Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yizeje abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu kwishyurwa ibirarane by’amafaranga arimo ay’agahimbazamusyi k’umukino baheruka kunganya, mbere yuko iyi kipe ihura n’iya Nigeria mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Is
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amavubi abwiwe ijambo ryiza mbere yo gukina na Nigeria
5 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umuti ufasha abanduye Coronavirus ugiye kugeragerezwa mu Rwanda
30 March 2020, by Martin MunezeroUbuyobozi bw’Ikigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda, Rwanda FDA, bwatangaje ko bwakiriye ubusabe bw’ikigo LEAF Pharmaceuticals cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ariko kinafite ibiro mu Rwanda, gishaka gutangira ubushakashatsi ku muti wongera umwuka mu mubiri w’uwanduye Coronavirus.
-
RDC yategetse uburyo bushya bwo gukorera ingendo mu Kivu kubera M23
23 January 2025, by Joseph IradukundaUbutegetsi bwa gisirikare muri Kivu ya Ruguru bwabijije urujya n’uruza rw’amato mato akoresha ikiyaga cya Kivu, bwavuze ko ari ku bw’impamvu z’umutekano muke “mu nkengero za Goma”.
-
Miss Uwase Raissa Vanessa yakoze ubukwe (Amafoto)
14 June 2025, by ISIMBI EstellaMiss Uwase Raissa Vanessa wabaye Igisonga cya mbere cya Miss Rwanda mu 2015, yasezeranye imbere y’Imana na Ngenzi Dylan bamaze iminsi biyemeje kubana akaramata bakanahamiriza iri sezerano imbere y’ababyeyi n’amategeko.
-
Nyamasheke: Abanyerondo 2 bafatiwe mu iduka bari kwiba
27 September 2025, by ISIMBI EstellaAbanyerondo 2 Ndayishimiye Elie w’imyaka 19 na Dusingizimana Emmanuel w’imyaka 25, bari mu irondo ry’umwuga ryacungaga santere y’ubucuruzi ya Banda, mu Mudugudu wa Gahira, Akagari ka Banda, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo nyuma yo gufatirwa na bagenzi babo mu iduka biba.
-
Ukraine yarahiye ko nta butaka bwayo buzomekwa ku Burusiya
13 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Volodymyr Zelensky yamaramaje ko Ukraine itazigera ireka akarere ka Donbas ngo gatwarwe n’Uburusiya nk’ingurane kugira ngo habeho agahenge k’intambara imaze igihe yarashegeshe igihugu cye.
-
IGP Namuhoranye yakiriye intumwa z’u Bushinwa
22 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Ugushyingo 2024, yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, itsinda ry’intumwa zaturutse mu Bushinwa.
-
Muhanga: Arakekwaho kwica mukuru we, nawe agashaka kwiyahura
19 October 2025, by ISIMBI EstellaDufatanyenimana Fabien w’imyaka 20 arashinjwa icyaha cyo kwica mukuru we witwaga Nshamihigo Gilbert w’imyaka 25, ndetse nawe akagerageza kwiyahura ariko ntibimuhire.
-
SKOL yashimangiye urukundo ikunda umukino w’amagare yambika ikipe ya Muhazi Cycling Generation
10 June 2021, by Dusingizimana RemyUruganda rwa SKOL Brewery Ltd rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye mu Rwanda,rwongeye gushimangira ubushake bwarwo mu kuzamura umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, aho rwiyemeje kwambika ikipe ikina uyu mukino ya Muhazi Cycling generation yo mu karere ka Gatsibo.
-
Washington: Abahagarariye u Rwanda na RDC bahuriye mu nama y’ubufatanye
18 October 2025, by ISIMBI EstellaAbayobozi bahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye mu nama y’ubufatanye mu gukemura ibibazo bibangamiye umutekano wo mu karere no mu iterambere ry’ubukungu.
Umuryango.rw
Amavubi abwiwe ijambo ryiza mbere yo gukina na Nigeria
RDC yategetse uburyo bushya bwo gukorera ingendo mu Kivu kubera M23
Miss Uwase Raissa Vanessa yakoze ubukwe (Amafoto)
Nyamasheke: Abanyerondo 2 bafatiwe mu iduka bari kwiba
Ukraine yarahiye ko nta butaka bwayo buzomekwa ku Burusiya
IGP Namuhoranye yakiriye intumwa z’u Bushinwa
Muhanga: Arakekwaho kwica mukuru we, nawe agashaka kwiyahura
Washington: Abahagarariye u Rwanda na RDC bahuriye mu nama y’ubufatanye