Umuyobozi w’akarere ka Karongi MUZUNGU Gerald afatanyije n’umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage UMUHOZA Pascasie bavuze ko ikibazo cy’igwingira ry’abana muri aka karare kiri mu bituma ikigero cy’ubukene kiyongera ariko bakemeza ko bagifatiye ingamba kandi ko babona zigenda zitanga umusaruro mwiza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igwingira mu karere ka Karongi riri mu bituma ikigero cy’ubukene cyiyongera
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
U Rwanda n’u Buhinde bikomeje gushimangirwa ubufatanye
2 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe ari i New Delhi mu Buhinde aho yitabiriye inama ya kabiri ya Komisiyo ihoraho ihuriweho n’abahagarariye u Rwanda n’u Buhinde.
-
Reba LA LIGA kuri Startimes:FC Barcelona igiye guhura n’akazi gakomeye muri iki cyumweru
15 December 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse ku kiruhuko yahawe nyuma yo gusoza amarushanwa y’iburayi itinze.
-
Perezida wa Sénégal agiye kugirira uruzinduko mu Rwanda
10 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal arateganya kugirira mu Rwanda uruzinduko rw’akazi ruzaba ku wa 17 Ukwakira 2025, aho byatangajwe ruzaba ku butumire bwa Perezida Kagame.
-
Abakinnyi 11 Real madrid irakoresha nta Jude Belligham urimo
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi Real Madrid iraza gukoresha ntabwo hagaragaramo Jude Bellingham.
-
Tanzania ishobora gukurwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025
22 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ya Tanzania ishobora guterwa mpaga ku mukino iheruka gutsindamo Guinée 1-0, ibi bikaba byatuma ibura itike iyerekeza mu irushanwa riruta ayandi ku Mugabane wa Afurika rizabera muri Maroc umwaka utaha.
-
Ibiciro by’amashanyarazi bigiye guhinduka
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko harimo gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi bitigeze bihinduka kuva mu mwaka wa 2020, nk’imwe mu ngamba zo kwihaza mu bijyanye n’ingufu mu buryo burambye.
-
Umutungo wa Elon Musk wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutungo wa Elon Musk usanzwe ari umunyemari wa mbere ku Isi, wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe gusa, nyuma y’uko agaciro k’imigabane y’uruganda rwa Tesla kiyongereyeho 22%.
-
Grok’ mu bibazo: Abangavu batatu bayigejeje imbere y’inkiko bayishinja kubakoresha mu bikorwa by’urukozasoni
17 March, by ISIMBI EstellaIkoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rizwi nka Grok rishamikiye ku rubuga X rw’umushoramari Elon Musk ryajyanywe mu nkiko nyuma y’uko umuntu afashe amafoto ya nyayo y’abangavu batatu akayakoresha iby’urukozasoni ba nyirayo batabizi.
-
Gen Muhoozi yabwiye Bobi Wine ko icyiza yaguma i Genève
19 February, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko icyiza ari uko umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yakwigumira mu Busuwisi.
Umuryango.rw
Igwingira mu karere ka Karongi riri mu bituma ikigero cy’ubukene cyiyongera
U Rwanda n’u Buhinde bikomeje gushimangirwa ubufatanye
Perezida wa Sénégal agiye kugirira uruzinduko mu Rwanda
Abakinnyi 11 Real madrid irakoresha nta Jude Belligham urimo
Tanzania ishobora gukurwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025
Ibiciro by’amashanyarazi bigiye guhinduka
Umutungo wa Elon Musk wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe
Grok’ mu bibazo: Abangavu batatu bayigejeje imbere y’inkiko bayishinja kubakoresha mu bikorwa by’urukozasoni
Gen Muhoozi yabwiye Bobi Wine ko icyiza yaguma i Genève