Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika ubwo Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama y’ iminsi 3 yiga ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, yavuze ko n’urusobe rw’ibinyabuzima mu Rwanda rwagizweho ingaruka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye mu Rwanda byagize ingaruka ku rusore ry’ ibinyabuzima
1 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Rubavu: Yafatiwe mu ruganda rwa BRALIRWA ari kwiba insinga z’amashanyarazi
19 February, by ISIMBI EstellaUmusore witwa Uwimpuhwe Eric w’imyaka 35, yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu ruganda rwa BRALIRWA mu Karere ka Rubavu, ashaka kwiba insinga z’amashanyarazi.
-
Byinshi kuri ‘Brazilian Butt Lift’, uburyo burimbisha ikibuno bwahuruje Abanyafurika
26 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu minsi yo hambere wabyumvaga mu nkuru zihwihwiswa gusa kwemera ko bishoboka bikaba ingorabahizi, byagera muri Afurika ho bikagorana kurushaho kuko uyu mugabane wahoze uzwiho kubungabunga ibyawo.
-
Inzu z’amaduka zegereye isoko rya Rwamagana zigiye gufungwa
6 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana buratangaza ko bitarenze tariki ya 15 Nyakanga 2025 buzafunga inzu z’amaduka zikikije isoko rya Kijyambere rya Rwamagana riherutse gutahwa, kugira ngo ba nyirazo bubake inzu zigeretse zijyanye n’igishushanyo mbonera cyaho.
-
Rubavu: Umugabo n’umugore Bagwiriwe n’urukuta bikekwa ko barimo gutera akabariro
27 March, by ISIMBI EstellaUmugore bivugwa ko yararyamanye n’umugabo utari we Bagwiriwe n’urukuta barapfa, abaturage bavuga basanze bambaye ubusa kuburyo baketse ko Bagwiriwe n’urukuta bamaze gukora imibonano mpuzabitsina. Urwo rukuta rwanagwiriye umwana muto w’uwo mugore nawe arapfa.
-
Kagame n’ umuherwe wo muri Nigeria bazayobora inama ya ba rwiyemezamirimo bakiri bato muri Afurika
8 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umuherwe wo mu gihugu cya Nigeria Tony Elumelu nibo bazayobora inama izahuriramo ba rwiyemezamirimo bakiri bato bakomeye muri Afurika.
Iyo nama izabera mu gihugu cya Misiri mu kwezi gutaha kwa 12. Perezida Kagame ni umuyobozi wa Smart Africa naho Tuny Elumelu ni umuyobozi wa United Bank for Africa.
Iyi nama yiswe “Young Entrepreneurship Day” yatumiwemo ba rwiyemezamirimo bakiri bato ariko batanga icyizere ku mugabane wa Afurika. Izaba yanatumiwemo (…) -
Turikiya: Abantu umunani bafunzwe, abakinnyi 1024 bahagarikwa kubera ‘betting’
11 November 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bwa Turikiya bwatangaje ko ku wa Mbere hafunzwe abantu umunani barimo umuyobozi w’ikipe yo mu cyiciro cya mbere, mu iperereza riri gukorwa ku bijyanye no gutega ku mikino y’umupira w’amaguru. Ni mu gihe Ishyirahamwe rya Ruhago muri icyo gihugu (TFF) ryahagaritse abakinnyi 1024 mu gihe bakiri gukorwaho iperereza.
-
U Burusiya bwatanze icyizere ku masezerano y’amahoro na Amerika
25 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mu Burusiya, Sergey Lavrov, yatangaje igihugu cye na Amerika bigeze kure ibiganiro byo guhagarika intambara muri Ukraine ndetse ko kugeza ubu ibintu biri mu nzira nziza.
-
Tumba, Rango, Mukoni: Amazu y’ ubucuruzi yari yarafunze yongeye gufungura ubu barinjira ayikubye kabiri
13 December 2018, by Nsanzimana ErnestAbatuye n’ abacururiza mu karere ka Huye by’ umwihariko Tumba, Rango, na Mukoni barishimira icyemezo Leta y’ u Rwanda iherutse gufata cyo gusubiza bamwe mu biga muri Kaminuza y’ u Rwanda kwigira I Huye.
-
Mu mafoto reba uburanga budasanzwe bw’abakobwa mutigeze mumenya bahataniye ikamba rya Miss Rwanda na Mwiseneza Josiane[AMAFOTO]
14 January 2019, by Martin MunezeroAbakobwa bazatoranywamo Nyampinga w’u Rwanda basangiye ifunguro rya mbere ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mutarama 2018 mu mwiherero w’ibyumweru bibiri bari gukorera mu Mujyi wa Nyamata.
Umuryango.rw
Rubavu: Yafatiwe mu ruganda rwa BRALIRWA ari kwiba insinga z’amashanyarazi
Byinshi kuri ‘Brazilian Butt Lift’, uburyo burimbisha ikibuno bwahuruje Abanyafurika
Inzu z’amaduka zegereye isoko rya Rwamagana zigiye gufungwa
Rubavu: Umugabo n’umugore Bagwiriwe n’urukuta bikekwa ko barimo gutera akabariro
Turikiya: Abantu umunani bafunzwe, abakinnyi 1024 bahagarikwa kubera ‘betting’
U Burusiya bwatanze icyizere ku masezerano y’amahoro na Amerika