Nyuma y’uko umugabo w’Umwongereza, Ramesh, abaye umwe rukumbi warokotse impanuka y’indege ya Air India iherutse kubera i Ahmedabad mu Buhinde, byatumye abantu bibaza niba koko umwanya wa 11A yari yicayemo ari wo mwanya utekanye kurusha indi mu ndege.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ese koko mu ndege habamo umwanya utekanye kurisha iyindi?
14 June 2025, by ISIMBI Estella -
Rwanda: Umukecuru w’ imyaka 86 arashinja umuzukuru we kumusambanya ku gahato
6 July 2018Mu murenge wa Rurenge mu karere ka Ngoma mu ntara y’ iburasirazuba bw’ u Rwanda , umusore w’imyaka 23 y’amavuko akurikiranyweho gusambanya ku ngufu nyirakuru w’imyaka 86, uyu mukecuru akaba avuga ko uyu mwuzukuru we basanzwe babana yamwihereranye akamurusha imbaraga akamusambanya ku gahato.
-
Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa
31 March, by ISIMBI EstellaUmuyobozi Mukuru wa Air Canada, Michael Rousseau, yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’uko anenzwe cyane ko atavuze Igifaransa ubwo yihanganishaga imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka yahitanye abapilote babiri, Mackenzie Gunther na Antoine Forest.
-
Iran: Abantu 610 baguye mu bitero bya Israel
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Iran yatangaje ko abantu 610 ari bo bamaze kugwa mu bitero bya Israel mu ntambara imaze iminsi 12 ishyamiranyije impande zombi.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
14 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA Emile ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Museveni yavuze ku by’uko yohereje muri RDC ingabo
22 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yanyomoje amakuru yavugaga ko igihugu cye giheruka kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zo kurwanya M23 ihanganye mu ntambara n’ihuriro ry’ingabo za Leta.
-
Perezida wa Sena y’u Rwanda n’iy’u Burundi bahuje urugwiro ubwo bahuriraga I Vienne
8 September 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Sena y’u Rwanda,Hon Iyamuremye Augustin yagiranye ibiganiro na Perezida wa Sena y’ u Burundi,Sinzohagera Emmanuel,bahuriye i Vienne muri Autriche mu nama yari yahuje ba Perezida b’inteko zishinga amategeko.
-
Abafite ubumuga batwara imizigo hagati ya Rubavu na Goma barashima
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbafite ubumuga burimo ubw’ingingo no kutabona bo mu Murenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, bibumbiye muri Koperative ‘COTRRARU’, itwara imizigo ku magare yambukiranya imipaka y’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) bishimira ko kuva bakwishyira hamwe byabarinze gusabibiriza.
-
Umuhanzikazi wo muri Uganda yatangaje ko udafite Miliyoni 30 utamutera inda
18 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNakangubi Jennifer uzwi cyane ku izina rya Full Figure yatangaje ko igikorwa cyo kubyara cye gitwara hagati ya miliyoni 20 na 30 z’amafaranga ya Uganda bityo ko utayafite ntiwamutera inda.
-
Cristiano n’umugore we bashimiye abafana ba Liverpool babakoze ku mutima
20 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROCristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodriguez bashimiye abafana b’ikipe ya Liverpool nyuma yo gukorwa ku mutima nibyo ba bakoreye nyuma y’urupfu rw’umwana wabo w’umuhugu.
Umuryango.rw
Ese koko mu ndege habamo umwanya utekanye kurisha iyindi?
Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa
Iran: Abantu 610 baguye mu bitero bya Israel
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Museveni yavuze ku by’uko yohereje muri RDC ingabo
Perezida wa Sena y’u Rwanda n’iy’u Burundi bahuje urugwiro ubwo bahuriraga I Vienne
Abafite ubumuga batwara imizigo hagati ya Rubavu na Goma barashima
Umuhanzikazi wo muri Uganda yatangaje ko udafite Miliyoni 30 utamutera inda
Cristiano n’umugore we bashimiye abafana ba Liverpool babakoze ku mutima