Abantu babarirwa mu bihumbi bateraniye mu burasirazuba bwa Uganda gushyingura Rebecca Cheptegei wasiganwaga mu kwiruka ’marathon’, watwitswe n’umugabo wahoze ari umukunzi we, na we waje gupfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda: Abantu ibihumbi bari gushyingura Rebecca Cheptegei wishwe atwitswe
14 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Biden agiye gusura igihugu cya Afurika mbere y’uko ava ku butegetsi bw’Amerika
25 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu kwezi gutaha azasura Angola, mu ruzinduko rwa mbere azaba agiriye ku mugabane wa Afurika.
-
Amerika: Senateri Lindsey Graham yashenguwe n’ibitero bigabwa kuri AFC/M23
19 December 2025, by ISIMBI EstellaSenateri Lindsey Graham uhagarariye Leta ya South Carolina mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashimye icyemezo cy’ihuriro AFC/M23 cyo kuva mu mujyi wa Uvira, agaragaza ariko ko ashenguwe n’ibitero iri kugabwaho.
-
Mu 2025 abanyamakuru 129 ku Isi biciwe mu ntambara
26 February, by Angeline MUKANGENZIRaporo y’Umuryango Mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’Abanyamakuru, (Committee to Protect Journalists, CPJ) yagaragaje ko abanyamakuru 129 baguye mu ntambara n’ibitero byagabwe ahatandukanye ku Isi mu 2025.
-
Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Kim Kardashian na Lewis Hamilton
2 March, by ISHIMWE Jean de DieuKim Kardashian w’icyamamare mu myidagaduro hamwe na Lewis Hamilton, umuhanga mu mukino wa Formula 1, bagaragaye hamwe mu rugendo rwihariye muri Arizona, byongera imbaraga ku gushakisha niba bari mu rukundo by’ukuri.
-
Abasirikare b’u Rwanda muri UNMISS bashimiwe ubwitange n’ubunyamwuga
18 February, by Angeline MUKANGENZIKu wa Kabiri tariki ya 17 Gashyantare 2026, Umuyobozi w’ Ingabo za Loni muri Sudani y’ Epfo, Akarere ka Juba, Brigadier General Mohammad Iqbal Hossain, yasuye Batayo ya 3 y’Ingabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Sudani y’Epfo (UNMISS) abashimira ubwitange n’ubunyamwuga.
-
Rubavu: Undi musirikare uturutse muri RDC yarasiwe ku mupaka
19 November 2022, by Dusingizimana RemyAmakuru aturuka mu karere ka Rubavu ku mupaka w’u Rwanda na DRC aravuga ko umusirikare waturutse muri DRC yagerageje kwinjira mu Rwanda agerageza kurasa abasivili n’abashinzwe umutekano ariko ingabo z’u Rwanda ziramurasa arapfa
Uyu musirikari wavuye muri RD Congo utaramenyekana imyirondoro yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu,tariki 19 Ugushyingo, 2022 nkuko amakuru abivuga.
Ikinyamakuru RwandaNews24 kivuga ko byabereye mu karere ka Rubavu, umurenge wa (…) -
Abarimu batazi Icyongereza ntibazirukanwa, bazahugurwa- MINEDUC
31 July 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yavuze ko hari abarimu n’abayobozi b’ibigo bahuguwe ndetse hakiri n’abandi bari guhugurwa ku rurimi rw’Icyongereza kandi ko nyuma y’isuzuma abazatsindwa batazirukanwa ahubwo bazakomeza guhugurwa kugeza bageze ku rugero rwifuzwa.
-
Vatican ntizajya muri ‘Board of Peace’ ya Trump
18 February, by Angeline MUKANGENZIVatican yatangaje ko itazajya mu rwego rwiswe ‘Board of Peace’ rwashyizweho na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, bitewe n’uko inshingano z’uru rwego zakabaye zihabwa Umuryango w’Abibumbye.
-
Perezida wa Brésil yifuza ko Maduro aburanira mu gihugu cye
21 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Brésil Luiz Inacio Lula da Silva yatangaje ko Nicolas Maduro wayoboraga Venezuela akwiye kuburanishirizwa mu gihugu cye.
Umuryango.rw
Uganda: Abantu ibihumbi bari gushyingura Rebecca Cheptegei wishwe atwitswe
Biden agiye gusura igihugu cya Afurika mbere y’uko ava ku butegetsi bw’Amerika
Amerika: Senateri Lindsey Graham yashenguwe n’ibitero bigabwa kuri AFC/M23
Mu 2025 abanyamakuru 129 ku Isi biciwe mu ntambara
Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Kim Kardashian na Lewis Hamilton
Abasirikare b’u Rwanda muri UNMISS bashimiwe ubwitange n’ubunyamwuga
Rubavu: Undi musirikare uturutse muri RDC yarasiwe ku mupaka
Abarimu batazi Icyongereza ntibazirukanwa, bazahugurwa- MINEDUC
Vatican ntizajya muri ‘Board of Peace’ ya Trump