Ku wa Gatandatu, tariki ya 18 Kamena 2022, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 13 Gicurasi 2022.
2. Inama y’Abaminisitiri yongeye gusuzuma ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwira ry’lcyorezo cya COVID-19.
Ingamba zisanzweho zizakomeza gukurikizwa, kandi zizongera kuvugururwa mu gihe cy’ukwezi kumwe hashingiwe ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 18 Kamena 2022
18 June 2022, by Dusingizimana Remy -
Abadepite ba Amerika babajije Trump uruhare rw’amabuye y’agaciro mu biganiro by’amahoro muri DRC
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIAbadepite batanu b’Abademokarate mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, boherereje ibaruwa Umujyanama wa Perezida Donald Trump ushinzwe ibibazo bya Afurika, Massad Boulos, basaba ibisobanuro birambuye ku masezerano y’ubuyobozi ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro aherekeza gushaka amahoro hagati ya Congo-Kinshasa n’u Rwanda.
-
Gatsibo: Umukobwa w’imyaka 21 yatawe muri yombi akekwaho kwiba atoboye inzu
15 April, by ISIMBI EstellaUmukobwa w’imyaka 21 yafatiwe mu iduka (Boutique) iri mu Murenge wa Rugarama mu karere ka Gatsibo,akekwaho kwiba nyuma yo gutobora inzu yacururizwagamo n’umucuruzi .
-
Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuRichard Kamanzi, wahoze afite ipeti rya CSP (Chief Superintendent of Police) muri Polisi y’u Rwanda wari mu kiruhuko, yitabye Imana azize ibiza byaturutse ku mvura nyinshi yaguye mu Mujyi wa Kigali.
-
Muhanga: Yateshejwe inka yibye amaze gukingirana nyir’urugo
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTuyisenge Boniface w’imyaka 28 yafashwe amaze kwiba inka mu rugo rwa Nkundimana Philppe w’imyaka 48, nyuma yo kubanza kumukingirana mu nzu atuyemk mu Mudugudu wa Nete, Akagari ka Remera, Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga.
-
Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyobozi bwa RDF
10 April 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Kagame Paul, yakoze impinduka muri bamwe mu bayobozi b’ingabo, aho Lt.Gen Jacques Musemakweli, yagizwe Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara.
-
Perezida Kagame yababajwe n’uko ibibazo abazwa n’Abanyarwanda bigenda bigaruka aho gukemurwa burundu
9 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko ababajwe n’uko ibibazo abazwa n’abanyarwanda iyo yabasuye hirya no hino bidakemurwa ahubwo bigenda bigaruka kandi yaratanze umuti n’inzira y’uko bigomba gukemuka.
-
Indirimbo izasohoka ariko sinshyizeho igihe – Bruce Melodie kuri "Pom Pom” yakoranye na Diamond
8 September 2025, by ISIMBI EstellaBruce Melodie yavuze ko indirimbo ye na Diamond izasohoka ariko atavuga ngo izasohokera iki gihe kubera ko ari indirimbo nini irimo abahanzi bakomeye ndetse isaba kwitonda kugira ngo ishyirwe hanze.
-
Amerika yafatiye ibihano abashakira ADF imibereho muri Afurika y’Epfo
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano abantu batatu bamaze igihe kinini bashakira umutwe w’iterabwoba wa ADF inkunga mu bihugu birimo Afurika y’Epfo.
-
MINISANTE yatangije ku mugaragaro za Robo zunganira abaganga mu kwita ku barwayi ba COVID-19 zahawe amazina atangaje [AMAFOTO]
19 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020 Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangiza ku mugaragaro uburyo bwo gukoresha za robo mu kwita ku barwayi ba COVID19.
Umuryango.rw
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 18 Kamena 2022
Abadepite ba Amerika babajije Trump uruhare rw’amabuye y’agaciro mu biganiro by’amahoro muri DRC
Gatsibo: Umukobwa w’imyaka 21 yatawe muri yombi akekwaho kwiba atoboye inzu
Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza
Muhanga: Yateshejwe inka yibye amaze gukingirana nyir’urugo
Indirimbo izasohoka ariko sinshyizeho igihe – Bruce Melodie kuri "Pom Pom” yakoranye na Diamond
Amerika yafatiye ibihano abashakira ADF imibereho muri Afurika y’Epfo
MINISANTE yatangije ku mugaragaro za Robo zunganira abaganga mu kwita ku barwayi ba COVID-19 zahawe amazina atangaje [AMAFOTO]