Dmitry Medvedev wahoze ari Perezida w’u Burusiya yavuze ko abayobozi ba Ukraine bafite amahirwe ya nyuma yo kugirana ibiganiro n’u Burusiya kugira ngo baramire igihugu cyabo, bitaba ibyo bazamera nka cya kirondwe cyasigaye ku ruhu inka yarariwe kera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine yahawe amahirwe ya nyuma na Medvedev wahoze ayobora u Burusiya
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Kinshasa:Abo mu ubutasi barishisha umwe muri bo wahaye mwene wabo akazi
15 January 2025, by Joseph IradukundaAbakora mu rwego rw’ubutasi rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo banditse ibaruwa yamagana umuyobozi wabo, Gen Maj Makombo Mwinaminayi Jean-Roger, bamushinja kubaka “akazu”.
-
Muhanga: Abijejwe amazi meza bagaheba, bagiye kuyagezwaho mu mezi 3
20 February, by ISIMBI EstellaAbaturage batuye mu Murenge wa Shyogwe, Akagari ka Mubuga, mu Midugudu ya Matsinsi na Rwamaraba, bamaze igihe kinini bataka ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi bijejwe ko bazayagezwaho mu gihe kitarenze amezi atatu ari imbere.
-
Abadepite b’abagore muri Afurika basabwe kutarebera akarengane kari muri RDC
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite, Kazarwa Gerturde, yasabye abagore bagize intego zishinga amategeko mu bihugu byo muri Afurika bibarizwa muri ‘Commonwealth’, kuzamura ijwi ryabo mu gihe hari aho uburenganzira bw’ikiremwamuntu butubahirizwa, nko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Umukozi wo mu nteko ishinga amategeko arashinjwa gufata ku ngufu Umurundikazi
28 November 2019, by Dusingizimana RemyUmukozi ushinzwe Ibaruramari mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Mushingwamana Evode, akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu impunzi y’Umurundikazi.
-
Ibyishimo kuri Bien-Aimé wahuye na Perezida Kagame mu mikino ya ‘NBA All Star Game 2026’
17 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamuziki w’umunya-Kenya, Bien-Aimé Baraza wamamaye cyane mu itsinda rya Sauti Sol, ari mu bahuye na Perezida Paul Kagame, mu mpera z’icyumweru gishize mu Mujyi wa Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho hari habereye umukino w’abakinnyi beza muri Shampiyona ya Basketball ya Amerika (NBA All-Star Game 2026).
-
Kamonyi: Abasenyewe baravuga ko barimo kurara mu matongo banyagirwa
22 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbaturage basenyewe amazu yubatswe atubahirije igishushanyo mbonera mu murenge wa Runda, baravuga ko nyuma yo gusenyerwa, barimo kurara mu matongo banyagirwa, bikaba byatumye abana babo barwara umusonga.
Icyumweru kirashize ubuyobozi butangiye gusenya amazu yubatswe muri Runda buryo Leta yita ubw’ akajagari. Ni igikorwa gikomeza gusa abamaze gusenyerwa bavuga ko barara mu matongo, abana babo bataye amashuri, ngo ntibafite uburyo bwo guteka n’ ibindi bibazo binyuranye.
Aba baturage bavuga (…) -
Hatangajwe izamuka ritangaje ry’ibiciro mu Rwanda
10 March 2023, by ISHIMWE JANEIbiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byazamutse ku kigero cya 67,7% mu cyaro, mu gihe mu mijyi byiyongereye kuri 42,4% ugeraranyije n’ukwezi kwa Gashyantare (02) kwa 2022 na Gashyantare y’uyu mwaka wa 2023.
-
Yale University igiye gutangiza isomo rigaruka ku bigwi bya Beyoncé
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuYale University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe umwanzuro wo gushyira mu masomo yayo azatangirana n’umwaka utaha, ibigwi by’umuhanzikazi Beyoncé Giselle Knowles-Carter wamamaye nka Beyoncé.
-
Rubavu: Imbuto y’ibirayi iri kubona umugabo igasiba undi
10 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbahinzi b’ibirayi bo mu mirenge ya Mudende na Bugeshi mu Karere ka Rubavu bagaragaje ko imbuto y’ibirayi iri kubona umugabo igasiba undi, bitewe n’ibiciro biri gutumbagira umunsi ku wundi.
Umuryango.rw
Ukraine yahawe amahirwe ya nyuma na Medvedev wahoze ayobora u Burusiya
Kinshasa:Abo mu ubutasi barishisha umwe muri bo wahaye mwene wabo akazi
Muhanga: Abijejwe amazi meza bagaheba, bagiye kuyagezwaho mu mezi 3
Abadepite b’abagore muri Afurika basabwe kutarebera akarengane kari muri RDC
Ibyishimo kuri Bien-Aimé wahuye na Perezida Kagame mu mikino ya ‘NBA All Star Game 2026’
Hatangajwe izamuka ritangaje ry’ibiciro mu Rwanda
Yale University igiye gutangiza isomo rigaruka ku bigwi bya Beyoncé
Rubavu: Imbuto y’ibirayi iri kubona umugabo igasiba undi