Umunyapolitike ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Malawi yarezwe gucura umugambi wo kwica Perezida w’icyo gihugu Lazarus Chakwera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Malawi: Umunyapolitike ukomeye arashinjwa gucura umugambi wo guhitana Perezida
29 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Covid-19: Abantu 4 bakize Coronavirus haboneka umwe mushya wayanduye mu bipimo 712 byakozwe
18 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Mata 2020, mu bipimo 712 byafashwe mu Rwanda, habonetsemo umurwayi umwe wa COVID19. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko abanduye iki cyorezo ari 144 (harimo abakize 69 Muri bo 4 bakize mu masaha 24 ashize). Abakirwaye ni 75.
-
Isomwa ry’urubanza rwa Manzi Sezisoni ryongeye gusubikwa
18 November 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwongeye gusubika isomwa ry’urubanza ruregwamo Manzi Sezisoni Davis ukurikiranyweho ibyaha birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.
-
Bujumbura: Haravugwa umutekano muke ku Abanyarwanda bahatuye ubu bari gushimutwa
17 February 2025, by Joseph IradukundaAmakuru yasakaye mu itangazamakuru ryo mu karere u Rwanda ruherereyemo, aravuga ko mu mujyi wa Bujumbura, inzego z’Umutekano zafashe Abanyarwanda benshi n’Abanyekongo b’Abanyamulenge zikabapakira amakamyo bakajyanwa ahantu hataramebyekana.
-
Ingabo zirenga 200.000 za Venezuela ziryamiye amajanja mu kwirinda ibitero bya Amerika
13 November 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Venezuela zasabwe guhora ziryamiye amajanja ndetse inyinshi zoherezwa mu bice byinshi by’igihugu, nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje kongera ibikorwa bya gisirikare mu gice cya Caraïbes.
-
Trump yarakajwe no kumenya ko Ukraine yashatse kugaba igitero ku rugo rwa Putin
30 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaganye igitero cy’indege zitagira abapilote, cyageragejwe n’ingabo za Ukraine ku rugo rwa Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, avuga ko byamuteye uburakari bukomeye.
-
Lubero: M23 yongeye kuramukira mu mirwano na FARDC n’i mitwe bafatanya
2 December 2024, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2024, waramukiye mu mirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Teritwari ya Lubero, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Yampano n’umugore we bavuze n’akari imurori, basaba imbabazi imiryango
15 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Yampano n’umugore we Vava bagaragaye mu kiganiro bagaruka ku bihe bikomeye banyuzemo nyuma y’amashusho yabo y’urukozasoni yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, basaba imbabazi imiryango yabo ndetse n’Abanyarwanda muri rusange.
-
Mu mwaka 2025 dutangiye ibintu bigomba kumera neza byanze bikunze- Perezida Kagame
31 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umwaka wa 2024 uri kugana ku musozo wabayemo ibyinshi byiza kandi icyifuzo Abanyarwanda bakwiye guhuriraho ari ugukomeza muri uwo mujyo wo gukora ibyiza.
-
Niyomugabo Philemon yazirikanywe mu gitaramo cyo kumurika igitabo cya Tonzi
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana akaba n’umwanditsi w’ibitabo Tonzi yazirikanye umuhanzi Niyomugabo Philemon mu gitaramo cyo kumurika igitabo cye.
Umuryango.rw
Malawi: Umunyapolitike ukomeye arashinjwa gucura umugambi wo guhitana Perezida
Covid-19: Abantu 4 bakize Coronavirus haboneka umwe mushya wayanduye mu bipimo 712 byakozwe
Isomwa ry’urubanza rwa Manzi Sezisoni ryongeye gusubikwa
Bujumbura: Haravugwa umutekano muke ku Abanyarwanda bahatuye ubu bari gushimutwa
Ingabo zirenga 200.000 za Venezuela ziryamiye amajanja mu kwirinda ibitero bya Amerika
Trump yarakajwe no kumenya ko Ukraine yashatse kugaba igitero ku rugo rwa Putin
Lubero: M23 yongeye kuramukira mu mirwano na FARDC n’i mitwe bafatanya
Yampano n’umugore we bavuze n’akari imurori, basaba imbabazi imiryango
Mu mwaka 2025 dutangiye ibintu bigomba kumera neza byanze bikunze- Perezida Kagame
Niyomugabo Philemon yazirikanywe mu gitaramo cyo kumurika igitabo cya Tonzi