Ku nshuro ya mbere Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yagize icyo avuga kuva ibitero by’inyeshyamba za M23 byafata intera mu minsi ishize mu burasirazuba bw’igihugu, zigafata Umujyi wa Goma.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Tshisekedi yijeje igisubizo gikakaye nyuma y’ifatwa rya Goma
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Yabyaye impanga z’abana bane, azisaranganya amazina ya Raila Odinga
11 November 2025, by ISIMBI EstellaUmubyeyi ukomoka mu gace ka Kisii gaherereye mu Majyepfo ashyira i Burengerazuba muri Kenya yabyaye impanga z’abana bane, abaha amazina y’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Raila Odinga n’umugore we.
-
Tanzania: Polisi iri kwikanga akandi kaga k’imyigaragambyo mu gihugu
22 September 2024, by Joseph IradukundaInzego z’umutekano muri Dar es Salaam zakajije umutekano nyuma y’uko ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya Chadema ritangaje ko ku wa Mbere tariki 23 Nzeri 2024 abayoboke baryo bazakora imyigaragambyo bamagana ishimutwa n’ubwicanyi bikorerwa abarimo n’abayoboke baryo.
-
Pakistan: Abarenga 19 baguye mu mpanuka y’inkongi y’umuriro
19 January, by Angeline MUKANGENZIInzego z’ubuyobozi muri Pakistan zatangaje ko mu mpanuka y’inkongi y’umuriro yabereye mu mujyi wa Karachi yahitanye abarenga 19 mu gihe abandi barenga 65 bagishakishwa.
-
Minisitiri Dr. Utumatwishima yasabye urubyiruko gukoresha neza impano zarwo mu kwihangira imirimo
8 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yasabye urubyiruko rwiga muri Kaminuza no mu mashuri makuru kwiga neza rukanakangura impano zarwo mu rwego rwo kwihangira imirimo.
-
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko ko Idamange yaburanishwa mu muhezo
22 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa kabiri, nibwo urubanza rwa Idamange Iryamugwiza Yvonne ukurikiranyweho ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda rwasubukuwe ubushinjacyaha busaba ko uyu mubyeyi w’abana 4 yaburanishirizwa mu muhezo kubera imvugo akoresha mu rukiko.
Ubushinjacyaha bwavuze ko kumuburanishiriza mu ruhame byatuma akomeza kugaragaza imyitwarire idahwitse.
Ubwo uru rubanza rwasubukurwaga uyu munsi, Ubushinjacyaha bwavuze ko bufite icyifuzo bwifuza kugeza ku rukiko, buhita bumenyesha inteko (…) -
U Bushinwa: Abashyingiranwa bakomeje kwiyongera
20 January, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko abafata icyemezo cyo gushyingiranwa biyongereyeho 8,5% mu mezi icyenda ya mbere ya 2025, binatanga icyizere ku bacuruza imyenda y’abageni.
-
Musanze: Abaturiye urugomero rwa Mukungwa II baheze mu kizima
12 November 2025, by ISIMBI EstellaHashize imyaka 12 abaturage bo mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Bikara, Umurenge wa Nkotsi mu Karere ka Musanze, baturiye urugomero rwa Mukungwa II, babaye mu mwijima batagira umuriro w’amashanyarazi.
-
RED-Tabara yongeye kwigamba kwica abasirikare b’u Burundi
12 November 2024, by Joseph IradukundaUmutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi watangaje ko wongeye kwicira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo z’iki gihugu, nyuma y’imirwano iheruka gusakiranya impande zombi.
-
AFC/M23 yashenguwe n’urupfu rwa Musenyeri wo muri Kiliziya Gatulika i Goma
27 October 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ryababajwe n’urupfu rwa Musenyeri Faustin Ngabu wabaye Umushumba wa Diyoseze ya Goma, witabye Imana ari mu kiruhuko cy’izabukuru.
Umuryango.rw
Perezida Tshisekedi yijeje igisubizo gikakaye nyuma y’ifatwa rya Goma
Yabyaye impanga z’abana bane, azisaranganya amazina ya Raila Odinga
Tanzania: Polisi iri kwikanga akandi kaga k’imyigaragambyo mu gihugu
Pakistan: Abarenga 19 baguye mu mpanuka y’inkongi y’umuriro
Minisitiri Dr. Utumatwishima yasabye urubyiruko gukoresha neza impano zarwo mu kwihangira imirimo
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko ko Idamange yaburanishwa mu muhezo
U Bushinwa: Abashyingiranwa bakomeje kwiyongera
Musanze: Abaturiye urugomero rwa Mukungwa II baheze mu kizima
RED-Tabara yongeye kwigamba kwica abasirikare b’u Burundi
AFC/M23 yashenguwe n’urupfu rwa Musenyeri wo muri Kiliziya Gatulika i Goma