Abanya-Kenya bakorera muri Tanzania baratabaza Perezida wa Kenya, William Ruto, ngo agire icyo akora nyuma yuko iki gihugu gishyizeho amabwiriza akumira abanyamahanga bakora ubucuruzi buto n’ubuciritse.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanya-Kenya bakorera muri Tanzania batabaje Perezida Ruto
1 August 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Trump yashyize Cuba mu kato
30 January, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangije ibihe bidasanzwe biha guverinoma y’icyo gihugu ububasha bwo kwibasira Cuba, harimo no guhana ibihugu byose bizayoherezamo ibikomoka kuri peteroli.
-
Twirwaneho yemeje urupfu rwa "General" Michel Rukunda uzwi nka Makanika
21 February 2025, by Joseph IradukundaUmutwe wa Twirwaneho ukorera mu gace kazwi nk’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Epfo ya DR Congo wasohoye intangazo wemeza urupfu rwa Michel Rukunda uzwi nka Makanika wari ukuriye uwo mutwe.
-
Bwa mbere Jennifer Lopez yavuze ku itandukana rye na Ben Affleck
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’amezi abiri yatse gatanya ye na Ben Affleck, umuhanzikazi Jennifer Lopez yagaragaje ko aticuza kuba ubu nta mugabo abana na we.
-
Umutungo wa Elon Musk wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutungo wa Elon Musk usanzwe ari umunyemari wa mbere ku Isi, wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe gusa, nyuma y’uko agaciro k’imigabane y’uruganda rwa Tesla kiyongereyeho 22%.
-
Umuhanzi Sano Olivier agiye gukora ubukwe
18 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya Imana, Sano Olivier ari mu myiteguro y’ubukwe bwe buteganyijwe ku wa 21 Kanama 2025, ndetse yamaze gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we.
-
Rutsiro:RIB yataye muri yombi umukozi w’Akarere akekwaho Ruswa
13 December 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Kamayirese Innocent, umukozi ushinzwe kurengera ibidukikije mu Karere ka Rutsiro.
-
AFC/M23 iragarura Impunzi z’Abanye-Congo zose iwabo
31 January 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC ry’imitwe ya politiki n’uwitwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo urashishikariza impunzi z’Abanye-Congo bavuga ikinyarwanda bahungiye hirya no hino ku Isi kugaruka mu gihugu cyabo kuko amahoro yagarutse.
-
Minisitiri Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wa Turkmenistan
16 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yagiranye ikiganiro kuri Telefone na Rashid Meredov Visi Perezida w’Inama y’Abaminisitiri akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Turkmenistan.
-
DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage
31 December 2024, by Joseph IradukundaN’ubwo ingabo za Uganda zagiye muri DRC mu myaka ibiri ishize ngo zifatanye n’iza DRC kurwanya ADF no kuyirimbura, abarwanyi n’uyu mutwe bakomeje kugarika ingogo.
Umuryango.rw
Abanya-Kenya bakorera muri Tanzania batabaje Perezida Ruto
Perezida Trump yashyize Cuba mu kato
Twirwaneho yemeje urupfu rwa "General" Michel Rukunda uzwi nka Makanika
Bwa mbere Jennifer Lopez yavuze ku itandukana rye na Ben Affleck
Umutungo wa Elon Musk wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe
Umuhanzi Sano Olivier agiye gukora ubukwe
Rutsiro:RIB yataye muri yombi umukozi w’Akarere akekwaho Ruswa
AFC/M23 iragarura Impunzi z’Abanye-Congo zose iwabo
Minisitiri Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wa Turkmenistan
DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage