Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mata 2020,Perezida Kagame yahakanye amakuru avuga ko ingabo z’u Rwanda zaba ziri muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo ndetse arizo ziri guha imbaraga FARDC mu gusenya imitwe yitwaje intwaro iri ku butaka bw’iki gihugu irimo na FDLR.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yamaganye amakuru avuga ko hari ingabo z’u Rwanda ziri muri RDC
27 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Abaturarwanda ibihumbi 400 basanzwemo malaria mu mezi atatu ya nyuma ya 2025
14 January, by ISIMBI EstellaImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) igaragaza ko abandura malaria biyongereye cyane mu mpera za 2025, ku buryo mu mezi atatu kuva muri Nzeri kugera mu Ugushyingo habonetse abantu 442.678 basanzwemo iyi ndwara.
-
Perezida Macron yijeje gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’u Bufaransa
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Emmanuel Macron, yatangaje ko u Bufaransa bugiye gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’iki gihugu, ndetse anakangurira ibindi bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kongera amafaranga bishora muri uru rwego rw’umutekano.
-
Abarwanyi barenga 40 ba al Shabaab biciwe mu gikorwa cy’Ingabo za Somaliya
3 March 2025, by Joseph IradukundaAbarwanyi barenga 40 bo mu mutwe witwaje intwaro wa kisilamu wa al Shabaab biciwe mu gikorwa cya gisirikare cy’Ingabo z’igihugu cya Somaliya muri iyi weekend.
-
Yemi Alade agiye gushyira ku isoko ry’u Rwanda ibikoresho bye bya ‘maquillage’
9 September 2025, by ISIMBI EstellaYemi Alade yatangaje ko guhera tariki 1 Ukwakira 2025 azaba yamaze KUGEZA ku isoko ry’u Rwanda ibikoresho bye ya ‘Maquillage’ yise ‘Yem Beauty’.
-
Guterres yeretse amahanga ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bijyana no kurwanya urwango n’ibiruhembera
7 April, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yasabye umuryango mpuzamahanga gukura amasomo kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ngo amateka nk’aya atazasubira.
-
Kenya: Perezida Ruto yasabye abafite ibitekerezo byubaka igihugu kutavugira mu ‘matama’
18 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Kenya, William Ruto yasabye ababa bafite ibitekerezo byiza byakubaka igihugu kurushaho kwigaragaza, aho kwirirwa bajujura.
-
RIB yafunze umukozi wa REB ukekwaho kwakira ruswa ngo ahe akazi umwarimu watsinzwe ikizamini
1 December 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwafunze uwitwa Habinshuti Salomon, umukozi mu kigo gishinzwe guteza imbere Uburezi (REB) n’umwe mu bakandida bashakaga akazi k’ubwarimu wamuhaye ruswa kugira ngo amuhindurire amanota asohoke mu batsinze kandi yari yatsinzwe.
-
Prosper Nkomezi yageze muri Israel
17 February, by ISIMBI EstellaProsper Nkomezi yageze I Tel Aviv ku wa 17 Gashyantare 2026. Uyu muhanzi yagiye mbere y’iminsi kugirango yitegure neza igitaramo cya mbere agiye gukorera muri Israel.
-
Nigeria: 21 biciwe mu bitero byagabwe n’umutwe wa Boko Haram, abarenga 50 barakomereka
15 February, by Angeline MUKANGENZIAbantu 21 biciwe mu bitero byagabwe n’umutwe wa Boko Haram, abarenga 50 barakomereka nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’umutekano zo mu majyaruguru ya Nigeria mu turere twa Borgu na Agwara abivuga.
Umuryango.rw
Abaturarwanda ibihumbi 400 basanzwemo malaria mu mezi atatu ya nyuma ya 2025
Perezida Macron yijeje gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’u Bufaransa
Abarwanyi barenga 40 ba al Shabaab biciwe mu gikorwa cy’Ingabo za Somaliya
Yemi Alade agiye gushyira ku isoko ry’u Rwanda ibikoresho bye bya ‘maquillage’
Guterres yeretse amahanga ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bijyana no kurwanya urwango n’ibiruhembera
Kenya: Perezida Ruto yasabye abafite ibitekerezo byubaka igihugu kutavugira mu ‘matama’
Prosper Nkomezi yageze muri Israel
Nigeria: 21 biciwe mu bitero byagabwe n’umutwe wa Boko Haram, abarenga 50 barakomereka