Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump ubwo yakiraga ikipe ya Inter Miami ikinamo rurangiranwa Lionel Messi, yavuze ko umwe mu bana be ari umufana we ukomeye, avuga ko ashobora kuba ari ku rwego nk’urwa Pele.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rurangiranwa Lionel Messi muri ‘White House’, Perezida Trump yagize icyo amuvugaho
6 March, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Urukiko rwa Loni rwategetse Israel kurekura uduce twa West Bank na Yerusalemu y’Iburasirazuba
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) rwavuze ko kuba Israel iri mu gace ka West Bank na Yesuralemu y’Iburasirazuba binyuranyije n’amategeko, ndetse isabwa guhita iva kuri ubwo butaka igihugu cya Palestine kitahwemye kuvuga ko ari ubwacyo.
-
Havumbuwe ko iturika ry’inyenyeri rishobora guteza ingorane abatuye Isi
17 November 2025, by ISIMBI EstellaAbahanga mu by’isanzure batangaje ko bwa mbere mu mateka babashije gukurikirana iturika ridasanzwe ry’inyenyeri, ribereye hanze y’uruhurirane rw’imibumbe igaragiye Izuba, ndetse babona ko hari ingaruka rishobora kugira ku Isi.
-
Amerika – Ukraine: Hafi kimwe cya kabiri cy’inkunga yo guhangana n’Uburusiya yaranyerejwe
23 November 2024, by Joseph IradukundaPiotr Kulpa wahoze muri Guverinoma ya Pologne, yavuze ko hafi kimwe cya kabiri cy’amafaranga y’inkunga Ukraine yahawe na Amerika yaba yaranyerejwe na bamwe mu bayobozi bakayakoresha mu nyungu zabo bwite, aho kugira ngo akoreshwe ibyo yagenewe.
-
Burundi: Hari ubwoba bw’uko amatora atazaba
5 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImpuzamashyaka ‘Burundi Bwa Bose’ iri mu myiteguro y’amatora arimo ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko ateganyijwe mu mezi abiri ari imbere, iravuga ko atazaba kubera ibura ry’igitoro riri muri kiriya gihugu.
-
Cape Town: Inama ya G20 yananiwe kumvikana ku itangazo riyisoza
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama ya ba ministri b’imari n’abakuru ba banki mu bihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi bananiwe kumvikana ku itangazo risoza inama.
-
U Burusiya:Gari ya moshi yari itwaye lisansi yateye inkongi komeye
26 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’ibiza mu Burusiya yatangaje ko abashinzwe kuzimya inkongi mu gace ka Smolensk gaherereye mu Burengerazuba bw’iki gihugu, bakomeje guhangana n’inkongi yatewe na gari ya moshi yari itwaye lisansi nyuma yo kugongana n’ikamyo.
-
Gen Muhoozi yavuze ko we na Bobi Wine bapfa umwenda amurimo
16 July 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko mu byo apfa na Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ harimo amafaranga yamugurije ntiyayamwishyura.
-
Abantu bane batawe muri yombi mu Bwongereza bakekwaho gufasha ubutasi bwa Irani
6 March, by Angeline MUKANGENZIPolisi y’Ubwongereza yatangaje ko abantu bane batawe muri yombi mu rwego rw’iperereza ku kurwanya ibikorwa by’iterabwoba bifitanye isano na Irani.
-
Perezida Trump yiteze umusaruro mu kiganiro azagirana na Putin kuri telefone
18 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azagirana ikiganiro kuri telefone na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, aho bazaganira ku guhagarika intambara muri Ukraine n’ibijyanye n’ubucuruzi.
Umuryango.rw
Rurangiranwa Lionel Messi muri ‘White House’, Perezida Trump yagize icyo amuvugaho
Urukiko rwa Loni rwategetse Israel kurekura uduce twa West Bank na Yerusalemu y’Iburasirazuba
Havumbuwe ko iturika ry’inyenyeri rishobora guteza ingorane abatuye Isi
Amerika – Ukraine: Hafi kimwe cya kabiri cy’inkunga yo guhangana n’Uburusiya yaranyerejwe
Burundi: Hari ubwoba bw’uko amatora atazaba
Cape Town: Inama ya G20 yananiwe kumvikana ku itangazo riyisoza
U Burusiya:Gari ya moshi yari itwaye lisansi yateye inkongi komeye
Gen Muhoozi yavuze ko we na Bobi Wine bapfa umwenda amurimo
Perezida Trump yiteze umusaruro mu kiganiro azagirana na Putin kuri telefone