Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko uri hafi kugirana amasezerano n’u Bushinwa ajyanye no kugabanya umusoro wari uhurutse gutumbagizwa ku modoka zikoresha amashanyarazi zikomoka muri icyo gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
EU igiye kwisubiraho ku byo kuzamurira umusoro imodoka zikoresha amashanyazi zo mu Bushinwa
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rwamagana: Undi musore yarohamye mu kiyaga ahasiga ubuzima
28 January 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’aho mu karere ka Rwamaga havuzwe umusore wigaga muri kaminuza wagiye koga mu cyuzi akarohama agapfa, ubu haravugwa undi warohame agiye kuroba
-
Umusore wishwe n’impanuka muri Canada azashyingurwa mu Rwanda
7 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango wa Landry Cyusa Rutabayiro, umusore w’Umunyarwanda w’imyaka 30 witabye Imana ku Cyumweru tariki 05 Ukwakira 2025 azize impanuka muri Canada, watangaje ko watangiye gahunda yo kumuzana gushyingurwa mu Rwanda
-
U Rwanda mu biganiro by’ubufatanye n’ikigo cy’u Burusiya gishinzwe ibya nucléaire
18 February, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda iri mu biganiro n’ikigo cy’u Burusiya gishinzwe kugenzura imitunganyirize n’imikoreshereze y’ingufu za nucléaire, Rostekhnadzor, bigamije ubufatanye mu gihe kiri imbere.
-
U Buhinde na Pakistan byemeranyije agahenge mu ntambara bihanganyemo
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBibifashijwemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Buhinde na Pakistan byemeranyije gushyiraho agahenge mu ntambara ibihanganishije yongeye gututumba mu minsi itatu ishize.
-
Gusenya FDLR, ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda, amabuye y’agaciro…Nduhungirehe yasobanuye ibyabereye i Washington
1 July 2025, by ISIMBI EstellaUbwo yakiraga ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na RDC, Perezida Donald Trump yagarutse ku mpamvu amasezerano y’amahoro yasinywe ari intambwe ikomeye, avuga ko ibihugu byombi bikwiriye gushyira iherezo ku mwuka mubi umaze igihe.
-
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bugiye kujuririra icyemezo cyo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
22 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamategeko wunganira imiryango iharanira inyungu z’abaregera indishyi mu manza z’ababuranishwa ibyaha bya Jenoside, Me Richard Gisagara, yatangaje ko icyemezo cy’abacamanza b’u Bufaransa gihagarika iperereza kuri Agathe Kanziga kizajuririrwa.
-
Bamenyanye biga muri pirimeri , Inkuru y’urukundo rw’umunyamakuru Kayishema Tity Thierry n’umufasha we Justine Muhorakeye
7 March 2025, by ISIMBI EstellaUrukundo rurihangana rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza, ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo, ntiruhutiraho, ntirutekereza ikibi ku bantu, ntirwishimira gukiranirwa kw’abandi ahubwo rwishimira ukuri, rubabarira byose, rwizera byose, rwiringira byose, rwihanganira byose. Urukundo ntabwo ruzashira. Gukunda ni byiza ariko bikaba akarusho iyo ukunze ugukunda , uri mu rukundo nyarwo wese aba yumva ari ijuru rito aba yumva ariho hantu ashaka (…)
-
SIKUZANI Aline yasabye guhindura amazina akitwa SIKUZANI KARAGALWA ALINE
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa SIKUZANI Aline yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa SIKUZANI KARAGALWA ALINE mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Ngoma: Abantu 9 baheruka gukubitwa n’inkuba bashyinguwe mu cyubahiro
6 January, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Kabiri tariki ya 06 Mutarama 2026, abantu icyenda muri 15 baheruka gukubitwa n’inkuba mu Murenge wa Jarama, Akarere ka Ngoma, bashyinguwe mu cyubahiro.
Umuryango.rw
EU igiye kwisubiraho ku byo kuzamurira umusoro imodoka zikoresha amashanyazi zo mu Bushinwa
Rwamagana: Undi musore yarohamye mu kiyaga ahasiga ubuzima
Umusore wishwe n’impanuka muri Canada azashyingurwa mu Rwanda
U Rwanda mu biganiro by’ubufatanye n’ikigo cy’u Burusiya gishinzwe ibya nucléaire
U Buhinde na Pakistan byemeranyije agahenge mu ntambara bihanganyemo
Gusenya FDLR, ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda, amabuye y’agaciro…Nduhungirehe yasobanuye ibyabereye i Washington
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bugiye kujuririra icyemezo cyo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
Bamenyanye biga muri pirimeri , Inkuru y’urukundo rw’umunyamakuru Kayishema Tity Thierry n’umufasha we Justine Muhorakeye
SIKUZANI Aline yasabye guhindura amazina akitwa SIKUZANI KARAGALWA ALINE
Ngoma: Abantu 9 baheruka gukubitwa n’inkuba bashyinguwe mu cyubahiro