Frédéric Gateretse Ngoga wabaye Ambasaderi udasanzwe w’u Burundi, yanyomoje Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, wavuze ko mu Burundi habaye Jenoside mu 1994.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri wa RDC yanyomojwe nyuma yo kuvuga ko mu Burundi habaye Jenoside yakorewe Abahutu mu 1994
19 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Ngoma: Abantu 26 bakubiswe n’inkuba , Umwe ahita apfa
14 April, by ISIMBI EstellaAbantu 26 bo mu Murenge wa Gashanda mu Karere ka Ngoma, bakubiswe n’inkuba, umwe ahita apfa abandi bahita bajyanwa kwa muganga.
-
Nyarugenge: Abagabo 10 batawe muri yombi bakekwaho ubujura
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yataye muri yombi abantu 10 bakekwaho ubujura, aho bajyaga bategera abaturage mu nzira bakabambura ibyo bafite ndetse bakanabakomeretsa.
-
Haiti: Bongeye kwibasirwa n’Imyuzure yahitanye 51,imiryango ibihumbi nayo iri mu kaga
9 June 2023, by Joseph IradukundaImvura nyinshi yaguye muri Haiti mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Kamena, imaze guhitana ubuzima bw’abantu 51 abandi 140 barakomereka, mu gihe abandi 18 baburiwe irengero nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bwa ‘Civil Protection Directorate’.
-
Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA
19 July 2025, by Joseph IradukundaShema Ngoga Fabrice usanzwe uyobora AS Kigali yatanze kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu myaka ine iri imbere.
-
Abanyeshuri ba Kaminuza bagiye gufasha kugabanya imanza zijya mu nkiko
17 October 2024, by UbwanditsiUbucamanza bw’u Rwanda hamwe n’inzego zishinzwe guteza imbere ubutabera bwunga binyuze mu bwumvikane, bagaragarije abanyeshuri biga amategeko muri za kaminuza, uburyo bashobora kugira uruhare mu gukumira umubare munini w’imanza zijya mu nkiko zikamara imyaka zitaracibwa.
-
VeryDarkMan yasabye imbabazi nyuma yo kurwanira mu ndege
19 November 2025, by ISIMBI EstellaUmunya Nigeria Martins Otse uzwi nka Very DarkMan mu bakoresha imbuga nkoranyambaga neza muri icyo gihugu yasabye imbabazi nyuma yo gushyamirana na mugenzi we Mr Jollof bikarangira barwaniye mu ndege.
-
Chris Hemsworth yahishuye impamvu yimukiye muri Australia
26 February, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime Chris Hemsworth wamamye muri filime ‘Avengers’ yamenyekanye cyane mu Rwanda, yatangaje impamvu yatumye afata icyemezo cyo kuva muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akimukira muri Australia.
-
RDC: Amadolari arenga 3M yafatiwe ku Kibuga cy’Indege akomeje guteza impaka
23 March, by ISIMBI EstellaMuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), hafashwe amafaranga menshi y’amadolari ya Amerika ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya N’djili, ibyateje impaka n’inyungu zidasanzwe mu nzego z’ubutabera n’umutekano.
-
Uwahoze ari umuzunguzayi ubu ni rwiyemezamirimo ukoresha abakozi 30
1 March 2018, by Nsanzimana ErnestUwimana Jean D’ Amour wahoze azunguza inkweto mu mugi wa Kigali, nyuma y’ imyaka ibiri aretse kuzunguza agatangiza uruganda rukora inkweto yise ‘New Art Style’ ubu ni rwiyemezamirimo ukoresha abakozi 30 nk’ uko yabitangarije UMURYANGO’.
Nta gihe kinini kirashyira Leta y’ u Rwanda itangiye gukangurira Abanyarwanda bakiri bato kwiga amasomo ajyanye n’ ubumenyi ngiro kuko ariyo abafasha kwihangira imirimo, nta n’ imyaka itatu irashira Leta y’ u Rwanda iciye mu gihugu imyenda n’ inkweto (…)
Umuryango.rw
Minisitiri wa RDC yanyomojwe nyuma yo kuvuga ko mu Burundi habaye Jenoside yakorewe Abahutu mu 1994
Ngoma: Abantu 26 bakubiswe n’inkuba , Umwe ahita apfa
Nyarugenge: Abagabo 10 batawe muri yombi bakekwaho ubujura
Haiti: Bongeye kwibasirwa n’Imyuzure yahitanye 51,imiryango ibihumbi nayo iri mu kaga
Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA
Abanyeshuri ba Kaminuza bagiye gufasha kugabanya imanza zijya mu nkiko
VeryDarkMan yasabye imbabazi nyuma yo kurwanira mu ndege
RDC: Amadolari arenga 3M yafatiwe ku Kibuga cy’Indege akomeje guteza impaka