Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, cyane cyane muri santere y’ubucuruzi izwi nko mu Gisenyi, mu Karere ka Musanze, bakomeje kugaragaza impungenge ziterwa n’insoresore n’abagabo bitwaza imihoro mu tubari, aho bavuga ko ibikorwa byabo bishobora kubangamira umutekano w’abagiye muri utwo tubari.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musanze: Batewe inkeke n’isoresore n’abagabo bitwaza imipanga mu tubari
27 August 2025, by ISIMBI Estella -
Ingaragu zo mu Rwanda zasabiwe kwemererwa gutwitirwa
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIImiryango itari iya Leta yasabye ko abantu bakiri ingaragu bemererwa kugira uruhare ku kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga cyangwa gutwitirwa n’abandi.
-
Trump agiye guhamiriza u Burayi ko azigarurira Greenland
20 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yahamije ko mu nama Mpuzamahanga y’Ubukungu (WEF: World Economic Forum) iri kubera i Davos mu Busuwisi azabwira abayobozi bo mu bihugu by’u Burayi ko agomba kwigarurira ikirwa cya Greenland.
-
Amerika ishobora kugabanya inkunga yahaga Loni na OTAN
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika iri gusuzuma umushinga wo guhagarika inkunga hafi ya zose yageneraga imiryango mpuzamahanga irimo Umuryango w’Abibumbye (Loni) n’Umuryango wo gutabarana OTAN.
-
Gasogi United yasonze umurwayi Kiyovu sport ikomeza kujya mu manga
5 November 2024, by Joseph IradukundaKiyovu Sports yakiriye Gasogi United yayitsinze ibitego 4-3, irushaho kugana habi ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda kuko kugeza ubu ifite amanota atatu gusa mu mikino umunani imaze gukina.
-
Umugore wa Kanye West yongeye – AMAFOTO
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBianca Censori, umugore wa Kanye West, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru, nyuma yo kugaragara mu ruhame yambaye imyambaro y’imbere gusa yose igaragaza neza imiterere y’umubiri we.
-
SIKUZANI Aline yasabye guhindura amazina akitwa SIKUZANI KARAGALWA ALINE
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa SIKUZANI Aline yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa SIKUZANI KARAGALWA ALINE mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
EU yaciye Meta amande ya miliyoni 840$ kubera facebook Marketplace
15 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’ikoranabuhanga kibarizwamo imbuga nkoranyambaga za Facebook, Instagram na Whatsapp, cyaciwe amande ya miliyoni 840$ kubera ibikorwa bibi bigendereye inyungu z’urubuga-hahiro rwayo rwa Facebook Marketplace.
-
U Bwongereza: Bwa mbere mu mateka y’Abangilikani hashyizweho Musenyeri w’umugore
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuBwa mbere mu mateka y’Abangilikani mu Bwongereza, hashyizweho Musenyeri w’umugore uwo akaba ari Sarah Mullally.
-
Wigeze wumva ninjiye mu bitaro mu myaka 38 maze ndi Perezida? – Museveni
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatatu, itariki ya 19 Werurwe 2025, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yahuye n’abanyamakuru bo mu Karere ka Bunyoro kuri State Lodge muri Masindi, aho yavuze ku bibazo by’ingenzi birimo ubuvuzi, kurwanya ubukene, kwimura abantu ku butaka no guhindura ubukungu. Aha ni naho yatangarije ko mu myaka hafi 40 amaze ku butegetsi atarajyanwa mu bitaro.
Umuryango.rw
Musanze: Batewe inkeke n’isoresore n’abagabo bitwaza imipanga mu tubari
Ingaragu zo mu Rwanda zasabiwe kwemererwa gutwitirwa
Trump agiye guhamiriza u Burayi ko azigarurira Greenland
Amerika ishobora kugabanya inkunga yahaga Loni na OTAN
Gasogi United yasonze umurwayi Kiyovu sport ikomeza kujya mu manga
Umugore wa Kanye West yongeye – AMAFOTO
SIKUZANI Aline yasabye guhindura amazina akitwa SIKUZANI KARAGALWA ALINE
EU yaciye Meta amande ya miliyoni 840$ kubera facebook Marketplace
U Bwongereza: Bwa mbere mu mateka y’Abangilikani hashyizweho Musenyeri w’umugore
Wigeze wumva ninjiye mu bitaro mu myaka 38 maze ndi Perezida? – Museveni