Matata Ponyo Mapon, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko atewe ishema no kuba atarigeze yemera gukorana na Perezida Félix Antoine Tshisekedi, amushinja kuyobora igihugu mu buryo bw’igitugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Matata Ponyo: Ntewe ishema no kuba naranze gukorana na Tshisekedi
2 February, by Angeline MUKANGENZI -
Min. Ndagijimana yahishuye inyungu ikomeye u Rwanda ruzakura mu masezerano rwasinyanye n’Ubushinwa
8 December 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri, u Rwanda n’u Bushinwa byasinyanye amasezerano akuraho gusoresha kabiri ibicuruzwa biva mu gihugu kimwe bijya mu kindi, akaba ari amasezerano yitezweho kuzamura ishoramari no guteza imbere ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi.
Aya masezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w’ Imari n’igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana na ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Rao Hongwei.
Dr. Uzziel Ndagijimana agaragaza ko aya masezerano nk’u Rwanda ruzayungukiramo kuko u Bushinwa ari (…) -
Amb. Vincent Karega yatanze kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Algérie
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmb. Vicent Karega uherutse kugirwa Ambasaderi w’u Rwanda muri Algérie yashyikirije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Iki gihugu kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda, avuga ko ari intambwe ikomeye mu kwagura umubano w’ibihugu byombi.
-
Umunyarwanda uba mu ngabo za USA zirwanira mu kirere yabaye Lieutenant
24 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyarwanda Jason Havuga Nshimye usanzwe ari umusirikare mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirwanira mu kirere, yazamuwe mu ntera ahabwa ipeti rya Lieutenant.
-
Nyanza: Akurikiranyweho gukomeretsa mugenzi we bapfa Indaya
3 September 2024, by Joseph IradukundaUmusore wo mu karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gukubita no gukomeretsa mugenzi we bapfa umukobwa wigurisha (indaya).
-
RDC: Haravugwa impanuka y’Ubwato bwari bwikoreye abarenga 100
18 December 2024, by Joseph IradukundaHari ubwoba bw’uko abantu benshi bapfuye nyuma y’aho ubwato bwari butwaye abagenzi barenga 100 burohamye mu ruzi rwa Fimi ruherereye mu ntara ya Mai Ndombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Amahirwe yo kwerekeza muri ¼ aciye Amavubi mu myanya y’intoki
24 January 2018, by Dusingizimana RemyIminota 4 y’inyongera niyo ibujije Amavubi amahirwe yo kwerekeza muri ¼ cy’irangiza mu mikino ya CHAN,nyuma y’aho umusore witwa Elmutasem Abushnaf aboneye Libya igitego ku munota wa 2 w’inyongera cyane ko iminota 90 y’umukino yari yarangiye ari 0-0. Amavubi yaranzwe no kugarira bikomeye kuva umukino utangiye,abuze amahirwe yo kwerekeza mu mikino ya ¼ ku munota wa nyuma kuko abakinnyi bitanze cyane ndetse bagenda bagira amahirwe Libya ntibabasha kubyaza umusaruro.
Mu minota 10 ya (…) -
Depite yasabye ko BBC icibwa muri Kenya
30 April 2025, by Joseph IradukundaImiryango ikomeye iharanira uburenganzira bwa muntu yongeye gusaba ko hakorwa amaperereza ku bwicanyi bwakorewe abigaragambyaga bishwe n’abashinzwe umutekano ba Kenya mu myigaragambyo yo muri Kamena (6) umwaka ushize yo kwamagana inyongera ku misoro.
-
U Rwanda na Uganda mu mugambi wo gukaza umutekano ku mipaka
1 September 2024, by Joseph IradukundaIngabo z’u Rwanda (Diviziyo ya 2 n’iya 5 z’ingabo zirwanira ku butaka) hamwe n’ingabo z’igihugu cya Uganda (Diviziyo ya 2 y’ingabo zirwanira ku butaka) zahuriye mu nama muri Uganda, mu Karere ka Mbarara, igamije gushimangira ubufatanye ku mupaka no kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka hagati y’u Rwanda na Uganda.
Intumwa za RDF zari ziyobowe na Maj Gen Vincent Nyakarundi, umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka wakiriwe na Maj Gen James Birungi, ukuriye iperereza rya gisirikare (…) -
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
23 December 2024, by Joseph IradukundaMu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze bakomeje gufasha amakipe yabo kwitwara neza mu mpera z’icyumweru.
Umuryango.rw
Matata Ponyo: Ntewe ishema no kuba naranze gukorana na Tshisekedi
Min. Ndagijimana yahishuye inyungu ikomeye u Rwanda ruzakura mu masezerano rwasinyanye n’Ubushinwa
Amb. Vincent Karega yatanze kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Algérie
Umunyarwanda uba mu ngabo za USA zirwanira mu kirere yabaye Lieutenant
Nyanza: Akurikiranyweho gukomeretsa mugenzi we bapfa Indaya
RDC: Haravugwa impanuka y’Ubwato bwari bwikoreye abarenga 100
Depite yasabye ko BBC icibwa muri Kenya
U Rwanda na Uganda mu mugambi wo gukaza umutekano ku mipaka
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru