Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zirwanira mu mazi ziba mu kigo cya Banana giherereye muri teritwari ya Muanda mu ntara ya Kongo-Central, yiciye abaturage batatu mu rusengero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
DRC: Umusirikare yiciye abaturage batatu mu rusengero
13 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
RDC n’ibindi bihugu bikennye byishyuye abo hafi ya Trump miliyoni z’Amadolari
11 July 2025, by ISIMBI EstellaUbucukumbuzi bwakozwe n’umuryango Global Witness bwagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ibindi bihugu bikennye 10, byishyuye abantu bakorana bya hafi na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira ngo babivuganire.
-
Niyo Bosco yashyize indirimbo ye ya mbere ya Gospel ahagaragara
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uri mu bakunzwe n’abatari bake mu Rwanda yashyize ahagaragara indirimbo ye ya mbere ya Gospel yise ‘Dady God’, nyuma yo gufata umwanzuro agatangariza abakunzi be ko agiye kujya aririmba akanahimba indirimbo z’Imana gusa.
-
Niyomugabo Philemon yazirikanywe mu gitaramo cyo kumurika igitabo cya Tonzi
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana akaba n’umwanditsi w’ibitabo Tonzi yazirikanye umuhanzi Niyomugabo Philemon mu gitaramo cyo kumurika igitabo cye.
-
Amb Bakuramutsa yasabye Isi guhagurukira abagihakana Jenoside
8 April, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi w’u Rwanda muri Koreya y’Epfo, Nkubito Bakuramutsa, yatangaje ko nyuma y’imyaka 32 Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, hakigaragara abantu bahakana bakanapfobya Jenoside bakoresheje imbuga nkoranyambaga, kandi ko bagomba kurwanywa.
-
Ishyaka Podemos muri Mozambike Ryasabye Irindi Barura ry’Amajwi
28 October 2024, by Joseph IradukundaIshyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Mozambique, Podemos ryatanze ikirego gisaba ko amajwi yavuye mu matora yongera kubarurwa. Ibi byatumye haba imyigaragambyo n’urugomo nyuma y’uko bitangajwe ko ishyaka riri ku butegetsi ariryo ryatsinze.
-
Nyamasheke: Umugabo w’imyaka 62 akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 12
25 October 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 62 wo mu Karere ka Nyamasheke ufite umugore bashakanye byemewe n’amategeko, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 12 wari uvuye kuvoma.
-
Abana bapfa batagejeje imyaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000
17 December 2025, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima mu Rwanda, DHS7, bwatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) bugaragaza ko abana bapfa batagejeje ku myaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000 mu mwaka 2020. Ni mu gihe mu mwaka 2000 hapfaga abana 196/1000.
-
Amakipe y’ibigugu yageze muri ½ cya UEFA Nations League, Cristiano ahabwa ishimwe
24 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ya Portugal yatsinze Denmark muri ¼ cya UEFA Nations League, ibona itike yo kuzahura n’u Budage bwakuyemo u Butaliyani. Undi mukino wa ½ ni uzahuza u Bufaransa bwakuyemo Croatia na Espagne yakuyemo u Buholandi.
-
Thomas Partey wahoze muri Arsenal yashinjwe ibyaha byo gufata ku ngufu
4 July 2025, by Joseph IradukundaUrukiko rwo mu Bwongereza rushinzwe gukurikirana imanza zatanzwe na Polisi y’Igihugu ‘Crown Prosecution Service’, rwatanze uburenganzira bwo kurega Thomas Partey ku byaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina.
Umuryango.rw
DRC: Umusirikare yiciye abaturage batatu mu rusengero
RDC n’ibindi bihugu bikennye byishyuye abo hafi ya Trump miliyoni z’Amadolari
Niyo Bosco yashyize indirimbo ye ya mbere ya Gospel ahagaragara
Niyomugabo Philemon yazirikanywe mu gitaramo cyo kumurika igitabo cya Tonzi
Amb Bakuramutsa yasabye Isi guhagurukira abagihakana Jenoside
Ishyaka Podemos muri Mozambike Ryasabye Irindi Barura ry’Amajwi
Nyamasheke: Umugabo w’imyaka 62 akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 12
Abana bapfa batagejeje imyaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000
Amakipe y’ibigugu yageze muri ½ cya UEFA Nations League, Cristiano ahabwa ishimwe
Thomas Partey wahoze muri Arsenal yashinjwe ibyaha byo gufata ku ngufu