Ingufu z’ amashanyarazi zirakenewe ngo ibihugu by’ Afuruka y’ Iburasirazuba bikomeze inzira y’ iterambere, gusa amashanyarazi EAC ifite ntabwo ahagije kandi nta nubwo akoreshwa yose.
Ibi byatangarijwe mu nama y’ iminsi itatu iteraniye I Kigali yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki 19 Werurwe 2018. Abayitabiriye barimo kwiga uburyo ibihugu by’ Afurika byakoresha ingufu zisubira ‘Renewable energy’ kugira uyu mugabane ubashe kwihaza mu bijyanye n’ ingufu z’ amashanyarazi.
Minisitiri ushinzwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuturage wo muri EAC akoresha KWH 136, uwo muri Amerika agakoresha KWH 7000
19 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Sukhoi, Kajugujugu n’ibifaru ku Kibuga cy’Indege cya Goma, umuturage abarirwa imbunda ebyiri
24 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuva mu mpera za Mutarama, ubutaka bungana na kilometero kare 75,72, ni ukuvuga ko burutwa na Kigali inshuro hafi 10 bwavugishije Isi yose. Ni umujyi ufatwa nk’Umurwa Mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru, Goma, urimo umupaka uri mu igendwa cyane muri Afurika.
-
Umuramyi Josh Ishimwe yatomoye umugore we ku isabukuru y’amavuko
22 October 2025, by ISIMBI EstellaImana Josh Ishimwe, umuhanzi uri mu bakunzwe baririrmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza, yifurije umugore we isabukuru nziza y’amvuko amuhata imitoma amwibutsa ko kumugira ari umugisha yahawe.
-
CNLG yatangaje impinduka mu bikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi
29 March 2020, by Dusingizimana RemyKubera icyorezo cya COVID 19 gihangayikishije isi, Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG),yatangaje ko Kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 bizakorwa ariko hagandewe ku ngamba zo kwirinda ikwirakwira ry’iki cyorezo Leta iheruka gushyiraho.
-
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwemerewe na COVAX ziragera i Kigali kuri uyu wa Gatatu
2 March 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03 Werurwe 2021, u Rwanda rurakira icyiciro cya mbere cy’inkingo za Coronavirus, zizatangwa muri gahunda yo gukwirakwiza inkingo izwi nka Covax.
-
Icyatumye Paul Kagame asubika ibikorwa byo kwiyamamariza Musanze, Nyabihu na Rubavu.
26 July 2017, by Iyamuremye JanvierTariki 25 Nyakanga 2017 Paul Kagame watanzwe na FPR Inkotanyi yagombaga kwiyamamariza mu turere twa Musanze, Nyabihu na Rubavu. Mu gitondo cyo ku wa kabiri byatunguye benshi ubwo hatangazwaga ko urwo rugendo rusubitswe.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Nyakanga ubwo yasubukuraga iki gikorwa, ari mu karere ka Musanze umukandida wa RPF yavuze ko impamvu ataje ku munsi wari uteganyijwe ari ijwi rye ritari rimeze neza.
Kagame Paul yagize ati "Ejo hashize nagombaga kuza ngo tuganire namwe, (…) -
Itsinda rya Makoma rigiye kugaruka mu muziki nyuma y’imyaka 21 risenyutse
7 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ryitwa ‘Makoma’ ryaciye ibintu mu myaka yashize mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, ryateguje ko rigiye kugaruka mu muziki rihereye ku gitaramo gikomeye rizakorera i Paris mu Bufaransa.
-
Martin Fayulu yavuye ku izima, yemera ko yakwicarana na AFC/M23 mu mishyikirano
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyapolitiki Martin Fayulu uyobora ishyaka ECIDé ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko ubu yiteguye kwicarana n’umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, ku meza y’imishyikirano.
-
Hamenyekanye icyatumye ibiciro by’isukari, amavuta yo guteka n’isabune bizamuka
16 March 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubucuruzi, Beata Habyarimana, yagaragaje ko impamvu ibicuruzwa birimo isukari,amavuta yo guteka n’isabune byazamutse cyane ari ukubera aho u Rwanda rusanzwe rubikura.
Mu kiganiro Abagize guverinoma y’u Rwanda bagiranye n’abanyamakuru cyibanze ku ngingo zitandukanye by’umwihariko ku bicuruzi no kuzahuka k’ubukungu nyuma ya COVID19,Minisitiri w’Ubucuriz n’inganda yavuze by’umwihariko ku kibazo cy’izamuka ry’ibiciro birimo isukari,amavuta yo guteka n’isabune.
Yagize ati (…) -
Dr Habumuremyi yifurije Perezida Kagame Noheli nziza n’ umwaka mushya muhire
24 December 2017, by Nsanzimana ErnestDr Pierre Damien Habumurenyi wahoze ari Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda yakomoje kubyiza u Rwanda rwagezeho muri uyu mwaka wa 2017 anifuriza Noheli nziza n’ umwaka mushya muhire Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umuryango we.
Ni mubutumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa twitter kuri uyu wa 24 Ukuboza 2017.
Uyu mwaka 2017 watubereye mwiza cyane: Twitoreye HE @PaulKagame ,Yatorewe kuyobora AU,twizihije isabukuru y'imyaka 30 ya RPF,twitoreye Chairman wa RPF,twagize umushyikirano mwiza mu (…)
Umuryango.rw
Sukhoi, Kajugujugu n’ibifaru ku Kibuga cy’Indege cya Goma, umuturage abarirwa imbunda ebyiri
Umuramyi Josh Ishimwe yatomoye umugore we ku isabukuru y’amavuko
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwemerewe na COVAX ziragera i Kigali kuri uyu wa Gatatu
Itsinda rya Makoma rigiye kugaruka mu muziki nyuma y’imyaka 21 risenyutse
Martin Fayulu yavuye ku izima, yemera ko yakwicarana na AFC/M23 mu mishyikirano
Hamenyekanye icyatumye ibiciro by’isukari, amavuta yo guteka n’isabune bizamuka