Kenya yamaze kwakira icyiciro cya mbere cya kajugujugu z’intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeye kuyiha, ubwo Perezida William Ruto yazisuraga mu mezi make ashize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya yahawe impano ya kajugujugu z’intambara
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
MUHIMA Kahindo Maranatha yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIMA Maranatha
10 February, by ISIMBI EstellaMUHIMA Kahindo Maranatha yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIMA Maranatha mu bitabo byirangamimerere.
-
Iteramakofe: Conor McGregor yahagaritswe amezi 18
8 October 2025, by ISIMBI EstellaConor McGregor yahagaritswe amezi 18 atitabira amarushanwa kubera kudakora ibizimini bigaragaza ko adakoresha imiti itemewe mu mukino w’iteramakofe.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
5 January, by ISIMBI EstellaUmuhesha w’inkiko w’umwuga Me KAGAME K Festo aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo wimukanwa uherereye mu karere ka GASABO
-
Diddy yandikiye ibaruwa umucamanza amutakambira mbere y’amasaha make ngo akatirwe
3 October 2025, by ISIMBI EstellaSean "Diddy" Combs wamamaye ku mazina atandukanye mu muziki arimo P.Diddy n’ayandi, yandikiye ubucamanza mbere y’amasaha make ngo akatirwe, asaba imbabazi ku byo yakoze bibi mu myaka yatambutse.
-
Gaetz yateye utwatsi Trump washakaga kumugira Intumwa Nkuru ya Leta muri Guverinoma ye
22 November 2024, by Joseph IradukundaMatt Gaetz wari washyizweho na Perezida Donald Trump ngo abe Intumwa Nkuru ya Leta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yanze uwo mwanya.
-
TI-Rwanda yatamaje abaganga baka ruswa y’igitsina abagore batagira abagabo
30 January, by ISIMBI EstellaUmuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’u Rwanda (TI-Rwanda), watangaje ko mu rwego rw’ubuzima hakigaragara ibyuho bya ruswa, by’umwihariko ruswa y’igitsina n’iy’amafaranga, bigira ingaruka ku banyantege nke barimo abagore badafite abagabo, ababyeyi barera bonyine, abapfakazi, abakene n’abantu bafite ubumuga.
-
Ihere ijisho uduce 10 two mu mujyi wa Kigali dufite akajagari n’umwanda ukabije[AMAFOTO]
22 October 2018, by Martin MunezeroNubwo umujyi wa Kigali uza ku isonga mu mijyi myiza yo muri Afurika,usanga hari uduce twinshi tugikeneye izindi mbaraga kugira ngo umwanda ukabije n’akajagari bibe amateka.
-
Abiga muri Kaminuza y’ u Rwanda bagiye kujya biga ibihembwe bitatu
5 January 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe ubusanzwe abanyeshuri biga muri Kaminuza y’ u Rwanda bigaga ibihembwe bibiri bizwi nka Semesters kuri ubu amakuru yizewe aturuka muri Kaminuza y’ u Rwanda aravuga ko guhera muri uyu mwaka 2018 abanyeshuri biga muri Kaminuza y’ u Rwanda bazajya biga ibihembwe bitatu.
Ibi abanyeshuri biga muri Kaminuza y’ u Rwanda ishami rya Gikondo babitangarijwe n’ ubuyobozi bwa Kaminuza y’ u Rwanda mu nama bagiranye kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mutarama 2018.
Igihembwe cya mbere kizajya gitangira (…) -
Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko ryamaze kwambura M23 uduce umunani two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Umuryango.rw
Kenya yahawe impano ya kajugujugu z’intambara
MUHIMA Kahindo Maranatha yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIMA Maranatha
Iteramakofe: Conor McGregor yahagaritswe amezi 18
Diddy yandikiye ibaruwa umucamanza amutakambira mbere y’amasaha make ngo akatirwe
Gaetz yateye utwatsi Trump washakaga kumugira Intumwa Nkuru ya Leta muri Guverinoma ye
TI-Rwanda yatamaje abaganga baka ruswa y’igitsina abagore batagira abagabo
Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8