISIMBI EstellaItsinda rya B2C Music rizwi nka "Kampala Boys" ryaraye ritangaje gahunda yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 rimaze mu muziki binyuze mu gitaramo gikomeye kizabera muri Hotel Africana I Kampala, tariki 9 Gicurasi 2025. Iki gitaramo kitezweho kuba kimwe mu bizibukwa cyane mu mateka y’umuziki wo muri Uganda no mu Karere.
-
Cardi B mu rukundo rushya
17 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Cardi B uri mu bagore bamaze kubaka izina mu muziki, aravugwa mu rukundo na Stefon Diggs wamenyekanye mu mukino wa NFL uri mu ikurikirwa cyane muri Amerika.
-
Ryoherwa n’imikino ikomeye ya ruhago muri uku kwezi kwa Gashyantare kuri STARTIMES
4 February 2021, by Dusingizimana RemyNubwo Mutarama yarangiye,imikino yo ntihagarara kuri Startimes kuko shene zayo arizo abakunzi ba ruhago bazareberaho umukino wa nyuma wa CAF African Nations Championship CHAN 2020 uzaba kuwa 07 Gashyantare 2020.
-
Tanzania yashyize yemera ko yagaragayemo icyorezo cya Marburg
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yemeje ko habonetse ubwandu bushya bw’icyorezo cya Marburg, avuga ko ari umuntu umwe gusa kimaze kugaragaraho mu gihugu hose.
-
U Rwanda rwongeye kwakira abasirikare basaga 100 ba RDC
28 January 2025, by Joseph IradukundaAbandi basirikare barenga 100 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hamwe n’abo mu mutwe wa Wazalendo bishyikirije Ingabo z’u Rwanda bahunze imirwano ibashyamiranyije n’inyeshyamba za M23 mu Mujyi wa Goma.
-
Rubavu: Umugabo yafatanwe mu modoka imifuka 40 y’urumogi
27 September 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yafashe umugabo w’imyaka 43 y’amavuko, wari utwaye mu modoka imifuka 40 y’ikiyobyabwenge cy’urumogi, ivuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)
-
The Ben na Diamond Platnumz berekeje I Ntungamo
24 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo ku itariki 24 Gicurasi 2025 The Ben na Diamond Platnumz bahuriye muri Kampala Serena Hotel baganira umwanya mbere yo kwerekeza I Ntungamo.
-
Rihanna yagarutsweho mu kirego cya Chris Brown
1 May 2025, by ISIMBI EstellaImibanire mibi ya Chris Brown n’abakunzi be ba kera, Rihanna na Karrueche Tran, kimwe n’amateka y’ibyaha yakoze, birimo gukoreshwa nk’ibimenyetso bimushinja mu rubanza yarezemo ibigo byashyize hanze filime igaruka ku byaha bye byo gufata ku ngufu abagore.
Umuryango.rw
Impanga zikurikiranyweho kwivugana nyina uzibyara
RDC: Abayobozi b’amadini basabwe gukusanyiriza Wazalendo amaturo
B2C Music yateguje kwandika amateka mu gitaramo cy’isabukuru y’imyaka 10 bamaze mu muziki
Cardi B mu rukundo rushya
Tanzania yashyize yemera ko yagaragayemo icyorezo cya Marburg
U Rwanda rwongeye kwakira abasirikare basaga 100 ba RDC
Rubavu: Umugabo yafatanwe mu modoka imifuka 40 y’urumogi
The Ben na Diamond Platnumz berekeje I Ntungamo
Rihanna yagarutsweho mu kirego cya Chris Brown