Perezida wa Cuba, Miguel Diaz-Canel yatangaje ko nta biganiro igihugu cye kigeze kigirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe Donald Trump uyiyobora yari yatangaje ko mu minsi ishize ibi bihugu bimaze igihe bidacana uwaka byongeye kugirana ibiganiro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Cuba yigaramye Trump ku byo kugirana ibiganiro na Amerika
30 January, by Angeline MUKANGENZI -
Amerika ishobora kugabanya inkunga yahaga Loni na OTAN
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika iri gusuzuma umushinga wo guhagarika inkunga hafi ya zose yageneraga imiryango mpuzamahanga irimo Umuryango w’Abibumbye (Loni) n’Umuryango wo gutabarana OTAN.
-
Min. Ndagijimana yahishuye inyungu ikomeye u Rwanda ruzakura mu masezerano rwasinyanye n’Ubushinwa
8 December 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri, u Rwanda n’u Bushinwa byasinyanye amasezerano akuraho gusoresha kabiri ibicuruzwa biva mu gihugu kimwe bijya mu kindi, akaba ari amasezerano yitezweho kuzamura ishoramari no guteza imbere ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi.
Aya masezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w’ Imari n’igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana na ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Rao Hongwei.
Dr. Uzziel Ndagijimana agaragaza ko aya masezerano nk’u Rwanda ruzayungukiramo kuko u Bushinwa ari (…) -
Uganda: Rema yahakanye ibyo gutandukana n’umugabo we
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Rema Namakula uri mu bakomeye muri Uganda, yagaragaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwira ko yaba yaratandukanye n’umugabo we, Dr. Hamza Ssebunya, atari yo.
-
Umugore wa Kanye West yongeye – AMAFOTO
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBianca Censori, umugore wa Kanye West, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru, nyuma yo kugaragara mu ruhame yambaye imyambaro y’imbere gusa yose igaragaza neza imiterere y’umubiri we.
-
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda yakiriwe na mugenzi we wa Kenya
25 March, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, ari mu ruzinduko rw’akazi muri Kenya, aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we uyobora polisi yo muri iki gihugu, Douglas Kanja.
-
MPORAYONZI MANZI Emmanuel yasabye guhindura amazina akitwa Manzi Emmah
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa MPORAYONZI MANZI Emmanuel yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa Manzi Emmah mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
Trump na Obama bifurije Biden kurwara ubukira nyuma yo gusangwamo Kanseri
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, Barack Obama n’abandi banyapolitiki, bifurije Joe Biden yasimbuye ku butegetsi kurwara ubukira nyuma y’aho asanzwemo Kanseri ya Prostate yageze ku rwego rukomeye.
-
Zimbabwe igiye kugaburira abaturage bayo Inzovu 200 kubera inzara ibugarije
21 September 2024, by Joseph IradukundaLeta ya Zimbabwe yafashe icyemezo cyo kubaga inzovu 200 zikagaburirwa abaturage bugarijwe na Bwaki kubera amapfa
-
Ninteretse Christian wegukanye Primusic mu 2014 yahawe Ubwenegihugu bw’u Rwanda
2 October 2025, by ISIMBI EstellaChristian Ninteretse umuhanzi w’Umurundi wanegukanye irushanwa rya Primusic mu 2014, nyuma y’imyaka icumi yimukiye mu Rwanda aho yanashakiye umugore, yahawe Ubwenegihugu.
Umuryango.rw
Cuba yigaramye Trump ku byo kugirana ibiganiro na Amerika
Amerika ishobora kugabanya inkunga yahaga Loni na OTAN
Min. Ndagijimana yahishuye inyungu ikomeye u Rwanda ruzakura mu masezerano rwasinyanye n’Ubushinwa
Uganda: Rema yahakanye ibyo gutandukana n’umugabo we
Umugore wa Kanye West yongeye – AMAFOTO
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda yakiriwe na mugenzi we wa Kenya
MPORAYONZI MANZI Emmanuel yasabye guhindura amazina akitwa Manzi Emmah
Trump na Obama bifurije Biden kurwara ubukira nyuma yo gusangwamo Kanseri
Zimbabwe igiye kugaburira abaturage bayo Inzovu 200 kubera inzara ibugarije
Ninteretse Christian wegukanye Primusic mu 2014 yahawe Ubwenegihugu bw’u Rwanda