Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana witwa Matthew Ogundele, ari kumwe n’abandi bantu batatu bo itsinda rye, basanzwe muri studio y’umuziki mu gace ka Abraham Adesanya i Ajah, muri Leta ya Lagos.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nigeria: Umuhanzi Matthew Ogundele na bagenzi be batatu bapfiriye muri Studio
9 February, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida w’u Bushinwa yabwiye Amerika ko ishobora kwisanga mu kato ku bwo kuzamura imisoro
12 April 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kuzamura imisoro ku bicuruzwa bituruka mu bihugu bitandukanye, ndetse no kubishyiriraho amabwiriza yihariye, avuga ko icyo gihugu gishobora kuzashiduka cyishyize mu kato.
-
Manchester United yasheshe amasezerano ya Sir Alex Ferguson
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuSosiyete ya INEOS iyobora ibikorwa bya Siporo muri Manchester United yafashe icyemezo cyo gutandukana na Sir Alex Ferguson wari Ambasaderi w’iyi kipe kuva mu 2013.
-
Umwana utawe n’umubyeyi atakaza isanomuzi
13 February 2018, by Jules NTAHOBATUYEByasa n’ibitungura nyirurugo kubyuka agasanga uruhinja imbere y’umuryango we atazi n’umwe mu babyeyi barwo ndetse biranagoye kwiyumvisha ko umubyeyi afata uruhinja yatwise amezi icyenda akarusiga mu rugo rw’umuntu bataziranye, ariko ingero nk’izi zikomeje kumvikana hamwe na hamwe mu gihugu.
Urugero ruheruka rwagaragaye mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2017 mu kagali ka Tetero umurenge wa Muhima mu mujyi wa Kigali umugore utaramenyekanye yataye umwana w’amezi nk’abiri mu rugo rwa (…) -
Agathon Rwasa ahamya ko nta mpamvu ingabo z’u Burundi zifite yo kurwanira muri RDC
17 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyapolitiki Agathon Rwasa utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi yatangaje ko nta mpamvu yakabaye ituma ingabo z’igihugu cyabo zikomeza kurwanira mu ntambara ibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ibihugu 128 byanze ikifuzo cya Trump kuri Yeluzaremu u Rwanda ruri mu byifashe
22 December 2017, by Nsanzimana ErnestAmatora yo kwemeza cyangwa gutesha agaciro ikifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za America cyo guhindura Yeluzaremu umurwa mukuru wa Israel yarangiye iki kifuzo giteshejwe agaciro.
Iri tora ryabereye mu nama rusange idasanzwe yasabwe na Palestine n’ibihugu biyishyigikiye ngo ibihugu bigize Umuryango w’abibumbye bigaragaze aho bihagaze ku kuba umurwa wa Yeruzalemu wose waba uwa Israel nk’uko US iherutse kubyemeza.
Ibihugu 128 byatoye ko Yeruzalemu ikomeza kuba umugi udafite aho ubogamiye, (…) -
Abdel Aziz wayoboye Mauritania yakatiwe gufungwa imyaka 15
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwo muri Mauritania ku wa 13 Gicurasi 2025 rwongereye igifungo cyakatiwe Mohamed Ould Abdel Aziz wayoboye iki gihugu, kigera ku myaka 15 nyuma yo kuburana ubujurire.
-
Ministri w’Intebe wa Isirayeli Arasaba ONU Gukura Ingabo Zayo muri Libani
13 October 2024, by Joseph IradukundaMinistri w’Intebe wa Isirayeli, Benjamin Netanyahu, kuri iki cyumweru yasabye Umuryango w’Abibumbye gukura ingabo zawo mu duce tuberamo intambara muri Libani.
-
Rutsiro: Umugabo washinjaga umugore kumuca inyuma yasanzwe mu mugozi yapfuye
28 October 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 53 wo mu Karere ka Rutsiro, yasanzwe mu mugozi amanitse yapfuye, hakekwa amakimbirane yo mu muryango aho yari amaze iminsi ashinja umugore we ku muca inyuma.
-
AU yanze kwemera ko Somaliland iba igihugu cyigenga
27 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Mahmoud Ali Youssouf, yasohoye itangazo agaragaza ko atemera na gato ko Somaliland yamerwa nk’igihugu cyigenga, anashimangira ko AU ikomeje gushyigikira byimazeyo ubumwe n’ubusugire bw’ubutegetsi bwa Somalia.
Umuryango.rw
Perezida w’u Bushinwa yabwiye Amerika ko ishobora kwisanga mu kato ku bwo kuzamura imisoro
Manchester United yasheshe amasezerano ya Sir Alex Ferguson
Agathon Rwasa ahamya ko nta mpamvu ingabo z’u Burundi zifite yo kurwanira muri RDC
Abdel Aziz wayoboye Mauritania yakatiwe gufungwa imyaka 15
Ministri w’Intebe wa Isirayeli Arasaba ONU Gukura Ingabo Zayo muri Libani
Rutsiro: Umugabo washinjaga umugore kumuca inyuma yasanzwe mu mugozi yapfuye
AU yanze kwemera ko Somaliland iba igihugu cyigenga