Urukiko rwo muri Mauritania ku wa 13 Gicurasi 2025 rwongereye igifungo cyakatiwe Mohamed Ould Abdel Aziz wayoboye iki gihugu, kigera ku myaka 15 nyuma yo kuburana ubujurire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abdel Aziz wayoboye Mauritania yakatiwe gufungwa imyaka 15
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ramaphosa yaciye amarenga y’uko yaba agiye gucyura ingabo za SANDF ziri muri RDC
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, ku wa Kane yaciye amarenga y’uko iki gihugu cyaba kigiye gucyura abasirikare bacyo bari mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Vestine yashimiye abakomeje kumufasha mu myiteguro y’ubukwe
24 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi Ishimwe Vestine, uzwi mu itsinda rya Vestine na Dorcas, yashimiye abakomeje kumufasha mu myiteguro y’ubukwe bwe.
-
Nduhungirehe yanenze uwahinduye igisobanuro cy’ifoto y’intumwa z’u Rwanda n’iza RDC
21 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze umunyamakuru wahinduye igisobanuro cy’ifoto y’abayobozi bo mu Rwanda n’abo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Habababyeyi Pascal wakoreraga TV10 yitabye Imana
21 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru wakoreraga Radio/Tv10, Pascal Habababyeyi, yitabye Imana. Yakoraga muri weekend nk’umwe mu basesengura amakuru yaranze icyumweru.
-
Ukraine ihangayikishijwe n’uko ’drones’ zikomeje kuyibana iyanga
9 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Ukraine gihangayikishijwe n’ikibazo cy’ubuke bw’indege zitagira abapilote (drones) ugereranyije n’izo bakeneye mu ntambara bahanganyemo n’u Burusiya.
-
Perezida wa Angola yageze mu Rwanda kwitabira inama izabera i Gatuna [AMAFOTO]
20 February 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Angola João Lourenço yageze i Kigali aho yitabiriye inama y’ibihugu bine byiga ku kuzahura umubano w’u Rwanda na Uganda izabera i Gatuna ku mupaka uhuza ibihugu byombi kuri uyu wa Gatanu.
-
Padiri Sibomana Venuste yapfuye ari gukora siporo
12 March 2019, by Dusingizimana RemyPadiri Sibomana Venuste wo muri Paruwasi ya Magi muri Diyoseze ya Butare yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Taliki ya 11 Werurwe 2019 ubwo yari muri siporo.
-
Zabyaye amahari hagati ya Gen Muhoozi na Lt Gen Elwelu
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangiye kugaba ibitero kuri Lt Gen Peter Elwelu usanzwe ari umwungiriza we.
-
Kicukiro: Yafatanywe udupfunyika 207 tw’urumogi
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHaragirimana Jean Claude w’imyaka 29 yafatiwe mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,afite udupfunyika 207 tw’urumogi.
Umuryango.rw
Abdel Aziz wayoboye Mauritania yakatiwe gufungwa imyaka 15
Ramaphosa yaciye amarenga y’uko yaba agiye gucyura ingabo za SANDF ziri muri RDC
Vestine yashimiye abakomeje kumufasha mu myiteguro y’ubukwe
Nduhungirehe yanenze uwahinduye igisobanuro cy’ifoto y’intumwa z’u Rwanda n’iza RDC
Habababyeyi Pascal wakoreraga TV10 yitabye Imana
Ukraine ihangayikishijwe n’uko ’drones’ zikomeje kuyibana iyanga
Zabyaye amahari hagati ya Gen Muhoozi na Lt Gen Elwelu
Kicukiro: Yafatanywe udupfunyika 207 tw’urumogi