Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ku bufatanye n’inzego z’ibanze zo mu Karere ka Rwamagana byataye muri yombi umuyobozi w’Urwunge rw’Amashuri rwa APAGIE Musha, akekwaho gusarura ibiti birenga 200 mu ishyamba rya Leta atabifitiye uburenganzira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rwamagana: Umuyobozi w’ishuri afunzwe akekwaho gusarura ishyamba rya Leta
23 February, by ISIMBI Estella -
Abahinde bakoze imihango igaragaza Trump nk’umudayimoni
12 October 2025Mu mujyi wa Murshidabad, mu Ntara ya West Bengal mu Buhinde habereye iserukiramuco rya ‘Durga Puja’, aho hagaragayemo ishusho y’Ikigirwamana Durga kiri kurwana n’umudayimoni ufite isura isa neza na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.
-
Se wa Elon Musk yamuburiye ku ntambara yishoyemo kuri Trump
7 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSe wa Elon Musk, Errol Musk, yatangaje ko umuhungu we adashobora gutsinda intambara imuhanganishije na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Ange Kagame yatatse umugabo we bashyingiranywe akoresheje amagambo yo muri Bibiliya
8 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa umwe rukumbi wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, warushinze kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga 2019, yifashishije amagambo yo mu gitabo cy’indirimbo ya Salomo ibice 3;4 yerekana ukuntu anejejwe n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma.
-
Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu
11 March 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, itariki 10 Werurwe 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yatangaje ko 83% bya porogaramu za USAID zizavaho burundu.
-
Meteo Rwanda yaburiye Abaturarwanda ku mvura nyinshi iteganyijwe hagati y’itariki 11 na 13 Mata 2025
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko kuva mu ijoro ryo kuwa 11 kugeza tariki 13 Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, mu Ntara y’Amajyaruguru niy’Iburengerazuba ndetse no mu turere twa Nyamagabe na Nyaruguru two mu Ntara y’Amajyepfo.
-
Cristiano Ronaldo agiye gusinya amasezerano amugira umunyamigabane muri Al-Nassr
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Portugal Cristiano Ronaldo agiye guhabwa amasezerano mashya muri Al-Nassr, azaba afite agaciro ka miliyoni zirenga 167.9£, ndetse agahabwa 5% by’imigabane muri iyi kipe, akajya agira n’uruhare mu kugura abakinnyi.
-
Kabila yahuye n’intumwa za Franck Diongo utavuga rumwe na Tshisekedi
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIJoseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ku wa 2 Kamena 2025 yahuye n’abahagarariye urubyiruko n’intumwa z’umunyapolitiki Franck Diongo utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi Troy Fitrell uri mu bayobozi b’ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ubufatanye na Afurika yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro biteganya kugirana mu minsi iri imbere.
-
Denmark yaranduye iby’ababyeyi banduza abana SIDA na Mburugu
28 February, by Angeline MUKANGENZIIshami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko kugeza ubu ku Isi ibihugu 23 ari byo bimaze kurandura kwanduza umwana SIDA na Mburugu biturutse ku mubyeyi.
Umuryango.rw
Rwamagana: Umuyobozi w’ishuri afunzwe akekwaho gusarura ishyamba rya Leta
Abahinde bakoze imihango igaragaza Trump nk’umudayimoni
Se wa Elon Musk yamuburiye ku ntambara yishoyemo kuri Trump
Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu
Meteo Rwanda yaburiye Abaturarwanda ku mvura nyinshi iteganyijwe hagati y’itariki 11 na 13 Mata 2025
Cristiano Ronaldo agiye gusinya amasezerano amugira umunyamigabane muri Al-Nassr
Kabila yahuye n’intumwa za Franck Diongo utavuga rumwe na Tshisekedi
Ambasaderi Fitrell yagaragaje ko u Rwanda na RDC bizungukira byinshi mu masezerano y’amahoro
Denmark yaranduye iby’ababyeyi banduza abana SIDA na Mburugu