Ku mugoroba wo ku wa 8 Mata 2025, Ingabo z’u Rwanda ziri muri Repubulika ya Centrafrique (CAR) mu butumwa bw’amahoro, bw’ubufatanye bw’ibihugu byombi, hamwe n’ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye (MINUSCA), Abanyarwanda baba muri icyo gihugu ndetse n’inshuti z’u Rwanda, bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda n’iza MINUSCA zibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
9 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Ibintu 10 bitangaje ku murenge wa Nkombo [AMAFOTO]
26 August 2017, by Nsanzimana ErnestNkombo ni umwe mu mirenge 416 igize u Rwanda. Uyu murenge ugizwe n’ ikirwa giherereye mu kiyaga cya Kivu mu karere ka Rusizi mu ntara y’ Iburengerazuba. Umuryango wasuye uyu murenge ubakorera urutonde rw’ ibintu 10 bitangaje kuri uyu murenge uyoborwa na Rwango Jean de Dieu.
1. Nta modoka ihaba
Ubu bwato bushobora gutwara abantu 70 n’ imzigo yabo
Muri uyu murenge nta modoka ihaba, abawutuye bavuga ko imodoka rukumbi yageze muri uyu murenge ari iyari itwaye ibikoresho byifashishijwe (…) -
U Rwanda rwahishuye inyungu iri mu kuba Perezida Kagame yarasuye Jamaica na Barbados
18 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’uruzinduko umukuru w’igihugu cy’u Rwanda amaze Iminsi agirira mu bihugu 2 aribyo Jamica na Barbados , ibiro by’umukuru w’igihugu byatangaje zimwe mu nyungu u Rwanda rufite kuri uru ruzinduko.
-
Ni ibiki bituma Bruce Melodie yikomanga ku gatuza akavuga ko ariwe muhanzi wa mbere mu Rwanda?
28 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie yagaragaje impamvu yumva ko ari we muhanzi wa mbere mu Rwanda, ashingiye ku bikorwa bikomeye amaze kugeraho mu muziki, n’ubwo atajya abivugaho cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga.
-
AFC/M23 yemeje urupfu rwa Col Willy Ngoma
28 February, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryemeje urupfu rwa Col Willy Ngoma wari umuvugizi w’iri huriro uherutse kwicirwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Burundi: Hari ubwoba bw’uko amatora atazaba
5 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImpuzamashyaka ‘Burundi Bwa Bose’ iri mu myiteguro y’amatora arimo ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko ateganyijwe mu mezi abiri ari imbere, iravuga ko atazaba kubera ibura ry’igitoro riri muri kiriya gihugu.
-
Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kenya yaburiwe irengero
23 March, by Angeline MUKANGENZIPolisi ya Kenya yatangije iperereza ku kibazo cya Raphael Tuju wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu, waburiwe irengero ku wa Gatandatu agiye mu kiganiro kuri radiyo.
-
FC Barcelone yabonye intsinzi yiyushye akuya: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImikino ya UEFA Champions League yakomeje gukinwa mu ijoro rya tariki ya 21 Mutarama 2025, aho FC Barcelone yakoresheje imbaraga nyinshi kugira ngo ikure amanota atatu kuri S.L. Benfica, iyitsinda ibitego 5-4.
-
Umunyamakuru Ntwali John Williams yasezeweho bwa nyuma
22 January 2023, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru tariki 22 Mutarama 2023 habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku munyamakuru Ntwali John Williams wahitanwe n’’impanuka y’imodoka.
Umuhango wo kumuherekeza no kumusezeraho bwa nyuma wabaye kuri iki Cyumweru, tariki 22 Mutarama 2023, umuhango wo kumusengera wabereye mu rusengero rw’Abadiventiste b’umunsi wa Karindwi ku Ruyenzi, ndetse ashyingurwa mu Irimbi rya Kamonyi.
Ni umuhango wari witabiriwe n’abarimo abo mu muryango we, inshuti, abavandimwe, abayobozi ba RMC (…) -
Tanzania: Zabyaye amahari, abayobozi bakuru 13 muri Chadema baregura
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’abayobozi bakuru mu Ishyaka ritavuga n’ubutegetsi rya Chadema beguye ku myanya yabo kubera ubwumvikane buke n’ibyo bita imiyoborere y’ishyaka inyuranyije n’amabwiriza shingiro yaryo.
Umuryango.rw
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda n’iza MINUSCA zibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
U Rwanda rwahishuye inyungu iri mu kuba Perezida Kagame yarasuye Jamaica na Barbados
Ni ibiki bituma Bruce Melodie yikomanga ku gatuza akavuga ko ariwe muhanzi wa mbere mu Rwanda?
Burundi: Hari ubwoba bw’uko amatora atazaba
Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kenya yaburiwe irengero
FC Barcelone yabonye intsinzi yiyushye akuya: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
Umunyamakuru Ntwali John Williams yasezeweho bwa nyuma
Tanzania: Zabyaye amahari, abayobozi bakuru 13 muri Chadema baregura