Sosiyete nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje ko mu mubare w’indege yari ifite hiyongeyemo Boeing 737-800 ebyiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RwandAir yungutse Boeing 737-800 ebyiri
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yavuze ku bigambye gufata Nyungwe, umubano w’u Rwanda n’Ubufaransa ndetse n’igihe u Rwanda rushobora kwinjira mu ntambara
8 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame, yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere taliki ya 08 Mata 2019,aho yavuze ko yishimiye intambwe Ubufaransa bukomeje gutera kugira ngo bunoze umubano wabwo n’u Rwanda ndetse aboneraho kwemeza ko intambara hagati y’u Rwanda n’ikindi gihugu ishoboka igihe cyose gishoje intambara butaka bwarwo.
-
U Burusiya bugiye kubaka uruganda rw’amashanyarazi ku kwezi
24 December 2025, by ISIMBI EstellaU Burusiya burateganya ko mu myaka icumi iri imbere, buzashyira ku kwezi uruganda rutunganya amashanyarazi rukoresha ingufu za nucléaire, ruzabufasha mu bikorwa by’ubushakashatsi.
-
Abubatse bafite ibyago byinshi byo kugira indwara yo kwibagirwa kurusha ingaragu
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushakashatsi bwakozwe na Florida State University, ishami ryayo ry’ubuvuzi bwagaragaje ko abashingiranwe baba bafite ibyago byinshi byo kugira indwara yo kwibagirwa inzwi nka ‘Dementia’ kurusha abakiri ingaragu.
-
U Rwanda rurashinja Perezida Tshisekedi kubeshya amahanga
7 November 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Guverinoma wungirije Alain Mukuralinda yatangaje ko ibikorwa by’ubushotoranyi bikorwa n’igihugu cya DRC bihabanye n’imvugo ya Perezida w’iki gihugu ivuga ko ashyize imbere inzira y’amahoro ndetse n’ibiganiro.
Ubuvugizi bwa leta y’u Rwanda uyu munsi bwavuze ko indege y’intambara ya Sukhoi-25 ivuye muri DR Congo yavogereye ikirere cy’u Rwanda saa tanu na 20 z’amanywa kuwa mbere.
Itangazo ry’u Rwanda rivuga ko iyi ndege yaguye ku kibuga cy’indege cya Rubavu mu burengerazuba (…) -
Zeo Trap yinjije ibihangano bye mu bucuruzi bwo kuri ‘Website’
28 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi wamamaye mu muziki nyarwanda nka Zeo Trap yatangaje ko agiye gutangira gucuruza ibihangano bye abinyujije ku rubuga rwa Website, mbere y’uko abishyira ku mbuga zisanzwe zicururizwaho umuziki, mu rwego rwo kwagura no guha agaciro urugendo rwe rw’umuziki.
-
Gasabo: Abahinzi b’umuceri wangijwe n’ibiza bashumbushijwe miliyoni zisaga 22 Frw
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbahinzi b’umuceri bakorera muri koperative ya CORIKA,iherereye mu Murenge wa Jabana, mu Karere ka Gasabo, yahawe miliyoni zisaga 22 Frw kuko mu minsi ishize mu gihembwe cy’ihinga cya 2025 B uwo muceri wangijwe n’ibiza ubasiga mu gihombo.
-
"Abakorera igihugu iyo bashatse ko imirimo yoroha iroroha"-Perezida Kagame
30 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye indahiro za Dr Nsanzimana Sabin, Minisitiri w’Ubuzima na Dr Butera Yvan, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima.
Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 30 Ugushyingo,mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko niho habereye uyu muhango wo kwakira indahiro z’aba bayobozi bashya muri Guverinoma.
Perezida Kagame yabanje gushimira aba bayobozi ndetse abizeza ubufatanye.Ati "Ntabwo Nshidikanya ubushake bwabo, ubushobozi,n’ibindi bijyanye no gukorera igihugu,n’abanyarwanda uko (…) -
Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro bashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa uruganda rw’inkingo
23 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame ari kumwe na Perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo, Perezida Irfaan Ali wa Guyana, umuyobozi mukuru wa BioNTech Uğur Şahin, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, Umuyobozi w’Umuryango w’Abibumbye ishimi ryita ku buzima OMS Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Senegal Aïssata Tall Sall, bashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa uruganda rukora inkingo i Masoro mu cyanya cy’inganda, ku bufatanye n’ikigo cya (…)
-
Yikubise hasi arapfa nyuma yo kwaka uruhushya rw’akaruhuko ku kazi bakarumwima
1 October 2024, by Joseph IradukundaMuri Thailand umugore wari urwaye, yikubise hasi mu biro ku kazi yitaba Imana nyuma y’uko yari yasabye umukoresha we uruhushya rwo kuruhuka akarumwima.
Umuryango.rw
RwandAir yungutse Boeing 737-800 ebyiri
U Burusiya bugiye kubaka uruganda rw’amashanyarazi ku kwezi
Abubatse bafite ibyago byinshi byo kugira indwara yo kwibagirwa kurusha ingaragu
U Rwanda rurashinja Perezida Tshisekedi kubeshya amahanga
Zeo Trap yinjije ibihangano bye mu bucuruzi bwo kuri ‘Website’
Gasabo: Abahinzi b’umuceri wangijwe n’ibiza bashumbushijwe miliyoni zisaga 22 Frw
"Abakorera igihugu iyo bashatse ko imirimo yoroha iroroha"-Perezida Kagame
Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro bashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa uruganda rw’inkingo
Yikubise hasi arapfa nyuma yo kwaka uruhushya rw’akaruhuko ku kazi bakarumwima