Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe, yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Ishami ry’u Busuwisi rishinzwe Umugabane wa Afurika muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’icyo Gihugu, Amb. Philipp Stalder.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gen (Rtd) Kabarebe yakiriye mu biro bye Umuyobozi w’Ishami ry’u Busuwisi rishinzwe Afurika
3 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Budage bwafunze ambasade yabwo i Juba mu gihe hikangwa indi ntambara
23 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatandatu, ibiro bishinzwe ububanyi n’amahanga by’u Budage byavuze ko bizafunga by’agateganyo ambasade yabwo mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo, Juba, bitewe n’ihohoterwa rishya kandi rikomeje kwiyongera.
-
Ikibumbano cya Perezida Macron cyibwe
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIAbanyamuryango b’umuryango Greenpeace uharanira kurengera ibidukikije mu Bufaransa, bibye ikibumbano cya Perezida Emmanuel Macron cyabaga mu nzu ndangamurage ya Grevin mu mujyi wa Paris.
-
Trump yizeye guhura na Perezida Kagame na Tshisekedi mu byumweru biri imbere
10 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko yizeye guhura na Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Min. Nduhungirehe yashyikirije Perezida wa Tchad Déby ubutumwa bwa Perezida Kagame
16 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Nduhungirehe Olivier yashyikirije Perezida wa Repubulika ya Tchad, Maréchal Mahamat Idriss Déby Itno, ubutumwa bwihariye bwa Perezida Kagame, mu rwego rwo gushimangira umubano mwiza n’ubufatanye hagati ya Tchad n’u Rwanda.
-
Nyamasheke: Imodoka yarenze umuhanda ikomerekeramo umushoferi n’uwo bari kumwe
9 September 2025, by ISIMBI EstellaImodoka yo mu bwoko bwa RAV 4 ifite pulake RAG 481Y yavaga i Karongi yerekeza i Rusizi yakoze impanuka irenga umuhanda, uwari uyitwaye n’uwo bari kumwe barakomereka.
-
Donald Trump ashobora gusura u Burusiya
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Karoline Leavitt, yatangaje ko Donald Trump ashobora kugirira uruzinduko mu Burusiya mu gihe kiri imbere.
-
U Burusiya: Umudepite yirukanywe azira gusiba akazi imyaka ibiri
5 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya (State Duma) yirukanye umudepite Yuri Napso wari uhagarariye ishyaka LDPR nyuma y’imyaka ibiri atagaragara mu kazi.
-
Maroc igiye kurega abasifuzi barimo Abanyarwandakazi
29 July 2025, by ISIMBI EstellaIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Maroc (FRMF), rigiye gutanga ikirego mu Mpuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF), rirega abasifuzi barimo Mukansanga Salima na Umutesi Alice basifuye umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cy’Abagore
-
Misiri mu myaka 100 ishize ihanganye na Malariya yemeje ko yayiranduye
21 October 2024, by Joseph IradukundaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryemeje ko Misiri nta malaria ikiyirangwamo – igikorwa cyashimwe na OMS ko "mu by’ukuri cyanditse amateka".
Umuryango.rw
Gen (Rtd) Kabarebe yakiriye mu biro bye Umuyobozi w’Ishami ry’u Busuwisi rishinzwe Afurika
U Budage bwafunze ambasade yabwo i Juba mu gihe hikangwa indi ntambara
Ikibumbano cya Perezida Macron cyibwe
Trump yizeye guhura na Perezida Kagame na Tshisekedi mu byumweru biri imbere
Min. Nduhungirehe yashyikirije Perezida wa Tchad Déby ubutumwa bwa Perezida Kagame
Nyamasheke: Imodoka yarenze umuhanda ikomerekeramo umushoferi n’uwo bari kumwe
Donald Trump ashobora gusura u Burusiya
U Burusiya: Umudepite yirukanywe azira gusiba akazi imyaka ibiri
Maroc igiye kurega abasifuzi barimo Abanyarwandakazi
Misiri mu myaka 100 ishize ihanganye na Malariya yemeje ko yayiranduye