Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ku wa 10 Mata 2026, bazahurira mu biganiro by’amahoro bizabera i Islamabad muri Pakistan, nyuma yuko impande zombi zemeranyije agahenge k’ibyumweru bibiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Iran na Amerika bagiye guhurira mu biganiro by’amahoro muri Pakistan
8 April, by ISIMBI Estella -
RD Congo yarahiye ko itazakubita ibipfukamiro hasi imbere ya M23 bagiye kuganira
17 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Michel Sama Lukonde, yashimangiye ko igihugu cye gihagaze bwuma mu kurinda ubusugire bwacyo no guhangana n’abarwanyi ba M23, kandi ko batazigera bapfukamira umwanzi.
-
Kigali: Haturikijwe ibishashi by’urumuri mu kwizihiza umunsi wo #Kwibohora28
5 July 2022, by Dusingizimana RemyAhagana saa yine z’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, mu Mujyi wa Kigali haturikirijwe urufaya rw’ibishashi mu rwego rwo kwizihiza #Kwibohora28.
Mu Mujyi wa Kigali harashwe ibishahi by’urumuri muri iri joro byabanjirijwe n’ibitaramo byo kwishimira uko kwibohora.
Ibyo bishashi byaturikirijwe mu bice bitandukanye ahagana saa yine z’ijoro birimo kuri Sitade Amahoro i Remera, ku Musozi wa Bumbogo no kuri Mont Kigali.
Nyuma y’imyaka ine y’urugamba rwo kubohora igihugu rwatangiye mu 1990, ku wa 4 (…) -
Gicumbi: Haravugwa umukobwa ushinja nyina kumutwara umugabo
2 January 2025, by Joseph IradukundaUwimaniduhaye Rebecca utuye mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Byumba yatangaje ko ari mu gahinda gakomeye kuko nyina yamutwaye umugabo, ubu bakaba babana mu nzu nk’abashakanye.
-
"P. Kagame yampakaniye ko Kakwenza Rukirabashaija yahungiye mu Rwanda": Gen Muhoozi
9 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTMu masaha y’Umugoroba yo kuri uyu wa gatatu nibwo inkuru zakomeje kugenda zicicikana ku mbuga nkoranyambaga ko umwe mu banditsi b’ibitabo bakomeye muri Uganda usanzwe utavuga rumbe n’ubutegetsi bwa Kampala yahunze igihugu akerekeza mu Rwanda
-
RDC: ADF yishe abantu 50 mu cyumweru kimwe
21 March, by ISIMBI EstellaUmutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage 50 bo muri teritwari ya Mambasa, intara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva tariki ya 9 kugeza ku ya 15 Werurwe 2026.
-
Koreya y’Epfo: Yoon Suk Yeol wabaye Perezida yakatiwe gufungwa burundu
19 February, by ISIMBI EstellaUrukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Yoon Suk Yeol wabaye Perezida w’iki gihugu, igihano cyo gufungwa burundu, nyuma yo kumuhamya ibyaha byo gukoresha nabi ububasha bwe no gutegura imvururu zabaye mu Ukuboza 2024 ashaka gushyiraho itegeko ry’uko igihugu kiri mu bihe by’intambara.
-
Meghan Trainor aricuza kwitera imiti yongera ubwiza
2 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi Meghan Trainor, wamamaye mu muziki yagaragaje ko kubera kwitera imiti ituma uruhu rusa neza, byamugizeho ingaruka zikomeye ku buryo guseka kuri we byabaye amateka.
-
Weasel na Harmonize batangiye urugendo rwo kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko
23 June 2025, by ISIMBI EstellaAbahanzi bakomeye muri Afurika y’Iburasirazuba, Weasel wo muri Uganda na Harmonize wo muri Tanzania, batangaje ku mugaragaro ko bagiye kwinjira mu rugendo rwa politiki, aho buri wese yatangaje ko aziyamamariza umwanya w’umudepite mu karere akomokamo.
-
Nyamasheke: Abacururiza mu isoko rya Karengera bikanga gutembanwa n’imivu
9 October 2025, by ISIMBI EstellaAbacururiza mu isoko rya Karengera riri mu Murenge wa Kirimbi, Akarere ka Nyamasheke baratabaza bavuga ko imivu y’amazi y’imvura irikwiramo ishobora kubatwarana n’ibicuruzwa byabo, kimwe n’umuyaga ugurukana ibicuruzwa byabo, bagasaba kubakirwa isoko rizima.
Umuryango.rw
Iran na Amerika bagiye guhurira mu biganiro by’amahoro muri Pakistan
RD Congo yarahiye ko itazakubita ibipfukamiro hasi imbere ya M23 bagiye kuganira
Kigali: Haturikijwe ibishashi by’urumuri mu kwizihiza umunsi wo #Kwibohora28
Gicumbi: Haravugwa umukobwa ushinja nyina kumutwara umugabo
"P. Kagame yampakaniye ko Kakwenza Rukirabashaija yahungiye mu Rwanda": Gen Muhoozi
RDC: ADF yishe abantu 50 mu cyumweru kimwe
Meghan Trainor aricuza kwitera imiti yongera ubwiza
Weasel na Harmonize batangiye urugendo rwo kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko
Nyamasheke: Abacururiza mu isoko rya Karengera bikanga gutembanwa n’imivu