Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo watangaje ko abiciwe mu gitero cya gerenade ebyiri cyagabwe mu baturage mu mujyi wa Bukavu biyongereyeho babiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imibare y’abiciwe mu gitero cyagabwe i Bukavu ikomeje kwiyongera
28 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZA -
U Burusiya bwashinje Amerika kuba inyuma y’umugambi w’ihirikwa rya Assad
31 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko kuba Amerika yarigaruriye tumwe mu duce dukungahaye kuri peteroli n’ibihano bikomeye by’ubukungu yafatiye Syria mu myaka ishize, ari byo byatumye uwahoze ari perezida w’iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo Hagati, Bashar al-Assad ahirikwa ku butegetsi.
-
Ishyaka UPRONA ryashinje Leta y’u Burundi kwimika ubujiji
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIIshyaka UPRONA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi ryashinje CNDD-FDD ya Perezida Evariste Ndayishimiye guha akazi abanyamuryango gusa, rititaye ku bumenyi bukenewe kugira ngo igihugu gitere imbere.
-
Ese koko mu ndege habamo umwanya utekanye kurisha iyindi?
14 June 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’uko umugabo w’Umwongereza, Ramesh, abaye umwe rukumbi warokotse impanuka y’indege ya Air India iherutse kubera i Ahmedabad mu Buhinde, byatumye abantu bibaza niba koko umwanya wa 11A yari yicayemo ari wo mwanya utekanye kurusha indi mu ndege.
-
Abashoferi b’imodoka zambukiranya imipaka ntibarebwa n’ibihano bishya byo gukurwaho amanota
14 January, by Angeline MUKANGENZIImpushya zo gutwara ibinyabiziga zatangiwe mu Rwanda n’izatangiwe mu mahanga ariko zifitwe n’abemerewe gutura mu Rwanda bya burundu ni zo zonyine zizashyirwa mu buryo bw’ikoranabuhanga bushya bwo gukata amanota hashingiwe ku myitwarire y’utwaye ikinyabiziga mu muhanda nk’uko itegeko rishya rigenga imikoreshereze y’umuhanda ribigena.
-
Nigeria: Umunyeshuri utambaye isutiye ntiyemererwa gukora ikizamini
19 June 2025, by ISIMBI EstellaKaminuza ya Olabisi Onabanjo yo muri Nigeria, yarikoroje nyuma yuko hasohotse amashusho agaragaza abanyeshuri b’abakobwa basakwa mu mabere ngo harebwe ko bambaye amasutiye, mbere yuko binjira mu kizamini.
-
Abasirikare ba RDC bategetswe kukimaramo imyaka irindwi bakiri ingaragu
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Ingabo za RDC, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko abasirikare bashya binjira mu gisirikare bagomba kwiyemeza ko bazamara imyaka irindwi bakiri ingaragu, nta n’umwana bafite.
-
Dore ibyo abakunze kubura ibitotsi bagombye kwitaho
22 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkibazo cyo kubura ibitotsi gikunze kubaho ku bantu benshi mu gihe runaka cy’ubuzima bwabo, rimwe na rimwe bigakemuka vuba, umuntu akongera kujya asinzira uko bisanzwe, ariko hari nubwo icyo kibazo kigera aho kikaba icy’igihe kirekire ku muntu, bitewe n’impamvu zitandukanye nk’uko bisobanurwa na Dr Faith Orchard, inzobere mu by’ubuzima bwo mu mutwe n’imitekerereze ya muntu, akaba n’umwarimu muri Kaminuza nkuru ya Sussex mu Bwongereza.
-
Muyoboke yahishuye ko Jado Castar yahosheje amakimbirane ya The Ben na Melodie
2 May 2025, by ISIMBI EstellaMuyoboke Alex uri mu bamaze igihe kinini mu myidagaduro Nyarwanda yahishuye ko Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar uri mu banyamakuru bamaze kubaka izina mu Rwanda, yagize uruhare rukomeye mu kunga The Ben na Bruce Melodie bavugwaho kutavuga rumwe.
-
America:Hashyizweho ubwato buzinjirwamo n’abadashaka kuyoborwa na Trump bakazasohoka avuyeho
17 November 2024, by Joseph IradukundaIkigo gifite ubwato bugezweho, Villa Vie Residences, cyatanze amahirwe ku Banyamerika baherutse kubabazwa n’intsinzi ya Donald Trump nka Perezida, bemererwa urugendo mu bwato ruzamara imyaka ine Trump azamara ku butegetsi.
Umuryango.rw
Imibare y’abiciwe mu gitero cyagabwe i Bukavu ikomeje kwiyongera
U Burusiya bwashinje Amerika kuba inyuma y’umugambi w’ihirikwa rya Assad
Ishyaka UPRONA ryashinje Leta y’u Burundi kwimika ubujiji
Ese koko mu ndege habamo umwanya utekanye kurisha iyindi?
Abashoferi b’imodoka zambukiranya imipaka ntibarebwa n’ibihano bishya byo gukurwaho amanota
Nigeria: Umunyeshuri utambaye isutiye ntiyemererwa gukora ikizamini
Abasirikare ba RDC bategetswe kukimaramo imyaka irindwi bakiri ingaragu
Dore ibyo abakunze kubura ibitotsi bagombye kwitaho
Muyoboke yahishuye ko Jado Castar yahosheje amakimbirane ya The Ben na Melodie
America:Hashyizweho ubwato buzinjirwamo n’abadashaka kuyoborwa na Trump bakazasohoka avuyeho