Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump ubwo yakiraga ikipe ya Inter Miami ikinamo rurangiranwa Lionel Messi, yavuze ko umwe mu bana be ari umufana we ukomeye, avuga ko ashobora kuba ari ku rwego nk’urwa Pele.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rurangiranwa Lionel Messi muri ‘White House’, Perezida Trump yagize icyo amuvugaho
6 March, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Syria: Hafashwe uwari ukuriye ubutabera bwa gisirikare kubwa Assad
28 December 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane, itariki 26 Ukuboza 2024, abategetsi bashya ba Syria bataye muri yombi uwari umuyobozi w’ubutabera bwa gisirikare watanze igihano cy’urupfu ku bantu bari bafungiwe muri gereza izwi cyane ya Saydnaya yagenzurwaga na guverinoma yahiritswe ya Perezida Bashar Assad.
-
Anora yegukanye ibihembo byinshi muri Oscars 2025
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu cyumweru, tariki ya 2 Werurwe 2025 habaye umuhango wa 97 w’itangwa ry’ibihembo bya Oscars. Filime Anora ni yo yitwaye neza kurusha izindi, itsindira ibihembo bitanu birimo n’icy’iya filime nziza y’umwaka (Best Picture) ndetse n’icy’umuyobozi mwiza wa filime (Best Director).
-
Ibihugu byegereye inyanja ya Pacifique byasabwe kwitegura Tsunami nyuma y’umutingito ukaze mu Burusiya
30 July 2025, by ISIMBI EstellaIbihugu bitandukanye bikora ku nyanja ya Pacifique, byasabwe kwitegura tsunami kubera umutingito uherutse kuba mu burasirazuba bw’u Burusiya.
-
Amerika: Abasenateri Babiri Basabye NBA Kwisobanura ku Mikoranire Yayo na Perezida Kagame
29 August 2024, by Joseph IradukundaAbasenateri babiri bo muri sena y’Amerika basabye umukuru w’ishyirahamwe ry’umukino wa basketball muri icyo gihugu –NBA kwisobanura ku mikoranire y’iryo shyirahamwe na Perezida Kagame w’u Rwanda bashinja igitugu no guhonyora uburenganzira bwa muntu.
-
Amakuru arambuye ku bukwe bwahindutse agahinda habura amasaha ngo butahe
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore n’inkumi bo mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, bagombaga gukora ubukwe, bajyanywe mu Bitaro nyuma yo gutegwa n’abagizi ba nabi bakabakubitira mu nzira mu ijoro ribanziriza umunsi w’ubukwe bwabo. Abari kumwe na bo bavuze uko byagenze.
-
BIRAVUGWA: Abayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO barafunze
25 April 2025, by UbwanditsiAbayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO kiri muri Bashyamba mu Murenge wa Kigali barafunze. Amakuru aturuka mu Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gaz (RWANDA MINING BOARD) aravuga ko hari bamwe bakozi bakuru ku rwego rwa “Division” muri iki kigo batawe muri yombi ndetse na bamwe mu bafite ibirombe bakomeye nabo batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha.
Amakuru avuga ko abari gukurikiranwa ndetse bikaba bishoboka bo banatawe muri yombi harimo John (…) -
Cap. Dadis Camara wigeze kuyobora Guinnea Conakry yahawe imbabazi na Perezida Doumbouya
29 March 2025, by Angeline MUKANGENZIenerali Mamadi Doumbouya, Perezida w’inzibacyuho muri Guinnea Conakry, yahaye imbabazi Capitaine Moussa Dadis Camara, wigeze kuba Perezida w’icyo gihugu hagati y’umwaka wa 2008-2009 wari umaze igihe ufunze, nk’uko bikubiye mu itangazo ryasohowe na Minisitiri ushinzwe ibikorwa bya perezidansi, izo mbabazi yazihawe kubera ibibazo by’ubuzima butameze neza yagaragaje.
-
Uburwayi bwa ‘UTI’ bwibasira abagore bushobora gutera kubyara umwana ufite ibiro bike
7 February, by Angeline MUKANGENZIEse ujya ujya kwihagarika ukababara cyangwa ugahora wumva ushaka kujyayo ariko wagerayo ukihagarika utuntu duke wumva tutari dukwiye kukubuza amahoro? Niba ujya ugira ibyo bimenyetso ushobora kuba ufite uburwayi bwa Urinary Tract Infection (UTI).
-
Umukobwa wa Jacob Zuma yeguye ku Budepite nyuma yo gushinjwa gucuruza abacanshuro mu Burusiya
28 November 2025, by ISIMBI EstellaDuduzile Zuma-Sambudla, umukobwa wa Jacob Zuma wayoboye Afurika y’Epfo, yeguye ku mwanya w’Ubudepite nyuma y’amakuru akomeje kuvuga ko yagize uruhare mu kubeshya no kohereza Abanyafurika y’Epfo 17 mu Burusiya, aho bahatiwe kujya kurwana mu Ntambara ya Ukraine nk’abacanshuro batabizi.
Umuryango.rw
Rurangiranwa Lionel Messi muri ‘White House’, Perezida Trump yagize icyo amuvugaho
Syria: Hafashwe uwari ukuriye ubutabera bwa gisirikare kubwa Assad
Anora yegukanye ibihembo byinshi muri Oscars 2025
Ibihugu byegereye inyanja ya Pacifique byasabwe kwitegura Tsunami nyuma y’umutingito ukaze mu Burusiya
Amerika: Abasenateri Babiri Basabye NBA Kwisobanura ku Mikoranire Yayo na Perezida Kagame
Amakuru arambuye ku bukwe bwahindutse agahinda habura amasaha ngo butahe
BIRAVUGWA: Abayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO barafunze
Cap. Dadis Camara wigeze kuyobora Guinnea Conakry yahawe imbabazi na Perezida Doumbouya
Uburwayi bwa ‘UTI’ bwibasira abagore bushobora gutera kubyara umwana ufite ibiro bike
Umukobwa wa Jacob Zuma yeguye ku Budepite nyuma yo gushinjwa gucuruza abacanshuro mu Burusiya