Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze muri Barbados mu ruzinduko rw’akazi, nyuma y’urw’iminsi itatu yari asoje muri Jamaica.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame nyuma yo kuva Jamaica yerekeje Barbados mu ruzinduko rwe rwa mbere [AMAFOTO]
16 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Perezida Kagame yagarutse ku buryo yize bigoye, ashimira abiyeguriye gutanga uburezi ku Banyarwanda
6 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yagarutse ku buryo yize bigoye ubwo yari ari mu buhungiro, ariko agakomeza guhatana kuko yari afite intumbero, ashimira abafashe inshingano zo gutanga uburezi ku Banyarwanda, avuga ko n’ubu bigikenewe kuko butajya bureka kuba ingenzi
-
Gabon: Imbuga nkoranyambaga zose zahagaritswe
18 February, by Angeline MUKANGENZIIgihugu cya Gabon kibicishije mu Rwego rukuru rwacyo rushinzwe Itumanaho (HAC), cyahagaritse ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga zose ku butaka bw’iki gihugu mu gihe kitazwi.
-
Ingabire Marie Immaculée yavuze uburyo ngo bititondewe RURA ishobora kuzasenya leta y’u Rwanda
19 October 2020, by Martin MunezeroIngabire Marie Immaculée, umuyobozi uhagarariye Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (Transparent International) mu Rwanda, yagaragaje impungenge abona k’ Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA), avuga ko zititondewe uru rwego rushobora kuzasenya leta.
-
Bobi Wine yongeye kwibasira Gen. Muhoozi, avuga ko ubwenge bwe budashishoza
23 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyepolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, Bobi Wine, yongeye kwibasira no gushinja umugaba mukuru w’ingabo z’icyo gihugu, avuga ko ubwenge bwe budafite ubushishozi.
-
Abanyarwanda baba muri Nigeria bagaragarijwe ko Jenoside yakorewe Abututsi mu 1994 atari impanuka
9 April, by ISIMBI EstellaAbanyarwanda baba muri Nigeria, abayobozi mu nzego za Leta ya Nigeria n’iz’umutekano, abahagarariye ibihugu byabo, abakozi b’Imiryango Mpuzamahanga n’inshuti bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bibutswa ko Jenoside itabaye ku bw’impanuka ahubwo yateguwe.
-
Ibikorwa byo kubaza no gusudira bishobora guhagarikwa mu Gakiriro ko ku Gisozi
13 July 2025, by Joseph IradukundaUmujyi wa Kigali watangaje ko bitarenze umwaka wa 2025 imashini zitandukanye zikoreshwa mu bubaji no gusudira mu Gakiririro ko ku Gisozi, zizaba zamaze kwimurwa hasigare hacururizwa ibikoresho byamaze gukorwa, mu rwego rwo kurwanya inkongi z’umuriro zikunze kukibasira.
-
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine yeguye mbere y’uko Perezida Zelenskyy abyikorera
4 September 2024, by Joseph IradukundaDmytro Kuleba yeguye ku mirimo ye yo kuba minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, nyuma y’icyumweru Perezida Volodymyr Zelenskyy atangaje ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ashaka kurushaho gukomeza nyuma y’imyaka ibiri n’igice igihugu cye gitewe n’u Burusiya.
-
Umucamanza urekura abakoze Jenoside yakorewe abatutsi batarangije ibihano yongerewe manda
3 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuryamabanga mukuru w’ umuryango w’ abibumye Antonio Guterres yongereye manda umucamanza Theodor Meron nk’umukuru wa “International Residual Mechanism for Criminal Tribunals” ikurikirana imanza zitarangijwe n’ icyahoze ari urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda i Arusha TPIR .
-
Prof. Duclert yavuze ko Afite impungenge ko abazasimbura Macro bazasenya ibyubatswe mu mubano n’u Rwanda
22 January, by Angeline MUKANGENZIUmushakashatsi w’Umufaransa wagaragaje uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Prof. Vincent Duclert, ahangayikishijwe n’uko abazasimbura Perezida Emmanuel Macron ku butegetsi bashobora gusenya ibyo yubatse mu mubano w’igihugu cyabo n’u Rwanda.
Umuryango.rw
Perezida Kagame nyuma yo kuva Jamaica yerekeje Barbados mu ruzinduko rwe rwa mbere [AMAFOTO]
Perezida Kagame yagarutse ku buryo yize bigoye, ashimira abiyeguriye gutanga uburezi ku Banyarwanda
Gabon: Imbuga nkoranyambaga zose zahagaritswe
Bobi Wine yongeye kwibasira Gen. Muhoozi, avuga ko ubwenge bwe budashishoza
Abanyarwanda baba muri Nigeria bagaragarijwe ko Jenoside yakorewe Abututsi mu 1994 atari impanuka
Ibikorwa byo kubaza no gusudira bishobora guhagarikwa mu Gakiriro ko ku Gisozi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine yeguye mbere y’uko Perezida Zelenskyy abyikorera
Prof. Duclert yavuze ko Afite impungenge ko abazasimbura Macro bazasenya ibyubatswe mu mubano n’u Rwanda