Simbizi Sylvestre w’imyaka 76 wari utuye mu Mudugudu wa Gahisi, Akagari ka Gakenke, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke yasanzwe mu mugezi wa Nyirabanda yapfuye, avuye kuvumba inzoga ku muvandimwe we witwa Nzabamwita Cyprien utuye mu Mudugudu wa Bwanama, Akagari ka Mutongo, Umurenge wa Cyato, uhana imbibi n’uwo yari atuyemo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyamasheke: Yahitanywe n’umugezi avuye kuvumba inzoga
18 November 2025, by ISIMBI Estella -
Intasikazi y’u Burundi yafashwe mpiri na Twirwaneho
2 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusirikarekazi w’u Burundi wo mu mutwe w’ingabo z’iki gihugu ushinzwe ubutasi bwa gisirikare, yafatiwe mpiri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho igihugu cye cyohereje ingabo zo gufasha FARDC mu ntambara ihanganyemo n’ihuriro ry’imitwe irimo M23 na Twirwaneho.
-
Ubuzima bwa Bruce Willis buri hagati y’urupfu n’umupfumu
18 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuzima bwa Bruce Willis wamamaye muri sinema i Hollywood bukomeje kwibazwaho n’umuryango we, nyuma y’aho arwaye indwara yo mu bwonko igira ingaruka ku myitwarire, ubushobozi bwo kumenya ibintu ndetse n’imibanire n’abandi.
-
Nyamasheke: Inzu n’igikoni byahiye bikongokana n’imyaka yo mu murima
23 September 2025, by ISIMBI EstellaDusabeyezu Callixte wo mu Mudugudu wa Nyarusange, Akagari ka Mwezi, Umurenge wa Karengera, Akarere ka Nyamasheke asigaye iheruheru nyuma yo guhisha inzu yabanagamo n’umugore n’abana babo 2, hakanashya igikoni n’igice yakoreragamo ububaji n’ubudozi n’ibikoresho yakoreshaga byose bigakongoka, bigafata urutoki n’ibisheke n’indi myaka.
-
Perezida Kagame yahaye igisubizo gitangaje uwamubajije niba aziyamamaza muri 2024
2 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko atazi neza niba aziyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora ataha ahubwo buri wese yamenya ko amahirwe yo kwiyamamaza no kutiyamamaza ari 50 kuri 50.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru tariki 01 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko ibyerekeye amatora yo mu mwaka utaha atamutwara umwanya cyane ko nawe atazi niba aziyamamaza.
Umunyamakuru Berna Namata w’ikinyamakuru The East African, ahawe umwanya, yamubajije ibibazo bibiri, kimwe kirebana n’ibibazo by’ubukungu (…) -
Machado wo muri Venezuela yegukanye Prix Nobel yashakwaga na Trump
10 October 2025, by ISIMBI EstellaMaria Corina Machado wo muri Venezuela, yahawe igihembo cy’amahoro cya Nobel kubera uruhare rwe mu “guteza imbere amahoro” muri Amerika y’Epfo, agace bivugwa ko “demokarasi iri mu kaga.”
-
Bazivamo na Ambasaderi wa EU mu Rwanda baganiriye ku bufatanye mu iterambere
27 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango RPF-Inkotanyi, Bazivamo Christophe, ku wa Kane tariki ya 26 Gashyantare 2026 yahuye n’Uhagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi mu Rwanda Belen Calvo Uyarra, baganira ku bufatanye hagati y’impande zombi.
-
Neymar yongereye amasezerano muri Santos FC
25 June 2025, by ISIMBI EstellaNeymar Junior yongereye amasezerano y’amezi atandatu muri Santos FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Brésil.
-
Twirwaneho iravugwaho kurasa FARDC igakizwa n’amaguru
26 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka mu Minembwe ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zagabye igitero ahitwa kuri Evomi, umutwe wa Twirwaneho wazirwanyije zihunga zerekeza kuri brigade muri centre ya Minembwe.
-
Amerika yongereye igihe cy’ibihano yafatiye u Burusiya
13 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump yongereye umwaka ku gihe cy’ibihano Amerika yafatiye u Burusiya, kuko asanga bukomeje kuba ikibazo ku mutekano w’igihugu
Umuryango.rw
Nyamasheke: Yahitanywe n’umugezi avuye kuvumba inzoga
Intasikazi y’u Burundi yafashwe mpiri na Twirwaneho
Ubuzima bwa Bruce Willis buri hagati y’urupfu n’umupfumu
Nyamasheke: Inzu n’igikoni byahiye bikongokana n’imyaka yo mu murima
Perezida Kagame yahaye igisubizo gitangaje uwamubajije niba aziyamamaza muri 2024
Machado wo muri Venezuela yegukanye Prix Nobel yashakwaga na Trump
Bazivamo na Ambasaderi wa EU mu Rwanda baganiriye ku bufatanye mu iterambere
Neymar yongereye amasezerano muri Santos FC
Twirwaneho iravugwaho kurasa FARDC igakizwa n’amaguru
Amerika yongereye igihe cy’ibihano yafatiye u Burusiya