Abarimo abayobozi b’inzego zitandukanye za Rayon Sports n’abandi bavuga rikumvikana bari mu itsinda rya “Special Supporting Team”, bigabanyije mu matsinda umunani yiswe imiryango, agamije gutegura imikino ya Shampiyona isigaye kugira ngo iyi kipe ibe yakwegukana igikombe iheruka mu 2019.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abavuga rikumvikana muri Rayon Sports bigabanyije mu matsinda yo gutegura imikino ya Shampiyona isigaye
24 March 2025, by Joseph Iradukunda -
Ubushakashatsi bwagaragaje ibyiza byo kurara wambaye amasogisi
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushakashatsi bwagaragaje ko kurara wambaye amasogisi byongerera umuntu amahirwe yo gusinzira vuba ugereranyije n’umuntu uryamye atayambaye, ndetse bikanongera igihe umuntu amara asinziriye.
-
Koreya y’Epfo: Yoon Suk Yeol wari Perezida, yifungiraniye iwe ngo adatabwa muri yombi
3 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuYoon Suk Yeol uherutse kweguzwa ku mwanya wa Perezida wa Koreya y’Epfo, amaze iminsi itatu adasohoka iwe mu rugo kubera gutinya ibindi byemezo yafatirwa birimo no gutabwa muri yombi, kuko impapuro zibisaba zamaze gushyirwaho.
-
USA: Rurageretse hagati ya Perezida Trump n’Umunyarwenya Rosie
13 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yihanangirije Rosie O’Donnell, Umunyarwenya w’Umunyamerika ukora n’ibiganiro kuri televiziyo, avuga ko azamwambura ubwenegihugu kubera ukuntu akomeje kumukora mu jisho anenga ubutegetsi bwe.
-
Donald Trump yabaye perezida wa mbere wa USA wakandagiye ku butaka bwa Koreya ya ruguru [AMAFOTO]
30 June 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa USA,Donald Trump yagiriye urugendo rw’amateka ku butaka bwa Koreya ya ruguru ahita yandika amateka yo kuba perezida wa mbere wa Amerika usuye iki gihugu kizwiho kwihaza mu gukora ibisasu bya kirimbuzi.
-
Niyo Bosco yashyize indirimbo ye ya mbere ya Gospel ahagaragara
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uri mu bakunzwe n’abatari bake mu Rwanda yashyize ahagaragara indirimbo ye ya mbere ya Gospel yise ‘Dady God’, nyuma yo gufata umwanzuro agatangariza abakunzi be ko agiye kujya aririmba akanahimba indirimbo z’Imana gusa.
-
Indege y’igisirikare cya Philippines yaburiwe irengero mu mirwano n’inyeshyamba
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIndege y’igisirikare cya Philippines yo mu bwoko bwa FA-50, yari ifite abarwanira mu kirere babiri, yaburiwe irengero mu ijoro ryo ku wa Mbere ubwo yari mu butumwa bwo gushyigikira ingabo zo ku butaka zirwanaga n’inyeshyamba mu majyepfo y’igihugu.
-
Amateka n’ibigwi byaranze Intwari z’u Rwanda
1 February 2022, by Dusingizimana RemyBuri tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari, kuko ari umunsi wo kwibuka ibikorwa byaranze intwari. Umunsi mukuru ngarukamwaka w’intwari wizihirizwa ku rwego rw’imidugudu mu Rwanda hose.
Intwari z’u Rwanda ziri mu byiciro bitatu ari byo: Imanzi, Imena n’Ingenzi. Icyiciro cy’Imanzi ni cyo kiri hejuru kikaba kigizwe n’intwari zaranzwe n’ibikorwa bidasanzwe birimo no guhara ubuzima mu rwego rwo kwitangira igihugu. Icyiciro cy’Imena kigizwe n’intwari zaranzwe n’ibikorwa (…) -
Guy Kabombo yavuze ikizamufasha kuzahura igisirikare cya Congo yahawe
11 August 2025, by Joseph IradukundaNyuma yo kongera kugirirwa icyizere cyo kuyobora Minisiteri y’Ingabo mu gihugu muri Guverinoma ya Suminwa II, Minisitiri w’Ingabo akaba n’Umunyamabanga wa Leta wungirije, Bwana Guy Kabombo Mwadiamvita, yamuritse ingamba eshatu z’ingenzi zizashingirwaho mu nshingano ze nshya.
-
Family of Singers yatumiye Israel Mbonyi mu gitaramo bise "Umuryango Mwiza Live Concert"
17 October 2024, by UbwanditsiAbantu batandukanye bakomeje kugura amatike yo kwinjira mu gitaramo cyiswe "Umuryango Mwiza Live concert" Session 2, cyateguwe na Family of Singers Choir ibarizwa mu itorero rya EPR Kiyovu.
Umuryango.rw
Abavuga rikumvikana muri Rayon Sports bigabanyije mu matsinda yo gutegura imikino ya Shampiyona isigaye
Ubushakashatsi bwagaragaje ibyiza byo kurara wambaye amasogisi
Koreya y’Epfo: Yoon Suk Yeol wari Perezida, yifungiraniye iwe ngo adatabwa muri yombi
USA: Rurageretse hagati ya Perezida Trump n’Umunyarwenya Rosie
Niyo Bosco yashyize indirimbo ye ya mbere ya Gospel ahagaragara
Indege y’igisirikare cya Philippines yaburiwe irengero mu mirwano n’inyeshyamba
Amateka n’ibigwi byaranze Intwari z’u Rwanda
Guy Kabombo yavuze ikizamufasha kuzahura igisirikare cya Congo yahawe
Family of Singers yatumiye Israel Mbonyi mu gitaramo bise "Umuryango Mwiza Live Concert"