Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azagirana ikiganiro kuri telefone na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, aho bazaganira ku guhagarika intambara muri Ukraine n’ibijyanye n’ubucuruzi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Trump yiteze umusaruro mu kiganiro azagirana na Putin kuri telefone
18 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Biryogo yatangiye kurimbishwa kugira ngo ibe agace kabereye ijisho [AMAFOTO]
22 January 2022, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali watangiye kurimbisha agace kazwi nka Biryogo hakoreshejwe ubugeni. Uyu mujyi vuga ko ubugeni bukorewe mu mihanda buha umujyi kurushaho kugaragara neza no kugendwa.
Umujyi wa Kigali watangiye kwifashisha ubugeni mu guhindura Biryogo Car Free Zone ahantu rusange h’ibikorwa n’urujya n’uruza rw’abantu.
Aharimo kurimbishwa ni ahacururizwa icyayi cya thé vert.
Mu mpera z’umwaka ushize,Biryogo nibwo yashyizwemo ahatagera imodoka hagenda abanyamaguru gusa.
Agace ka Biryogo (…) -
U Burundi burasaba Loni kwemeza ko bwabereyemo Jenoside yakorewe Abahutu
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Burundi yasabye Umuryango w’Abibumbye kwemeza ko mu 1972 muri iki gihugu habereye Jenoside yakorewe Abahutu.
-
Umwiryane wibasiye Aba-Démocrates nyuma yo gutsindwa uruhenu mu matora
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmwiryane n’ubwumvikane buke bukomeje kuranga Ishyaka ry’Aba-Démocrates nyuma y’uko ritsinzwe amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse rigatakaza ubwiganze mu Nteko Ishinga Amategeko na Sena y’icyo gihugu.
-
Trump rwongeye kumugera amajanja atabarwa n’abarinzi be hakiri kare
14 October 2024, by Joseph IradukundaUmugabo witwaje imbunda ebyiri ntoya zitemewe n’amategeko yatawe muri yombi hafi y’aho Donald Trump yariho yiyamamariza i Coachella muri leta ya California, nk’uko polisi ibitangaza.
-
Amahanga akomeje gusibanira Kwiyegereza Abafashe Ubutegetsi muri Siriya
14 December 2024, by Joseph IradukundaAbadiplomate bo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, Turukiya, ibihugu by’Uburayi n’iby’Abarabu bahuriye muri Yorodani kuri uyu wa gatandatu mu biganiro kuri Siriya.
-
Nawrocki yatorewe kuyobora Pologne
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIKarol Nawrocki ukomeye ku mahame y’umuco gakondo, yatsinze amatora ya Perezida muri Pologne, ahigitse Rafal Trzaskowski usanzwe ari Meya wa Warsaw, mu cyiciro cya kabiri cy’amatora cyabaye ku Cyumweru.
-
Polisi yasabye abanyeshuri bitegura kujya mu biruhuko kwirinda ingeso mbi n’ibyaha
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yashishikarije abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko bisoza umwaka w’amashuri, kurangwa n’indangagaciro birinda kwishora mu ngeso zitari nziza n’ibyaha bihungabanya umutekano, byatuma batagera ku nzozi zabo.
-
Album ya Justin Bieber yaciye agahigo kuri Billboard’
22 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’icyamamare wo muri Canada, Justin Bieber, yaciye uduhigo twinshi ku ndirimbo zigezweho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri Billboard Hot 100 na Billboard 200 zose zikaba ziri mu zigize Alubumu ye yise Swag.
-
"Abakorera igihugu iyo bashatse ko imirimo yoroha iroroha"-Perezida Kagame
30 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye indahiro za Dr Nsanzimana Sabin, Minisitiri w’Ubuzima na Dr Butera Yvan, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima.
Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 30 Ugushyingo,mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko niho habereye uyu muhango wo kwakira indahiro z’aba bayobozi bashya muri Guverinoma.
Perezida Kagame yabanje gushimira aba bayobozi ndetse abizeza ubufatanye.Ati "Ntabwo Nshidikanya ubushake bwabo, ubushobozi,n’ibindi bijyanye no gukorera igihugu,n’abanyarwanda uko (…)
Umuryango.rw
Perezida Trump yiteze umusaruro mu kiganiro azagirana na Putin kuri telefone
Biryogo yatangiye kurimbishwa kugira ngo ibe agace kabereye ijisho [AMAFOTO]
U Burundi burasaba Loni kwemeza ko bwabereyemo Jenoside yakorewe Abahutu
Umwiryane wibasiye Aba-Démocrates nyuma yo gutsindwa uruhenu mu matora
Trump rwongeye kumugera amajanja atabarwa n’abarinzi be hakiri kare
Amahanga akomeje gusibanira Kwiyegereza Abafashe Ubutegetsi muri Siriya
Nawrocki yatorewe kuyobora Pologne
Polisi yasabye abanyeshuri bitegura kujya mu biruhuko kwirinda ingeso mbi n’ibyaha
Album ya Justin Bieber yaciye agahigo kuri Billboard’
"Abakorera igihugu iyo bashatse ko imirimo yoroha iroroha"-Perezida Kagame