Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabye ko imikoranire itari myiza ivugwa hagati yaryo na Minisiteri ya Siporo icika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Shema Fabrice yasabye ko imikoranire mibi ivugwa hagati ya FERWAFA na MINISPORTS icika
31 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Afurika: Amahanga Yatangiye Gutanga Ubufasha bw’Inkingo z’Ubushita bw’Inkende
29 August 2024, by Joseph IradukundaIbihugu bikomeje gutanga doze z’inkingo z’ubushita bw’inkende mu rwego rwo kurwanya icyorezo cy’iyo ndwara muri Afurika, nyuma y’uko Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, OMS, itangarije ko yugarije ubuzima rusanga bw’abaturage, ku ncuro ya kabiri mu myaka ibiri.
-
Hashyizweho itegeko rinoza isuzumangaruka ku mishinga minini y’ibidukikije no ku baturage
1 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yashyizeho itegeko rya Minisitiri rishya, risaba ko imishinga minini yose izajya ibanza gukorerwa isuzumangaruka ku bidukikije no ku mibereho y’abaturage.
-
Putin yatanze igitekerezo cyo gutangira ibiganiro bitaziguye na Ukraine
11 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatanze igitekerezo cyo gutangira ibiganiro bitaziguye na Ukraine.
-
Murangwa yavuze uburyo Rusesabagina yitiriwe ibikorwa by’abandi mu kurokora Abatutsi muri Jenoside
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwahoze ari umukinnyi wa Rayon Sports, Murangwa Eric Eugène, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yavuze ko ibivugwa kuri Paul Rusabagina, ko yarokoye Abatutsi benshi bari bahungiye muri Hôtel des Mille Collines bitandukanye n’ukuri.
-
Igikomangoma Harry na Meghan Markle bakoze ubukwe bw’igitangaza [AMAFOTO]
19 May 2018, by Dusingizimana RemyBenshi mu batuye isi bakurikiranye ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle bumaze iminsi buvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye , bwabaye kuri uyu wa Gatandatu.
-
Iminsi isigaye ya Mata iteganyijwemo imvura isanzwe
24 April 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’igihugu gishinzwe serivisi z’ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje iminsi isigaye y’ukwezi kwa Mata 2025 izarangwa n’imvura isanzwe itazabangamira ubuhinzi.
-
U Rwanda rurashinja Perezida Tshisekedi kubeshya amahanga
7 November 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Guverinoma wungirije Alain Mukuralinda yatangaje ko ibikorwa by’ubushotoranyi bikorwa n’igihugu cya DRC bihabanye n’imvugo ya Perezida w’iki gihugu ivuga ko ashyize imbere inzira y’amahoro ndetse n’ibiganiro.
Ubuvugizi bwa leta y’u Rwanda uyu munsi bwavuze ko indege y’intambara ya Sukhoi-25 ivuye muri DR Congo yavogereye ikirere cy’u Rwanda saa tanu na 20 z’amanywa kuwa mbere.
Itangazo ry’u Rwanda rivuga ko iyi ndege yaguye ku kibuga cy’indege cya Rubavu mu burengerazuba (…) -
Ukraine yasabye u Burayi kuyigurira intwaro za miliyari 100$
19 August 2025, by ISIMBI EstellaUkraine yasabye ibihugu by’i Burayi biyishyigikiye kuyigurira intwaro muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite agaciro ka miliyari 100$ kugira ngo ikomeze guhangana n’u Burusiya, mu ntambara imaze imyaka irenga itatu ihuje impande zombi.
-
Uganda: UPDF yatakaje ba Jenerali 2 baguye mu mpanuka
14 September 2024, by Joseph IradukundaBrig Gen (Rtd) Frank Katende Kyambadde na Brig Gen Fred Twinamasiko bombi bo mu ngabo za Uganda (UPDF), bapfuye bazize impanuka y’imodoka.
Umuryango.rw
Shema Fabrice yasabye ko imikoranire mibi ivugwa hagati ya FERWAFA na MINISPORTS icika
Afurika: Amahanga Yatangiye Gutanga Ubufasha bw’Inkingo z’Ubushita bw’Inkende
Hashyizweho itegeko rinoza isuzumangaruka ku mishinga minini y’ibidukikije no ku baturage
Putin yatanze igitekerezo cyo gutangira ibiganiro bitaziguye na Ukraine
Murangwa yavuze uburyo Rusesabagina yitiriwe ibikorwa by’abandi mu kurokora Abatutsi muri Jenoside
Iminsi isigaye ya Mata iteganyijwemo imvura isanzwe
U Rwanda rurashinja Perezida Tshisekedi kubeshya amahanga
Ukraine yasabye u Burayi kuyigurira intwaro za miliyari 100$
Uganda: UPDF yatakaje ba Jenerali 2 baguye mu mpanuka