Ishyaka ry’aba-Libéraux riri ku butegetsi muri Kanada ryatoye Mark Carney kuribera umuyobozi, akazahita aba na ministiri w’intebe w’icyo gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mark Carney Yatsindiye Kuyobora Kanada
10 March 2025, by Joseph Iradukunda -
Impunzi zahungiye mu Rwanda ntizicana inkwi, zicana Gas
19 February, by Angeline MUKANGENZIImpunzi zicumbikiwe mu Nkambi ya Mahama, zishimira Gas zo gutekesha bahawe, byabakijije kugirana amakimbirane na bagenzi babo bo hanze y’inkambi, bajyaga gutemera amashyamba bashaka inkwi.
-
Urantutse, nsaba imbabazi - Alyn Sano asubiza Miss Muyango wamubajije niba akiri isugi
10 December 2025, by ISIMBI EstellaAlyn Sano yari arabye ivu Miss Muyango wamubajije niba akiri isugi, amubwira ko amututse ndetse akwiye kumusaba imbabazi, undi na we arazimusaba amahoro ajya yahinda ikiganiro barimo kirakomeza.
-
Ku bo nababaje bose! Ibaruwa ifunguye ya Kanye West yisegura
27 January, by ISIMBI EstellaKera kabaye, Kanye West yashyize yemera ko yaranzwe no guhuzagurika mu mitekerereze, mu ngiro no mu migirire. Kanye West yasabye imbabazi ariko abuza abantu kumugirira impuhwe ahubwo abasaba ko bamubabarira.
-
U Rwanda na Tanzania byahuriye mu nama ya 15 ihuza abayobozi b’ingabo ku mipaka
25 March, by Angeline MUKANGENZIAbayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF), bahuriye mu nama 15 y’Abayobozi b’Ingabo bakorera ku mipaka, igamije gukemura ibibazo by’umutekano byo ku mipaka no gukomeza kunoza ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
-
Safi Madiba akigera i Kigali yavuze ko ari gushaka umukunzi mushya
4 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuSafi Madiba wageze i Kigali mu ijoro rishyira kuri uyu wa 4 Ukuboza 2024 avuye muri Canada aho amaze imyaka ine atuye, yemeje ko ari gushaka umukunzi kuko kugeza ubu abaye mu buzima bwa wenyine.
-
U Rwanda rwamaganye ibinyoma by’uko rwashatse kwica umugore wa Tshisekedi
25 March, by Angeline MUKANGENZIAmbasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye ibinyoma by’uko abo mu nzego z’umutekano b’u Rwanda bashatse kwica umugore wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyakeru Tshisekedi wari ucumbitse muri imwe muri hoteli yo muri Amerika.
-
Rumaga yaciye amarenga y’imikoranire na Ali Kiba
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmusizi Rumaga Junior ukomeje kwagura imikorere ye yaciye amarenga y’uko haba hari imikoranire n’umuhanzi Ali Kiba wo muri Tanzania ukomeje gufasha Abahanzi mu buryo butandukanye.
-
Turahirwa wa Moshions yatakambiye Urukiko Rukuru, asaba gusubikirwa ibihano
16 March, by Angeline MUKANGENZITurahirwa Moise wamenyekanye nka Moshions yatakambiye Urukiko Rukuru rwa Kigali ku cyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge byo mu bwoko bw’urumogi, asaba ko yasubikirwa igihano cy’imyaka itatu yari yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge.
-
RDC: hravugwa umwiryane hagati ya Minisitiri w’Ubutabera n’Umushinjacya Mukuru
13 October 2024, by Joseph IradukundaMuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rw’Iremezo rw’umurwa mukuru, Kinshasa, arasaba ko hashakishwa byimazeyo abatorotse bava muri Gereza Nkuru ya Makala ku itariki ya 1 Nzeri 2024.
Umuryango.rw
Mark Carney Yatsindiye Kuyobora Kanada
Impunzi zahungiye mu Rwanda ntizicana inkwi, zicana Gas
Urantutse, nsaba imbabazi - Alyn Sano asubiza Miss Muyango wamubajije niba akiri isugi
Ku bo nababaje bose! Ibaruwa ifunguye ya Kanye West yisegura
U Rwanda na Tanzania byahuriye mu nama ya 15 ihuza abayobozi b’ingabo ku mipaka
Safi Madiba akigera i Kigali yavuze ko ari gushaka umukunzi mushya
U Rwanda rwamaganye ibinyoma by’uko rwashatse kwica umugore wa Tshisekedi
Rumaga yaciye amarenga y’imikoranire na Ali Kiba
Turahirwa wa Moshions yatakambiye Urukiko Rukuru, asaba gusubikirwa ibihano
RDC: hravugwa umwiryane hagati ya Minisitiri w’Ubutabera n’Umushinjacya Mukuru