Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Sudan birimo; guhagarika kohereza ibicuruzwa, inkunga n’inguzanyo nyuma y’uko icyo gihugu gishinjwe kurenga ku mategeko mpuzamahanga n’uburenganzira bwa muntu kigakoresha intwaro z’ubumara mu ntambara y’abenegihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yafatiye ibihano Sudan kubera gukoresha intwaro kirimbuzi
23 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Umwiherero abayobozi bo muri Nigeria bakoreye i Kigali warikoroje iwabo
25 August 2025, by ISIMBI EstellaSosiyete y’Igihugu ishinzwe ibikomoka kuri peteroli muri Nigeria (NNPC) yamaganiye kure amakuru avuga ko umwiherero abayobozi bayo baherutse gukorera i Kigali, wagaragayemo gusesagura cyane.
-
Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington, DC
22 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakozi babiri ba Ambasade ya Israel muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishwe barasiwe i Washington, DC ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 21 Gicurasi 2025.
-
Ruti Joel yasabye urubyiruko kwima amatwi ababyeyi bamunzwe n’ingengabitekerezo ya Jenoside
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Ruti Joel yageneye urubyiruko ubutumwa bwo kwirinda ingengabitekerezo ya Jenoside bakima amatwi ababyeyi bayibatoza, kugira ngo bubake Umunyarwanda udafite umwanda mu bitekerezo.
-
Iby’ingenzi wamenya kuri Minisitiri w’Intebe wa Karindwi w’u Rwanda mu myaka 31
24 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe, wari usanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu (BNR), umwanya yagiyeho ku wa 25 Gashyantare 2025.
-
Lubero: Abantu batanu baguye mu gitero cyagabwe na ADF
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgitero Umutwe w’iterabwoba wa ADF wagabye muri teretwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyarugu mu gace ka Bapere, byahitanye abantu batanu byongeye gutuma abaturage bamwe bakwira imishwaro.
-
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zatanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri basaga 500
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Rwanda (Rwanbatt-7) ziri mu butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MINUSCA, muri Repubulika ya Centrafrique zatanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri barenga 500 bo mu Ishuri rya Dounia riherereye mu Burasirazuba bwa Centrafrique.
-
Tshisekedi yemeye guhuza imbaraga na Fayulu batavuga rumwe, barwanye Kabila
3 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi, bagiye guhuza imbaraga, barwanye Joseph Kabila n’ihuriro AFC/M23 rigenzura ibice byinshi mu burasirazuba bw’igihugu.
-
U Bwongereza bwahaye Mauritius Ibirwa bya Chagos byafatwaga nk’ibanga ry’ubwirinzi
4 October 2024, by Joseph IradukundaKu wa Kane, itariki 03 Ukwakira 2024, u Bwongereza bwavuze ko buzaha Igihugu cya Mauritius Ibirwa bya Chagos mu masezerano bwavuze ko atanga ejo hazaza h’u Bwongereza na Amerika.
-
Kigali: Arakekwaho guha Komanda wa polisi ruswa ya 50,000 Frw
16 June 2025, by Joseph IradukundaPolisi y’Umujyi wa Kigali yataye muri yombi umugabo witwa Shumbusho Céléstin w’imyaka 37 ukurikiranyweho icyaha cyo gutanga indonke kugira ngo umuntu we ukurikiranyweho icyaha cy’ubujura afungurwe.
Umuryango.rw
Amerika yafatiye ibihano Sudan kubera gukoresha intwaro kirimbuzi
Umwiherero abayobozi bo muri Nigeria bakoreye i Kigali warikoroje iwabo
Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington, DC
Ruti Joel yasabye urubyiruko kwima amatwi ababyeyi bamunzwe n’ingengabitekerezo ya Jenoside
Iby’ingenzi wamenya kuri Minisitiri w’Intebe wa Karindwi w’u Rwanda mu myaka 31
Lubero: Abantu batanu baguye mu gitero cyagabwe na ADF
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zatanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri basaga 500
Tshisekedi yemeye guhuza imbaraga na Fayulu batavuga rumwe, barwanye Kabila
U Bwongereza bwahaye Mauritius Ibirwa bya Chagos byafatwaga nk’ibanga ry’ubwirinzi
Kigali: Arakekwaho guha Komanda wa polisi ruswa ya 50,000 Frw