Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ishinzwe Ubucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro muri Uganda, Phiona Nyamutoro, akaba n’umugore wa Eddy Kenzo, yahishuye bwa mbere ahura n’uyu muhanzi yari yabimusabye amubwira ko ashaka ko bakorana umushinga, nyuma uyu mugore akaza gusanga ahubwo yari we mushinga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Nyamutoro yavuze ibanga Eddy Kenzo yakoresheje ngo amwigarurire
14 March 2025, by ISIMBI Estella -
Narafunzwe ariko sinahohotewe! Umubyeyi wa Moses wa Moshions
16 April 2025, by ISIMBI EstellaNsabimana Annicet, umubyeyi wa Turahirwa Moses wamenyekanye mu guhanga imideli binyuze mu nzu ye y’ikimenyabose ’Moshions’, yatangaje ko yamaze amezi ane afunze ariko ko atigeze ahohoterwa nk’uko umuhungu we yabitangaje, amushinja gukoresha ibiyobyabwenge byatumye yibagirwa ineza yagiriwe.
-
2017, Perezida Kagame niwe wabaye Umunyafurika w’umwaka
7 January 2018, by Nsanzimana ErnestIkinyamakuru cyo mu Bwongereza ‘African Leadership Magazine’, cyakoresheje itora gisanga Perezida Kagame ari we wabaye umunyafurika w’ umwaka wa 2017. Ibi bivuze ko ariwe wegukanye igihembo gikuru mu bihembo bihembo, byari bibaye ku nshuro ya gatandatu.
Mu bandi bashakaga iki gihembo barimo Perezida wa Ghana, Nana Addo Dankwa Akuffo Addo, Tony Elumelu Umushoramari wo muri Nigeria, John Pombe Magufuli Perezida wa Tanzaniya, Umuyobozi Mukuru wa Shanduka Group, Cyril Ramaphosa na Oladipo (…) -
Ihere ijisho uduce 10 two mu mujyi wa Kigali dufite akajagari n’umwanda ukabije[AMAFOTO]
22 October 2018, by Martin MunezeroNubwo umujyi wa Kigali uza ku isonga mu mijyi myiza yo muri Afurika,usanga hari uduce twinshi tugikeneye izindi mbaraga kugira ngo umwanda ukabije n’akajagari bibe amateka.
-
AFC/M23 yariye karungu, yisubije ibice by’ingenzi hafi ya Rubaya
26 February, by Angeline MUKANGENZIIhuriro ry’abarwanyi ba AFC/M23 bisubije ibice bitandukanye byo muri Teritwari ya Masisi, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’abambari bazo.
-
Umuyobozi mu Ngabo za Loni muri S.Sudani yasuye iz’u Rwanda azibutsa icyo zigomba guhora ziteguye
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo, ushinzwe igice cy’amajyepfo, Brigadier General Shishir Bharadwaj, yasuye abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro (RWANBATT-3) muri iki Gihugu, abibutsa ko bagomba guhora biteguye guhindura uburyo bakoramo.
-
Haruna Niyonzima yasezeye gukina umupira w’amaguru nk’abigize umwuga
3 March, by ISIMBI EstellaUmunyabigwi mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, wabaye na kapiteni w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima, yemeje ko yahagaritse gukina umupira w’amaguru.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
23 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAM MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Green Party na PS imberakuri babonye amajwi abinjiza mu nteko
4 September 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora imaze gutangaza ibyavuye mu matora by’ agateganyo ku majwi yabaruwe yose 100% aho ishyaka Democratic Green Party n’ ishyaka PS imberakuri yabonye amajwi 5% ayahesha umwanya mu nteko ishinga amategeko.
-
Abanyaburayi bahawe umuburo ubasabwe kubika iby’ibanze byamara iminsi itatu
27 March 2025, by Joseph IradukundaAbaturage b’ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) basabwe kubika ibiribwa, ibinyobwa n’ibindi byangombwa bashobora gukoresha mu gihe cy’intambara, mu rwego rwo kwitegura kugira ngo batazatungurwa.
Ibi byasabwe na Hadja Lahbib, Komiseri muri EU ushinzwe Imyiteguro y’Ibihe Bidasanzwe, wavuze ko u Burayi bufite ibyago bikomeye byatewe n’intambara y’u Burusiya na Ukraine, ashimangira ko mu gihe intambara yagera mu bindi bihugu, abaturage bakwiriye kwitegura, bakabika ibintu by’ingenzi byabamaza amasaha 72.
Ati "Turi gusaba ibihugu binyamuryango: amasaha 72 yo kubika ibikenewe byose niyo ahagije."
Muri video uyu muyobozi yerekanye igaragaza ibyo abaturage bashobora kubika, harimo ibiribwa, ibinyobwa byiganjemo amazi, imiti, amafaranga afatika, ibyangombwa, icyuma n’ibindi bitandukanye.
Uyu muyobozi yavuze ko iki cyemezo kitagamije gutera abantu ubwoba, ati "turashaka ko abantu bitegura, ntibagire ubwoba. Kwitegura ntabwo ari ugutera ubwoba, ni ikintu cy’ingenzi bijyanye n’ibihe bidasanzwe turimo."
Ibihugu birimo u Budage bimaze iminsi byarashyizeho uburyo bwo kuburira abaturage hifashishijwe ikoranabuhanga, ku buryo bashobora kumenya ko hagiye kuba ikintu kidasanzwe nk’intambara maze bagateganya uburyo babika ibyo bakeneye.
Umuryango.rw
Minisitiri Nyamutoro yavuze ibanga Eddy Kenzo yakoresheje ngo amwigarurire
Narafunzwe ariko sinahohotewe! Umubyeyi wa Moses wa Moshions
AFC/M23 yariye karungu, yisubije ibice by’ingenzi hafi ya Rubaya
Umuyobozi mu Ngabo za Loni muri S.Sudani yasuye iz’u Rwanda azibutsa icyo zigomba guhora ziteguye
Haruna Niyonzima yasezeye gukina umupira w’amaguru nk’abigize umwuga
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Abanyaburayi bahawe umuburo ubasabwe kubika iby’ibanze byamara iminsi itatu