Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Perezida Donald Trump, mbere y’uko akatirwa mu mpera z’uyu mwaka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Trump
30 July 2025, by ISIMBI Estella -
U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye
29 January, by Angeline MUKANGENZIHashize iminsi mu Bufaransa havugwa ku mushinga w’itegeko, ugamije guhindura imyumvire ku nshingano z’abashakanye, aho abantu benshi bumva ko ari ihame ko gushakana bigomba guherekezwa no gukora imibonano mpuzabitsina.
-
Trump yabwiwe ko izina rye rigaruka kenshi muri dosiye za Epstein, abihakana yivuye inyuma
24 July 2025, by ISIMBI EstellaMuri Gicurasi 2025, Minisitiri w’Ubutabera Pam Bondi n’umwungiriza we Todd Blanche bagiranye inama na Perezida Trump, bamumenyesha ko izina rye ryagaragaye inshuro nyinshi muri dosiye zifitwe na Minisiteri y’Ubutabera zijyanye n’ibyaha bya Jeffrey Epstein, ariko we abihakana avuga ko ari ibihuha.
-
Diamond Platinumz wavuzwe mu rukundo na Zuchu yabihakanye
22 January 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi uri mu bafite izina rikomeye muri Tanzania no mu Karere, Diamond Platinumz, yahakanye yivuye inyuma ko atigeze agirana umubano wihariye n’umuhanzi Zuchu bamaze imyaka itatu bavugwa mu nkuru z’urukundo.
-
Perezida Gnassingbé yaganiriye na Museveni ku mutekano w’akarere
22 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Togo akaba n’umuhuza w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washyizweho n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Faure Essozimna Gnassingbé, yaganiriye na Yoweri Museveni wa Uganda ku mutekano w’akarere.
-
Abantu 84 bamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda…Habonetse 2 kuri uyu wa Kane
2 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki ya 02 Mata 2020 habonetse abantu 2 barwaye Coronavirus biyongereye ku bandi 82 bagaragaye mu minsi ishize guhera kuwa 14 Werurwe bituma buzuza umubare w’abantu 84 banduye.
-
Yolande Makolo: Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni 20 z’Amayero yagenewe Ingabo z’u Rwanda binyuze mu kigega cy’u Burayi gishinzwe gushyigikira ibikorwa by’amahoro, European Peace Facility, yose yamaze gukoreshwa, kandi ko ikiguzi ubu butumwa butwara Guverinoma y’u Rwanda gikubye inshuro nibura 10 ayo mafaranga.
Umuryango.rw
Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Trump
U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye
Trump yabwiwe ko izina rye rigaruka kenshi muri dosiye za Epstein, abihakana yivuye inyuma
Diamond Platinumz wavuzwe mu rukundo na Zuchu yabihakanye
Perezida Gnassingbé yaganiriye na Museveni ku mutekano w’akarere
Abantu 84 bamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda…Habonetse 2 kuri uyu wa Kane
Yolande Makolo: Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU