Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Temilade Openiyi uzwi nka Tems, yavuze ko amaze kugera gutera imbere cyane kurusha intego yari yiyemeje mu muziki ubwo yawutangiraga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tems yahishuye ko yungukiye mu muziki kurusha uko yari abyiteze
2 December 2025, by ISIMBI Estella -
Ibirori bya Oscars bigiye gutangira kwerekanirwa kuri YouTube
18 December 2025, by ISIMBI EstellaIbirori bikomeye bya sinema ku Isi, Oscars, bigiye kwandika amateka mashya nyuma y’uko Ishyirahamwe rya Academy of Motion Picture Arts and Sciences ryemeje amasezerano mashya azatuma bitangira kwerekanwa kuri YouTube ku Isi hose, guhera mu 2029.
-
U Rwanda rwemereye inzira Ingabo za SADC ziri i Goma
19 April 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwemereye inzira Ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Congo mu Mujyi wa Goma kugira ngo zibone uko zisubira mu bihugu byazo nyuma y’aho gahunda zari zaremeranyijwe na M23 yo kunyura ku Kibuga cy’Indege cya Goma igoranye.
-
Koreya y’Epfo: Abadepite basabye perezida w’agateganyo kwegura
27 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbadepite bo mu Ishyaka Riharanira Demokarasi (Democratic Party: DP) ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Koreya y’Epfo, basabye ko Minisitiri w’Intebe akaba n’Umuyobozi w’Agateganyo w’iki gihugu Han Duck-so, ko na we yegura.
-
Iran yashyize igisirikare cy’ibihugu byo muri EU ku rutonde rw’ibyihebe
2 February, by Angeline MUKANGENZIInteko Ishinga Amategeko ya Iran, yatangaje ko yashyigize Igisirikare cy’ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, mu cyiciro cy’imitwe y’iterabwoba.
-
Uyobora Ibiro bya Zelensky yasabye u Burusiya kwigira k’u Rwanda na RDC
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Ukraine, Andriy Yermak, yasabye u Burusiya kwigira ku masezerano u Rwanda ruherutse kugirana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu kurangiza intambara imaze igihe iyogoza igihugu cye
-
Umujyi wa Kigali wavuze ku kibazo cy’abajura bakomeje kwiyongera hirya no hino
17 April 2023, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali burimo kuganira n’Abanyamakuru ku ngingo zitandukanye zireba Umujyi wa Kigali harimo imitangire ya serivisi, Ubukungu, Imiturire n’ibindi
Ku bijyanye n’umutekano mu mujyi,Pudence Rubingisa yagize ati :"Hari insoresore tumaze iminsi tubona ziteza umutekano muke hirya no hino
Ikibazo twagihagurukiye duhereye aho byiganje [hotspots] duhabwa n’abaturage. Nabakangurira ko twakomeza gufatanya mu gukomeza kugira umujyi utunganye.
Umuyobozi wa polisi mu Mujyi wa (…) -
Umukobwa wa Jacob Zuma yeguye ku Budepite nyuma yo gushinjwa gucuruza abacanshuro mu Burusiya
28 November 2025, by ISIMBI EstellaDuduzile Zuma-Sambudla, umukobwa wa Jacob Zuma wayoboye Afurika y’Epfo, yeguye ku mwanya w’Ubudepite nyuma y’amakuru akomeje kuvuga ko yagize uruhare mu kubeshya no kohereza Abanyafurika y’Epfo 17 mu Burusiya, aho bahatiwe kujya kurwana mu Ntambara ya Ukraine nk’abacanshuro batabizi.
-
Basketball: Henriette Uwimpuhwe yerekeje muri REG WBBC
30 January, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya REG WBBC ikomeje kwitegura Shampiyona y’u Rwanda muri Basketball yaguze Henriette Uwimpuhwe wakiniraga Kepler WBBC asinya amasezerano y’imyaka ibiri.
-
Museveni yanze ko Amerika n’u Bwongereza byubaka ikigo cya gisirikare muri Uganda
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza byashatse kubaka ibigo bya gisirikare mu gihugu cye zishaka gushyira imbaraga mu bufatanye ariko arabyanga.
Umuryango.rw
Tems yahishuye ko yungukiye mu muziki kurusha uko yari abyiteze
Ibirori bya Oscars bigiye gutangira kwerekanirwa kuri YouTube
U Rwanda rwemereye inzira Ingabo za SADC ziri i Goma
Koreya y’Epfo: Abadepite basabye perezida w’agateganyo kwegura
Iran yashyize igisirikare cy’ibihugu byo muri EU ku rutonde rw’ibyihebe
Uyobora Ibiro bya Zelensky yasabye u Burusiya kwigira k’u Rwanda na RDC
Umujyi wa Kigali wavuze ku kibazo cy’abajura bakomeje kwiyongera hirya no hino
Umukobwa wa Jacob Zuma yeguye ku Budepite nyuma yo gushinjwa gucuruza abacanshuro mu Burusiya
Basketball: Henriette Uwimpuhwe yerekeje muri REG WBBC
Museveni yanze ko Amerika n’u Bwongereza byubaka ikigo cya gisirikare muri Uganda