Umukobwa umwe rukumbi wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, warushinze kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga 2019, yifashishije amagambo yo mu gitabo cy’indirimbo ya Salomo ibice 3;4 yerekana ukuntu anejejwe n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ange Kagame yatatse umugabo we bashyingiranywe akoresheje amagambo yo muri Bibiliya
8 July 2019, by Dusingizimana Remy -
Meteo Rwanda yaburiye Abaturarwanda ku mvura nyinshi iteganyijwe hagati y’itariki 11 na 13 Mata 2025
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko kuva mu ijoro ryo kuwa 11 kugeza tariki 13 Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, mu Ntara y’Amajyaruguru niy’Iburengerazuba ndetse no mu turere twa Nyamagabe na Nyaruguru two mu Ntara y’Amajyepfo.
-
Cristiano Ronaldo agiye gusinya amasezerano amugira umunyamigabane muri Al-Nassr
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Portugal Cristiano Ronaldo agiye guhabwa amasezerano mashya muri Al-Nassr, azaba afite agaciro ka miliyoni zirenga 167.9£, ndetse agahabwa 5% by’imigabane muri iyi kipe, akajya agira n’uruhare mu kugura abakinnyi.
-
Kabila yahuye n’intumwa za Franck Diongo utavuga rumwe na Tshisekedi
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIJoseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ku wa 2 Kamena 2025 yahuye n’abahagarariye urubyiruko n’intumwa z’umunyapolitiki Franck Diongo utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi Troy Fitrell uri mu bayobozi b’ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ubufatanye na Afurika yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro biteganya kugirana mu minsi iri imbere.
-
U Bufaransa: Hatangiye urubanza rw’ubujurire bwa Muhayimana wahamijwe ibyaha bya Jenoside
3 February, by Angeline MUKANGENZIUrugereko rw’ubujurire mu Rukiko rwa Rubanda mu Bufaransa, rugiye gutangira kuburanisha urubanza rw’ubujurire bwa Muhayimana Claude wajuririye igifungo cy’imyaka 14 yakatiwe nyuma yo guhamywa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
6 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me KAGAME K.Festo aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka Kayonza
-
Kenya: Gachagua wahoze ari Visi Perezida arashaka gusubiza Perezida Ruto imbere ya ICC
14 January 2025, by Joseph IradukundaRigathi Gachagua uherutse kweguzwa ku mwanya wa Visi Perezida wa Kenya yaburiye Perezida Dr. William Ruto, amubwira ko imyitwarire ye ishobora kumusubiza mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC).
-
Minisitiri Dr. Nsengiyumva yibukije abo muri AUDA-NEPAD kutishingikiriza ku kimuhana
10 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 43 yahuje abagize Akanama k’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Urwego rw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe rushinzwe Iterambere (AUDA-NEPAD).
-
HABIYAREMYE Gakuru yasabye guhindura amazina akitwa HABIYAREMYE GAKURU Karimu
14 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa HABIYAREMYE Gakuru yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa HABIYAREMYE GAKURU Karimu mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi””
Umuryango.rw
Meteo Rwanda yaburiye Abaturarwanda ku mvura nyinshi iteganyijwe hagati y’itariki 11 na 13 Mata 2025
Cristiano Ronaldo agiye gusinya amasezerano amugira umunyamigabane muri Al-Nassr
Kabila yahuye n’intumwa za Franck Diongo utavuga rumwe na Tshisekedi
Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro
U Bufaransa: Hatangiye urubanza rw’ubujurire bwa Muhayimana wahamijwe ibyaha bya Jenoside
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Kenya: Gachagua wahoze ari Visi Perezida arashaka gusubiza Perezida Ruto imbere ya ICC
Minisitiri Dr. Nsengiyumva yibukije abo muri AUDA-NEPAD kutishingikiriza ku kimuhana
HABIYAREMYE Gakuru yasabye guhindura amazina akitwa HABIYAREMYE GAKURU Karimu