Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatanze icyizere cyo kongera parikingi ziboneka muri uyu Mujyi, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ibura ryazo n’umuvundo w’imodoka, kenshi uterwa n’imodoka ziparikwa mu muhanda, zikabuza izindi gutambuka neza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hatanzwe icyizere cyo gukemura ikibazo cya parikingi mu Mujyi wa Kigali
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umukino AS Kigali WFC na Rayon Sports WFC watumye uwa Police na Kiyovu uhindurirwa isaaha
25 September 2024, by Joseph IradukundaBiciye muri Komisiyo Ishinzwe amarushanwa, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryahinduye amasaha y’umukino wa Police FC na Kiyovu Sports uteganyijwe ejo ku wa kane Saa Munani z’amanywa.
-
Umujyanama wa Trump yasabye Ukraine guhindura intekerezo mu ntambara n’Uburusiya
10 November 2024, by Joseph IradukundaBryan Lanza, Umujyanama wa Perezida, Donald Trump, yavuze ko Ukraine ikwiye kugira intego nyayo mu ntambara iyihuza n’u Burusiya kandi igomba kwakira ko agace ka Crimea u Burusiya bwigaruriye itazagasubizwa.
-
Abadepite bagaragaje impungenge mu kongera umusoro kuri lisansi na mazutu bitumizwa
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki ya 19 Werurwe, abadepite bagaragaje impungenge z’icyifuzo cya guverinoma cyo gushyiraho umusoro wa 15% ku bikomoka kuri peteroli, baburira ko bishobora kongera igiciro cy’ibicuruzwa na serivisi ku baguzi.
-
Ibihugu bya EU byashinje u Burusiya gukomeza gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine
5 July 2025, by Joseph IradukundaInzego z’ubutasi zo mu Buholandi n’u Budage zatangaje ko zimaze gukusanya ibimenyetso bitandukanye byerekana ko u Burusiya bukomeje gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine.
-
Sean Dyche yagizwe Umutoza Mukuru wa Nottingham Forest
21 October 2025, by ISIMBI EstellaIkipe ya Nottingham Forest yemeje Sean Dyche nk’Umutoza Mukuru, aho yamuhaye amasezerano azageza mu mpeshyi ya 2027, asimbuye Ange Postecoglou.
-
Gitego Arthur yasinyiye ikipe nshya
8 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu w’Umunyarwanda, Gitego Arthur yamaze kubona ikipe nshya nyuma yo gutandukana na AFC Leopards yo muri Kenya, aho yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Clube Ferroviário de Beira yo muri Mozambique, ariko ashobora kongerwa bitewe n’imyitwarire ye.
-
KWIBUKA 31 : Dore ibyamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda byishwe muri Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994
11 April 2025, by Gladiator OGJenoside Yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 yahitanye ubuzima bw’Inzirakarengane zirenga miliyoni imwe, muri abo harimo abari ibyamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda rwicyo gihe. harimo Abahanzi, Abakinnyi b’Imikino itandukanye, Abanyamakuru , ndetse n’abandi benshi cyane. Muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe bamwe mu byamamare bizwi mu myidagaduro yo mu Rwanda byahitanywe na Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994.
1.Sebanani Andre Uyu mugabo amazina ye bwite yitwaga Sebanani Andereya yari (…) -
RDC: Dore ibimenyetso bica amarenga ko M23 iteganya kwigarurira Goma vuba
11 September 2024, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu waciye amarenga y’uko waba wifuza gufata Umujyi wa Goma, mu rwego rwo guhagarika ubwicanyi bumaze igihe buwurangwamo.
-
UPDF Ikomeje ibiganiro n’ingabo DRC Mu Kurandura ADF
8 November 2024, by Joseph IradukundaAbayobozi bakuru mu ngabo za Uganda n’iza Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Kane taliki 07, Ugushyingo batangiye kuganira uko imikoranire mu kurandura ADF yakongerwamo imbaraga.
Umuryango.rw
Hatanzwe icyizere cyo gukemura ikibazo cya parikingi mu Mujyi wa Kigali
Umukino AS Kigali WFC na Rayon Sports WFC watumye uwa Police na Kiyovu uhindurirwa isaaha
Umujyanama wa Trump yasabye Ukraine guhindura intekerezo mu ntambara n’Uburusiya
Abadepite bagaragaje impungenge mu kongera umusoro kuri lisansi na mazutu bitumizwa
Ibihugu bya EU byashinje u Burusiya gukomeza gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine
Sean Dyche yagizwe Umutoza Mukuru wa Nottingham Forest
Gitego Arthur yasinyiye ikipe nshya
KWIBUKA 31 : Dore ibyamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda byishwe muri Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994
RDC: Dore ibimenyetso bica amarenga ko M23 iteganya kwigarurira Goma vuba
UPDF Ikomeje ibiganiro n’ingabo DRC Mu Kurandura ADF