Dmitry Medvedev wahoze ari Perezida w’u Burusiya yavuze ko abayobozi ba Ukraine bafite amahirwe ya nyuma yo kugirana ibiganiro n’u Burusiya kugira ngo baramire igihugu cyabo, bitaba ibyo bazamera nka cya kirondwe cyasigaye ku ruhu inka yarariwe kera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine yahawe amahirwe ya nyuma na Medvedev wahoze ayobora u Burusiya
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Abadepite b’abagore muri Afurika basabwe kutarebera akarengane kari muri RDC
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite, Kazarwa Gerturde, yasabye abagore bagize intego zishinga amategeko mu bihugu byo muri Afurika bibarizwa muri ‘Commonwealth’, kuzamura ijwi ryabo mu gihe hari aho uburenganzira bw’ikiremwamuntu butubahirizwa, nko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Bénin: Romuald Wadagni yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu
14 April, by Angeline MUKANGENZIKomisiyo y’Igihugu y’Amatora muri Bénin yatangaje ko umukandida watanzwe n’Ishyaka riri ku Butegetsi, Romuald Wadagni, ari we watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu n’amajwi 94%.
-
Iran yatanze umuburo ku bihugu bizafasha Israel mu kuyirasaho
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuByitezwe ko mu minsi ya vuba Israel izarasa muri Iran, mu rwego rwo kwihorera ku gitero icyo gihugu giherutse kuyigabaho nyuma y’uko icyo gihugu cyishe Hassan Nasrallah wari umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah, kimwe n’abandi basirikare bakuru b’uwo mutwe.
-
Rutshuru: Imirwano irakomeje hagati ya M23 na Wazalendo
18 May 2025, by Joseph IradukundaIshami rya ONU rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (OCHA) rivuga ko abantu barenga 10,000 bahunze ingo zabo mu bihe bya vuba muri Teritwari ya Rutshuru y’intara ya Kivu ya Ruguru ya DR Congo kubera imirwano y’imitwe yitwaje intwaro, imirwano ikomeje no muri izi mpera z’icyumweru.
-
Diddy yandikiye ibaruwa umucamanza amutakambira mbere y’amasaha make ngo akatirwe
3 October 2025, by ISIMBI EstellaSean "Diddy" Combs wamamaye ku mazina atandukanye mu muziki arimo P.Diddy n’ayandi, yandikiye ubucamanza mbere y’amasaha make ngo akatirwe, asaba imbabazi ku byo yakoze bibi mu myaka yatambutse.
-
U Rwanda na Tanzania byahuriye mu nama ya 15 ihuza abayobozi b’ingabo ku mipaka
25 March, by Angeline MUKANGENZIAbayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF), bahuriye mu nama 15 y’Abayobozi b’Ingabo bakorera ku mipaka, igamije gukemura ibibazo by’umutekano byo ku mipaka no gukomeza kunoza ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
-
Neymar yongeye gukura umutima abafana kubera imvune
5 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Brésil, Neymar Santos Júnior yongeye kugira imvune nyuma y’uko akizi indi yari imaze umwaka, ariko amara impungenge abakinnyi ko noneho bidakomeye cyane.
-
Zari yasabye Shakib kwitwara nk’umugabo wubatse ntabeshye abakobwa
25 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuherwekazi Zari Hassan uzwi nka Boss Lady ku mbuga nkoranyambaga yabwiye umugabo we Shakib Lutaaya ko hari abagore bamukunda bitewe n’amatsiko yo gushaka kumenya icyo Zari yamukundiye ariko kandi akwiye kutababeshya akababwira ko afite umugore ndetse akitwara nk’uwubatse.
-
Gitifu w’Umurenge yatunguye abantu kubera kurara mu ihema ngo yegere abaturage
15 March 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma yo kumva impanuro z’ umukuru w’ igihugu asaba abayobozi kuva mu biro bakegera abaturage bakumva ibibazo byabo, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo Mupenzi Leon Pierre yahisemo gushaka ihema ryimukanwa ubu arimo guca ingando kuri buri kagari akazenguruka urugo ku rundi yumva ibibazo by’ abaturage.
Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, Gasana Richard, yatangarije Igihe dukesha iyi nkuru ko nyuma ko bakimara kumva impanuro za (…)
Umuryango.rw
Ukraine yahawe amahirwe ya nyuma na Medvedev wahoze ayobora u Burusiya
Abadepite b’abagore muri Afurika basabwe kutarebera akarengane kari muri RDC
Bénin: Romuald Wadagni yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu
Iran yatanze umuburo ku bihugu bizafasha Israel mu kuyirasaho
Rutshuru: Imirwano irakomeje hagati ya M23 na Wazalendo
Diddy yandikiye ibaruwa umucamanza amutakambira mbere y’amasaha make ngo akatirwe
U Rwanda na Tanzania byahuriye mu nama ya 15 ihuza abayobozi b’ingabo ku mipaka
Neymar yongeye gukura umutima abafana kubera imvune
Zari yasabye Shakib kwitwara nk’umugabo wubatse ntabeshye abakobwa