Guverinoma ya Angola yatangaje ko iri gukora ibishoboka kugira ngo ihurize mu biganiro umutwe witwaje intwaro wa M23 n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Angola iri gukora ibishoboka ngo isubize M23 ku meza y’ibiganiro
19 March 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Iburasirazuba: Polisi yerekanye 5 bakekwaho kwiba asaga miliyoni 20 Frw na telefoni 600
11 June 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’Igihugu yeretse itangazamakuru abasore 5 ikurikiranyeho ibikorwa by’urugomo birimo gukomeretsa abantu no kwiba amafaranga y’u Rwanda miliyoni zisaga 20, telefoni ziga 600, mudasobwa n’ibindi.
-
U Rwanda rwakiriye Inkura z’umweru 70 ruca agahigo muri Afurika
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInkura z’umweru 70 zakiriwe n’u Rwanda zamaze kugezwa muri Pariki y’Igihugu y’Akagera, zije mu mushinga wo gutuma iyi Pariki iba ubuturo bunogeye izi nyamaswa.
Izi Nkura 70 zavanywe muri Afurika y’Epfo zakiriwe n’u Rwanda mu byiciro bibiri byakozwe mu minsi itatu, aho muri buri cyiciro hazanywe Inkura 35 nk’uko byatangajwe n’Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda RDB.
Iki gikorwa cyo kuzana izi Nkura, cyakozwe ku bufatanye n’Ikigo Nyafurika gishinzwe za Pariki ‘African Parks’ ndetse na (…) -
Tshisekedi yageze muri Uganda guhura na Museveni ku bibazo by’umutekano
30 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatatu,tariki ya 30 Ukwakira 2024, Perezida wa RDC, Felix Antoine Tshisekedi, biteganyijwe ko agirira uruzinduko mu gihugu cya Uganda.
-
Uko byagenze ngo u Burundi butange Macky Sall nk’umukandida ku buyobozi bwa Loni
16 March, by Angeline MUKANGENZITariki ya 2 Werurwe 2026, Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yakiriye kandidatire ya Macky Sall wabaye Perezida wa Sénégal kuva mu 2012 kugeza mu 2024, byemezwa bidasubirwaho ko azahatanira umwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango.
-
Reba La Liga kuri Startimes-Barcelona igiye gusogongera bwa mbere kuri La Liga 2020/2021
24 September 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’ibyumweru 2 andi makipe akina,Barcelona, Atlético Madrid na Sevilla nibwo yo agiye kwinjira mu muhigo wo gushaka LaLiga 2020/21.
-
Karongi: Yatawe muri yombi akekwaho kwica mukuru we
15 April, by ISIMBI EstellaUmugabo witwa Niyomugabo Pacifique wo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi, akekwaho icyaha cyo kwica mukuru we witwa Ntirenganya Callixte w’imyaka 46 nyuma yo kutumvikana k’umuntu uzahabwa inkuracyobo yo gushyingura nyina umunsi azaba yashizemo umwuka.
-
Kinshasa: Leta itewe ubwoba n’abasirikare bakoranye na Gen Tshiwewe na Franck Ntumba
22 October 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gifite ubwoba abasirikare benshi bakoranye na Gen Christian Tshiwewe Songesha, Gen Franck Ntumba na Brig Gen Benjamin Katende Batubadila bashobora guhungabanya umutekano wa Perezida Félix Tshisekedi.
-
Koreya y’Epfo: Byarangiye Perezida Yoon Suk Yeol atawe muri yombi
15 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, abayobozi bo muri Koreya y’Epfo bataye muri yombi Perezida Yoon Suk Yeol, ubu urimo guhatwa ibibazo mu kigo gikora iperereza kuri ruswa kizwi nka CIO (Corruption Investigation Office).
-
Perezida Kagame i Dakar mu nama yiga ku biribwa muri Afurika
31 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri iki Cyumweru, yageze i Dakar muri Senegal aho yitabiriye Inama y’uyu mwaka yiga ku ruhererekane rw’Ibiribwa muri Afurika.
Umuryango.rw
Angola iri gukora ibishoboka ngo isubize M23 ku meza y’ibiganiro
Iburasirazuba: Polisi yerekanye 5 bakekwaho kwiba asaga miliyoni 20 Frw na telefoni 600
U Rwanda rwakiriye Inkura z’umweru 70 ruca agahigo muri Afurika
Tshisekedi yageze muri Uganda guhura na Museveni ku bibazo by’umutekano
Uko byagenze ngo u Burundi butange Macky Sall nk’umukandida ku buyobozi bwa Loni
Reba La Liga kuri Startimes-Barcelona igiye gusogongera bwa mbere kuri La Liga 2020/2021
Karongi: Yatawe muri yombi akekwaho kwica mukuru we
Kinshasa: Leta itewe ubwoba n’abasirikare bakoranye na Gen Tshiwewe na Franck Ntumba
Koreya y’Epfo: Byarangiye Perezida Yoon Suk Yeol atawe muri yombi
Perezida Kagame i Dakar mu nama yiga ku biribwa muri Afurika