Meta yatangiye gufunga konti z’abana bafite imyaka iri munsi ya 16 bakoresha Facebook na Instagram muri Australia, mu gihe itegeko rizibakumiraho ribura icyumweru ngo ritangire kubahirizwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Australia: Meta yatangiye gufunga konti za Facebook na Instagram z’abana
4 December 2025, by ISIMBI Estella -
Afite agahigo ko kuba ariwe muntu watsinzwe ikizamini cya Provisoire inshuro nyinshi, 960.
25 March 2025, by ISIMBI EstellaUmugore ukomoka mu gihugu cya Koreya yepfo witwa Cha sa - Soon afite agahigo ku isi ko kuba ariwe muntu watsinzwe inshuro nyinshi ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga bya gateganyo " Provisoire" mu busanzwe iki kizamini cyiba cyanditse ndetse harunubwo umuntu ashobora guhitamo kugikorera kuri mudasobwa. Uyu mubyeyi yakoze iki kizamini inshuro zigera kuri 960 atarabasha kugitsinda gusa nyuma yaho yaje kugitsinda agikoze ku nshuro ya 961 mu mwaka w’i 2010 akaba yaratsinze iki (…)
-
U Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire n’ikigo cya Anthropic gikora Claude AI
18 February, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire y’imyaka itatu n’ikigo cy’ikoranabuhanga mu Bwenge Buhangano cya Anthropic PBC, hagamijwe guteza imbere ikoreshwa rya AI mu nzego zirimo uburezi, ubuzima n’imiyoborere ya Leta.
-
Ngororero: Barasaba gusanirwa inzu zangijwe n’ikorwa ry’umuhanda Rubengera-Muhanga
23 March, by ISIMBI EstellaMu gihe abaturage bo mu Tutrere dukora ku muhanda Rubengera-Muhanga bishimira uburyo ukomeje kubahindurira ubuzima, abaturage 20 bo mu Murenge wa Nyange Akarere ka Ngororero, bavuga ikorwa ry’uyu muhanda ryabangirije inzu ariko ubuyobozi bukaba bwarabirengagije ntibahabwa ingurane z’ibyabo byangijwe.
-
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasuye isoko rihuza imipaka y’u Rwanda na Congo apimwa na Ebola[AMAFOTO]
26 June 2019, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, nyuma yo gusura isoko rihuza imipaka y’U Rwanda na Congo (DRC) yahaye icyumweru kimwe ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, kugira ngo isoko ryubatswe ku mupaka ribe ryatangiye gukora uko bikwiye.
-
Karongi: Umugabo yishe umugore we amutemye kubera gukeka ko amuca inyuma
20 November 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo wo mu Karere ka Karongi w’imyaka 42 yatawe muri yombi akekwaho kwica atemye umugore w’imyaka 37 bari bamaze imyaka itandatu babana bitemewe n’amategeko.
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi batatu bashya
10 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi batatu barimo Dr Uwera Claudine uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi ndetse n’abayobozi babiri mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha
Ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Mata 2018, nibwo Umukuru w’Igihugu yakiriye indahiro z’ abayobozi bashya baherutse kwinjira muri Guverinoma.
Mu mpinduka zakozwe na Perezida wa Repubulika, Dr Ndagijimana Uzziel yagizwe (…) -
Alassane Ouattara warahiye yashyikirijwe ubutumwa bwa Perezida Kagame
9 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva yahuye na Perezida wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara, amushyikiriza ubutumwa bwihariye yagenewe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
-
Perezida Kagame yatanze isezerano rikomeye ku mutwe wa FDLR
9 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko azakora ibishoboka byose kugira ngo umutwe w’iterabwoba wa FDLR ntukomeze kugaba ibitero ku Rwanda, kandi ko na Jenoside itazongera kuba ukundi.
Ibi yabigarutseho ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 8 Gashyantare 2023, ubwo yakiraga Abahagarariye Ibihugu n’Imiryango Mpuzamahanga mu Rwanda, mu isangira risanzwe riba buri mwaka.
Mu ijambo yagejeje ku bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda,Perezida Kagame yagarutse ku mwuka mubi uri hagati y’u Rwanda na Repubulika ya (…) -
Ramaphosa yaciye amarenga y’uko yaba agiye gucyura ingabo za SANDF ziri muri RDC
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, ku wa Kane yaciye amarenga y’uko iki gihugu cyaba kigiye gucyura abasirikare bacyo bari mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Australia: Meta yatangiye gufunga konti za Facebook na Instagram z’abana
Afite agahigo ko kuba ariwe muntu watsinzwe ikizamini cya Provisoire inshuro nyinshi, 960.
Ngororero: Barasaba gusanirwa inzu zangijwe n’ikorwa ry’umuhanda Rubengera-Muhanga
Karongi: Umugabo yishe umugore we amutemye kubera gukeka ko amuca inyuma
Alassane Ouattara warahiye yashyikirijwe ubutumwa bwa Perezida Kagame
Perezida Kagame yatanze isezerano rikomeye ku mutwe wa FDLR
Ramaphosa yaciye amarenga y’uko yaba agiye gucyura ingabo za SANDF ziri muri RDC