Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko amadeni iki gihugu cyahawe kuva muri Mutarama kugeza tariki ya 30 Kamena 2025 yageze kuri miliyari 14,33 z’Amadolari, kandi ko ibiro by’Umukuru w’Igihugu biri mu nzego zakoresheje nabi ingengo y’imari.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amadeni ya RDC mu mezi atandatu yarenze miliyari 14$, Perezidansi isiga umugani
24 November 2025, by ISIMBI Estella -
"P. Kagame yampakaniye ko Kakwenza Rukirabashaija yahungiye mu Rwanda": Gen Muhoozi
9 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTMu masaha y’Umugoroba yo kuri uyu wa gatatu nibwo inkuru zakomeje kugenda zicicikana ku mbuga nkoranyambaga ko umwe mu banditsi b’ibitabo bakomeye muri Uganda usanzwe utavuga rumbe n’ubutegetsi bwa Kampala yahunze igihugu akerekeza mu Rwanda
-
RPL yakoze impinduka ku matariki umunsi wa 9 wa shampiona wari kuzaberaho
28 October 2024, by Joseph IradukundaRwanda Premier League yigije imbere Umunsi wa Cyenda wa Shampiyona wari uteganyijwe tariki 22-24 Ugushyingo, ushyirwa tariki 5-7 Ugushyingo 2024.
-
Perezida Macron yareze Candace Owen wise umugore we umugabo
24 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yareze Candace Owen mu rukiko rwa Delaware muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, amushinja gukwirakwiza ibinyoma by’uko umugore we, Brigitte Macron, ari umugabo.
-
Ihomba rya Tesla ya Elon Musk haraho ryaba rihuriye na Perezi Trump?
25 April 2025, by ISIMBI EstellaMu gihe Elon Musk ataka igihombo gikabije ndetse akaba yafashe umwanzuro wo kugabanya umwanya yageneraga imirimo yahawe muri politiki, hari ibigaragaza ko politiki ya Donald Trump iri kugira uruhare mu gusubiza ku isuka uyu muherwe.
-
Trump yamaganye igitero Israel yagabye kuri Qatar
10 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze Israel yagabye igitero kuri Qatar kigamije kwivugana abayobozi b’umutwe wa Hamas bari i Doha.
-
Muhoozi yongeye kurikoroza ubwo yavugaga ko abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi
23 January, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatanze igitekerezo gisa no gutebya agaragaza ko abagore badafite amabuno manini azwi cyane muri iyi minsi nka ‘nyash’ ngo babyara abana ‘b’ibigoryi’.
-
U Rwanda rugiye kongera kwakira Irushanwa rya Billie Jean King Cup rizahuza ibihugu 12
24 June 2025, by ISIMBI EstellaGuhera tariki ya 14 kugeza ku ya 19 Nyakanga 2024, mu Rwanda hazabera imikino ya Tennis ya ‘Billie Jean King Cup’, izitabirwa n’ibihugu 12 mu bari n’abategarugori.
-
Haravugwa icyateye Umusirikare wa FARDC kubyuka arasa urufaya rw’amasasu muri bagenzi be
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusirikare umwe mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe amasasu menshi muri bagenzi be, yicamo babiri, abandi icyenda (9) barakomereka bikabije, aho bivugwa ko yabitewe n’ubusinzi.
-
Tanzania ishobora gukurwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025
22 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ya Tanzania ishobora guterwa mpaga ku mukino iheruka gutsindamo Guinée 1-0, ibi bikaba byatuma ibura itike iyerekeza mu irushanwa riruta ayandi ku Mugabane wa Afurika rizabera muri Maroc umwaka utaha.
Umuryango.rw
Amadeni ya RDC mu mezi atandatu yarenze miliyari 14$, Perezidansi isiga umugani
"P. Kagame yampakaniye ko Kakwenza Rukirabashaija yahungiye mu Rwanda": Gen Muhoozi
RPL yakoze impinduka ku matariki umunsi wa 9 wa shampiona wari kuzaberaho
Perezida Macron yareze Candace Owen wise umugore we umugabo
Ihomba rya Tesla ya Elon Musk haraho ryaba rihuriye na Perezi Trump?
Trump yamaganye igitero Israel yagabye kuri Qatar
Muhoozi yongeye kurikoroza ubwo yavugaga ko abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi
U Rwanda rugiye kongera kwakira Irushanwa rya Billie Jean King Cup rizahuza ibihugu 12
Haravugwa icyateye Umusirikare wa FARDC kubyuka arasa urufaya rw’amasasu muri bagenzi be
Tanzania ishobora gukurwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025