U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 222 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda barenga 200 babaga muri RDC
26 March, by Angeline MUKANGENZI -
Kaminuza y’u Rwanda yamaze gutangaza amatariki abanyeshuri bo mu muwa mbere no mu wa kabiri bazatangiriraho
11 November 2020, by Dusingizimana RemyKaminuza y’u Rwanda yatangaje ko ku wa 30 Ugushyingo 2020 abanyeshuri biga mu mwaka wa mbere no mu wa kabiri, bagomba gukomeza amasomo ku mashuri,nyuma yo guhagarikwa muri Werurwe kubera Covid-19 yari imaze kugera mu Rwanda.
-
Turahirwa Moses agiye kugezwa imbere y’ubutabera
5 May 2025, by Joseph IradukundaTurahirwa Moses ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge agiye kugezwa imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
-
Perezida Faure Gnassingbé yagiriye uzinduko i Luanda ku bibazo bya RDC
9 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’inama y’ubutegetsi wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, ari na we Muhuza w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu gukemura ibibazo by’umutekano muri Repubulika ya Demokalasi ya Congo, kuri uyu wa 9 Gashyantare 2026 yagiriye uruzinduko rw’akazi i Luanda muri Angola.
-
Uganda: Gen Moses Ali yamaganye abavuga ko akwiye kuva muri politiki kuko ashaje
16 July 2025, by ISIMBI EstellaItsinda rishyigikiye Gen Moses Ali w’imyaka 86, uri kwiyamamariza kongera kuba umudepite uhagarariye agace ka Adjumani y’Iburengerazuba, ryamaganye abamunenga bavuga ko ashaje bityo akwiye kuva muri politiki, bemeza ko agifite ubushobozi bwo kuzuza inshingano.
-
CSP Gashagaza uherutse gusezererwa muri polisi y’ u Rwanda yishwe n’ abagizi ba nabi
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestUrwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko CSP Gashagaza Hubert wari uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu, yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri.
-
Nta na santimetero bafashe- Lt Col Ngoma ku kwisubiza ibirindiro kwa FARDC/Wazalendo
12 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro Wazalendo bitigeze byisubiza ibirindiro mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru cyangwa Kivu y’Amajyepfo.
-
Rutsiro: Umusore n’ umukobwa bapfuye bitunguranye habura iminsi 3 ngo bakore ubukwe
18 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmusore n’ umukobwa bo mu murenge wa Gihango akarere ka Rutsiro bitabye Imana bitunguranye habura iminsi itatu gusa ngo basezerane imbere y’ Imana, urupfu rwabo rwashenguye abaturage by’ umwihariko abo mu miryango yabo.
-
Nigeria: Abaganga batatu bahagaritswe bazira urupfu rw’umwana w’umwanditsi Chimamanda Ngozi
5 March, by Angeline MUKANGENZIInama Nkuru y’Abaganga muri Nigeria yafashe icyemezo cyo guhagarika abaganga batatu nyuma y’uko bigaragaye ko bagize uburangare mu kazi bwateje urupfu rw’umwana w’umuhungu w’amezi 21 w’umwanditsi w’ibitabo Chimamanda Ngozi Adichie.
-
Messi yafashije Inter Miami kubona intsinzi ya mbere mu Gikombe cy’Isi
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgitego cya Lionel Messi cyafashije Inter Miami gutsinda FC Porto ibitego 2-1 ibona intsinzi ya mbere mu mikino y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe iri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umuryango.rw
U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda barenga 200 babaga muri RDC
Turahirwa Moses agiye kugezwa imbere y’ubutabera
Perezida Faure Gnassingbé yagiriye uzinduko i Luanda ku bibazo bya RDC
Uganda: Gen Moses Ali yamaganye abavuga ko akwiye kuva muri politiki kuko ashaje
Nta na santimetero bafashe- Lt Col Ngoma ku kwisubiza ibirindiro kwa FARDC/Wazalendo
Nigeria: Abaganga batatu bahagaritswe bazira urupfu rw’umwana w’umwanditsi Chimamanda Ngozi
Messi yafashije Inter Miami kubona intsinzi ya mbere mu Gikombe cy’Isi