Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiriye inama Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, nyuma y’uko uyu mugabo w’imyaka 47 aherutse kwandagazwa, agakubitwa urushyi n’umugore Brigitte Macron w’imyaka 72.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yagiriye inama Macron uherutse gukubitwa urushyi n’umugore we
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ishyaka UPRONA ryashinje Leta y’u Burundi kwimika ubujiji
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIIshyaka UPRONA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi ryashinje CNDD-FDD ya Perezida Evariste Ndayishimiye guha akazi abanyamuryango gusa, rititaye ku bumenyi bukenewe kugira ngo igihugu gitere imbere.
-
Ingabo za Uganda zishobora guhagarika ubutumwa zimazemo imyaka 19 muri Somalia
27 January, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Maj Gen Felix Kulayigye, yaciye amarenga ko ingabo z’iki gihugu zigiye guhagarika ubutumwa bwo kugarura amahoro zari zimazemo imyaka 19 muri Somalia ikunze kurangwamo n’intambara z’urudaca.
-
Nyarugenge: Iduka ryo mu isoko ryibasiwe n’inkongi y’umuriro
14 April, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko iduka ryarimo ibicuruzwa by’amoko anyuranye ryo mu isoko rya Nyarugenge ryafashwe n’inkongi y’umuriro ariko haboneka ubutabazi ibyarimo byose bitarakongoka.
-
Njya nifuza ko uyu mwanya mwampaye ubutaha wazatwarwa n’umugore-Perezida Kagame
19 December 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yatangaje ko yishimiye intambwe ikomeye imaze kugerwaho mu buringanire kuko ibyo rumaze kugeraho bipimirwa ku rwego rw’isi anaboneraho gutangaza ko yifuza ko uwamusimbura ku buyobozi yazaba ari umugore.
-
Nyamasheke: Imodoka itwara abagenzi yahiriye muri gare irakongoka
9 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImodoka yo mu bwoko bwa taxi minimus yari itwaye abagenzi barimo abanyeshuri basubiraga ku ishuri yahiriye muri Gare ya Nyamasheke mu Karere ka Nyamasheke irakongoka, mu by’amahirwe hakaba ngta wahiriyemo cyangwa ibindi byaba byatikiriyemo uretse yo yonyine.
-
Abanye-Congo n’Abarundi 18 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato bajya muri Mayotte
20 March, by ISIMBI EstellaAbimukira 18 barimo 16 bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na babiri b’Abarundi bapfiriye mu mpanuka y’ubwato yabereye muri Comores, ubwo bari mu rugendo berekeza ku kirwa cya Mayotte kigenzurwa n’u Bufaransa.
-
Uko Gen Muhoozi yateguye bucece ifungwa ya Gen Maj Birungi
1 September 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Uganda kimaze amezi gikora iperereza rikomeye ku bofisiye bakuru bakekwaho uruhare mu guhimba ibitero by’ubwiyahuzi, bakabyitirira umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
-
Perezida Salva Kiir yashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya
11 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya, amusaba impinduka z’ingenzi.
-
Perezida Salva Kiir yahaye inshingano umaze imyaka itanu apfuye
4 February, by Angeline MUKANGENZIu wa 30 Mutarama 2026, Muri Sudani y’Epfo hasohotse iteka rya perezida, rishyira mu mwanya Steward Soroba Budia wo kuba umwe mu itsinda rishinzwe gukurikirana itegurwa ry’amatora y’umukuru w’igihugu, ariko nyuma biza kumenyekana ko uyu muntu wari mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya United Democratic Party [UDP], yapfuye mu myaka itanu ishize.
Umuryango.rw
Trump yagiriye inama Macron uherutse gukubitwa urushyi n’umugore we
Ishyaka UPRONA ryashinje Leta y’u Burundi kwimika ubujiji
Ingabo za Uganda zishobora guhagarika ubutumwa zimazemo imyaka 19 muri Somalia
Nyarugenge: Iduka ryo mu isoko ryibasiwe n’inkongi y’umuriro
Njya nifuza ko uyu mwanya mwampaye ubutaha wazatwarwa n’umugore-Perezida Kagame
Nyamasheke: Imodoka itwara abagenzi yahiriye muri gare irakongoka
Abanye-Congo n’Abarundi 18 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato bajya muri Mayotte
Uko Gen Muhoozi yateguye bucece ifungwa ya Gen Maj Birungi
Perezida Salva Kiir yashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya
Perezida Salva Kiir yahaye inshingano umaze imyaka itanu apfuye