Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko riteganya gushyira sosiyete y’itumanaho mu bice rigenzura mu rwego rwo kongera guhuza abaturage hifashishijwe ikoranabuhanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AFC/M23 iteganya gushyira sosiyete y’itumanaho mu bice igenzura
17 February, by Angeline MUKANGENZI -
Internet no guhamagara byagarutse mu bice bigenzurwa na AFC/M23
17 February, by Angeline MUKANGENZISerivisi zo guhamagara kuri telefone na interineti zasubijweho muri Teritwari ya Masisi nyuma y’iminsi myinshi zikuweho bikagira ingaruka no kuri Rutshuru no mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru.
-
U Burundi bwavuye ku izima, bufungura umupaka wabwo na RDC
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, Leta y’u Burundi yafunguye umupaka wa Gatumba uhuza iki gihugu na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’amezi arenga abiri iwufunze.
-
Gen Mubarakh Muganga yasabye abakinnyi ba APR FC kwibukiranya intego zayo
20 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Icyubahiro wungirije wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga yasuye iyi kipe asaba abakinnyi kwibukiranya intego zayo.
-
M23 irashinjwa kuguma muri Kibumba mu ibanga kandi yaraharekuye
27 December 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 urashinjwa kubeshya icya Semukanuka,ko wavuye muri Kibumba nyamara ngo wongeye kugaruka nyuma yo gukora umuhango wo kuva muri ako gace ku mugaragaro.
Kuwa Gatanu w’icyumweru gishize,uyu mutwe watumiye abanyamakuru ushyikiriza ku mugaragara Kibumba ingabo za EAC zoherejwe kugarura amahoro muri RDC,muri Teritwari ya Nyiragongo ho muri Kivu ya ruguru.
Umuyobozi wa Kibumba Group,Boniface Kishire,yabwiye Actualite.cd ko abaturage bari bahunze bagarutse mu ngo zabo nyuma yo kumva (…) -
Rusizi: Abana 2 bariwe n’imbwebwe yo muri Pariki ya Nyungwe
18 February, by ISIMBI EstellaUmwana w’umuhungu w’imyaka 9 wiga mu mwaka wa 3 w’amashuri abanza na mushiki we w’imyaka 6 wiga mu wa 2 w’ay’inshuke bo mu Mudugudu wa Mbisabasaba, Akagari ka Kiyabo, Umurenge wa Bweyeye, Akarere ka Rusizi barembeye mu Bitaro bya Gihundwe nyuma yo kuribwa n’inyamaswa yitwa Imbwebwe ibasanze mu rugo ivuye muri Pariki y’Igihugu ya Nyungwe.
-
Dr. Tedros uyobora OMS yarusimbutse mu bibitero Israel yagabye muri Yemen
27 December 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi Mukuru w’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yatangaje ko ibitero Israel yagabye ku Kibuga cy’Indege cya Sanaa cyo muri Yemen, byamusanze kuri icyo kibuga icyakora ntiyagira icyo aba.
-
Amerika yongereye 250$ ku mafaranga yakwa abajyayo barimo Abanyarwanda
22 July 2025, by Joseph IradukundaAbantu batandukanye basura Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagiye kujya basabwa kwishyura 250$ (igihe bemerewe Visa) yiyongera ku giciro gisanzwe cya Visa bitewe n’iyo ushaka.
-
Trump yishimiye cyane ikiganiro yagiranye n’uwasimbuye Perezida Maduro
15 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro cya mbere na Delcy Rodríguez, Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela.
-
Amajyepfo: Hafashwe abantu 51 bafite aho bahuriye n’ubucuzi butemewe
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abantu 51 barimo abakoraga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro hamwe n’abayagura mu buryo butemewe n’amategeko, mu rwego rwo guca ingaruka zituruka kuri ubwo bucukurizi butemewe.
Umuryango.rw
U Burundi bwavuye ku izima, bufungura umupaka wabwo na RDC
Gen Mubarakh Muganga yasabye abakinnyi ba APR FC kwibukiranya intego zayo
M23 irashinjwa kuguma muri Kibumba mu ibanga kandi yaraharekuye
Rusizi: Abana 2 bariwe n’imbwebwe yo muri Pariki ya Nyungwe
Dr. Tedros uyobora OMS yarusimbutse mu bibitero Israel yagabye muri Yemen
Amerika yongereye 250$ ku mafaranga yakwa abajyayo barimo Abanyarwanda
Trump yishimiye cyane ikiganiro yagiranye n’uwasimbuye Perezida Maduro
Amajyepfo: Hafashwe abantu 51 bafite aho bahuriye n’ubucuzi butemewe