Kuri Sitasiyo y’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ya Nyakabuye hafungiye umugabo witwa Kwizera Eric ukekwako gutwikira mu nzu umugore we, bapfa ko yanze ko bagabana ibihumbi 80Frw umugore yari yakuye mu itsinda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rusizi: Umugabo yatwikiye umugore n’abana mu nzu,Imana ikinga akaboko
3 April, by ISIMBI Estella -
Liban: Ambasade ya Ukraine yashinjwe gucumbikira intasi ya Israel
1 April, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Liban bwasabye Ambasade ya Ukraine i Beirut kubushyikiriza ukekwaho kuba intasi y’Urwego rw’Ubutasi rwa Israel (Mossad) icumbikiye rwihishwa.
-
Abadepite ba Amerika babajije Trump uruhare rw’amabuye y’agaciro mu biganiro by’amahoro muri DRC
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIAbadepite batanu b’Abademokarate mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, boherereje ibaruwa Umujyanama wa Perezida Donald Trump ushinzwe ibibazo bya Afurika, Massad Boulos, basaba ibisobanuro birambuye ku masezerano y’ubuyobozi ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro aherekeza gushaka amahoro hagati ya Congo-Kinshasa n’u Rwanda.
-
Muhanga: Yateshejwe inka yibye amaze gukingirana nyir’urugo
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTuyisenge Boniface w’imyaka 28 yafashwe amaze kwiba inka mu rugo rwa Nkundimana Philppe w’imyaka 48, nyuma yo kubanza kumukingirana mu nzu atuyemk mu Mudugudu wa Nete, Akagari ka Remera, Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga.
-
RIB yasabye abantu guha agahenge Danny Nanone n’umugore we
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yasabye abakoresha imbuga nkoranyambaga kwirinda gukomeza gukwirakwiza amashusho y’umugore wa Danny Nanone, Moreen, aho akomeza kugaragaza ikibazo cy’indezo nk’icyitarakemuka.
-
Muhanga: Inkuba yishe umubyeyi isiga umwana we ari indembe
20 January 2025, by Joseph IradukundaMu mvura nke yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere Tariki ya 20 Mutarama 2025, inkuba yishe umubyeyi isiga umwana ari indembe.
-
Ingengo y’imari y’igisirikare cy’u Bushinwa yagizwe miliyari 249$
8 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Bushinwa yatangaje ko mu 2025 izakoresha ingengo y’imari mu bya gisirikare yiyongereyeho 7,2% ku yakoreshejwe umwaka ushize. Bizuve ko hazakoreshwa miliyari 1,784 z’ama-yuan [hafi miliyari 249 z’amadorali ya Amerika].
-
Umugore yahiye uruhu rwo mu maso nyuma yo kumara imyaka 22 atihanagura make-up
9 July 2025, by Joseph IradukundaMu Bushinwa, umugore w’imyaka 37 ukomoka mu gace ka Jilin, yerekanye amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko uruhu rwe rwangiritse cyane ndetse rugahora rwokera kubera ko rwahiye nyuma yo kumara imyaka 22 atihanagura ‘make-up’, cyangwa se ibintu bitandukanye yisaga mu maso agamije gusa neza.
-
Perezida Kagame yababajwe n’uko ibibazo abazwa n’Abanyarwanda bigenda bigaruka aho gukemurwa burundu
9 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko ababajwe n’uko ibibazo abazwa n’abanyarwanda iyo yabasuye hirya no hino bidakemurwa ahubwo bigenda bigaruka kandi yaratanze umuti n’inzira y’uko bigomba gukemuka.
-
John Legend yageze i Kigali
21 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJohn Legend utegerejwe mu gitaramo cya Move Afrika, yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu.
Umuryango.rw
Rusizi: Umugabo yatwikiye umugore n’abana mu nzu,Imana ikinga akaboko
Liban: Ambasade ya Ukraine yashinjwe gucumbikira intasi ya Israel
Abadepite ba Amerika babajije Trump uruhare rw’amabuye y’agaciro mu biganiro by’amahoro muri DRC
Muhanga: Yateshejwe inka yibye amaze gukingirana nyir’urugo
RIB yasabye abantu guha agahenge Danny Nanone n’umugore we
Muhanga: Inkuba yishe umubyeyi isiga umwana we ari indembe
Ingengo y’imari y’igisirikare cy’u Bushinwa yagizwe miliyari 249$
Umugore yahiye uruhu rwo mu maso nyuma yo kumara imyaka 22 atihanagura make-up
John Legend yageze i Kigali