Kuri uyu wa Mbere,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa African Leadership University, Fred Swaniker ndetse n’abanyeshuri batandukanye ba kaminuza zo mu Rwanda.
Muri iki kiganiro perezida Kagame yavuze ibintu bitandukanye birimo impamvu yizerera mu rubyiruko,avuga uko yigeze kujya atanga umusanzu mu gutuma umujyi wa Kigali usa neza,igihe u Rwanda ruzakirira igikombe cy’isi n’ibindi.
Muri iki kiganiro,Perezida Kagame yavuze ko aho Umujyi wa Kigali ugeze uyu munsi haba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yavuze uko yasohokaga mu modoka agakura mu muhanda imyanda i Kigali
20 September 2021, by Dusingizimana Remy -
Bigirimana Noella wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
28 March 2025, by Angeline MUKANGENZIkuri uyu wa 28 werurwe 2025 urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Bigirimana Noella wahoze ari umuyobozi mukuru wungirije wa RBC afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Nyagatare: Rwempasha biteguye kubyaza umusaruro kaburimbo ya 18 Km bari kubakirwa
12 November 2025, by ISIMBI EstellaAbaturiye umuhanda Nyagatare- Kizinga uhuza Akarere ka Nyagatare na Uganda barishimira ko uri gushyirwamo kaburimbo aho biteguye ko uzabafasha mu bikorwa byabo bibyara inyungu ndetse no kunoza imibereho yabo.
-
Minisitiri Dr. Bizimana yagaragaje ko hari ababyeyi bangisha abana Leta
29 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko hari abana bafite urwango rukomeye ku gihugu ndetse n’Ingengabitekerezo ya Jenoside, ariko atari bo byaturutseho ahubwo byaratewe n’ababyeyi babajya mu matwi babeshya ko Leta yabarenganyije.
-
Nyamasheke: Harabarurwa Ingo zirenga ibihumbi 34 zitarihaza mu biribwa
27 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mark Cyubahiro Bagabe, yashimye intambwe imaze guterwa mu gufasha Abanyarwanda kwihaza mu biribwa ariko avuga ko idahagije kuko bimwe mu biribwa Abanyarwanda bakenera bakibikura hanze y’igihugu.
-
Mu mafoto reba uko umuhango wo gutanga ipeti rya Lieutenant wagenze
14 July 2018, by Nsanzimana ErnestGako, mu Bugesera tariki 13 Nyakanga 2018 reba uko byari byifashe mu mafoto ubwo abasore n’ inkumi 180 bahabwaga ipeti rya Lieutenant ribashyira mu mubofisiye bato.
-
RPL yakoze impinduka ku matariki umunsi wa 9 wa shampiona wari kuzaberaho
28 October 2024, by Joseph IradukundaRwanda Premier League yigije imbere Umunsi wa Cyenda wa Shampiyona wari uteganyijwe tariki 22-24 Ugushyingo, ushyirwa tariki 5-7 Ugushyingo 2024.
-
Musanze: Yafatanywe ibiro bisaga 6 by’urumogi arimo kurukwirakwiza
18 March, by ISIMBI EstellaKu mugoroba wo kuri uyu wa mbere, tariki ya 16 werurwe 2026, ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafashe umugabo w’imyaka 43, ufite udupfunyika tw’urumogi dupima ibiro bisaga bitadatu (6), ari kurukwirakwiza mu baturage.
-
Remco yakubise inshuro Pogačar ku Munsi wa Mbere wa Shampiyona y’Isi y’Amagare
21 September 2025, by ISIMBI EstellaUmubiligi Remco Evenepoel yegukanye Umunsi wa Mbere wa Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali, nyuma yo kwitwara neza mu cyiciro cyo gusiganwa n’ibihe, ahiga mukeba we Tadej Pogačar.
-
Ibibazo by’itangira ry’amashuri bibakururira kwiyahura ku kigero gikabije
2 September 2024, by Joseph IradukundaAbantu babiri bapfuye mu mujyi wa Yokohama mu Buyapani nyuma y’uko umukobwa w’umwangavu asimbutse hejuru y’igorofa ndende y’ubucuruzi akagwa ku muntu wagendaga hasi n’amaguru.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yavuze uko yasohokaga mu modoka agakura mu muhanda imyanda i Kigali
Bigirimana Noella wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Nyagatare: Rwempasha biteguye kubyaza umusaruro kaburimbo ya 18 Km bari kubakirwa
Minisitiri Dr. Bizimana yagaragaje ko hari ababyeyi bangisha abana Leta
Nyamasheke: Harabarurwa Ingo zirenga ibihumbi 34 zitarihaza mu biribwa
RPL yakoze impinduka ku matariki umunsi wa 9 wa shampiona wari kuzaberaho
Musanze: Yafatanywe ibiro bisaga 6 by’urumogi arimo kurukwirakwiza
Remco yakubise inshuro Pogačar ku Munsi wa Mbere wa Shampiyona y’Isi y’Amagare
Ibibazo by’itangira ry’amashuri bibakururira kwiyahura ku kigero gikabije